Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame niwe uzahabwa igihembo ‘World Tourism Award 2017’ ashimirwa ubuyobozi bwe bw’indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo, mu muhango uzabera mu nyubako ya ExCeL...
Ingabo z’u Rwanda zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bw’amahoro I Malakal muri Sudani y’Epfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cy’umwaka mu kazi mu Ngabo za Loni...
Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yatunguye umukunzi we...
None ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, yasezeraniye n’umukunzi we mu murenge wa Remera mu mujyi wa...
Umunyamakuru Kenneth Eugene Anangwe yasezeraniye imbere y’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda n’umukunzi we mu Murenge wa Remera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017....
Umuririmbyi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melody yamaze gufata rutema ikirere yerekeza i Burayi aho agiye mu gitaramo yatumiwemo cyiswe ‘Ikinya Live in Bruseless’
Yavuganye n’umunyamakuru wa...
Umuririmbyi Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo itsinda rya Urban Boyz n’umukunzi we Amy Blauman, bahagurutse mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017 bajya muri...
Umuririmbyi Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys wavuye mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017, yatangaje ko we n’umukunzi we bageze mu mujyi wa New York...
Maniraruta Martin wiyeguriye muzika nka Mani Martin, yakomoje ku nzira y’umusaraba yanyuze ava Kigali yerekeza muri Uganda mu mushinga w’indirimbo yari afitanye na Eddy Kenzo wo gusubiramo...
Perezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba waherukaga mu Rwanda mu mezi atanu ashize kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Gashyantare yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’ umunsi umwe.
Ku isaha ya Saa tanu nibwo...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2018, nibwo Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni,byibanze ku bibazo bishingiye ku muhanda wa gari ya moshi,...
Ivan Minnaert yamaze kugaruka mu kazi ke mu ikipe ya Rayon Sports nyuma y’aho ku munsi w’ejo inkuru yabaye kimomo ko yatawe muri yombi na polisi yo muri Afurika y’Epfo ashinjwa ubwambuzi yakoreye...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 23 Gicurasi harimo uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Bufaransa, Muri Amerika umunyamategeko wa Trump yariye ruswa ategura ibiganiro hagati ya Trump na Perezida...
U Rwanda na Singapore basinyanye amasezerano y’ ubufatanye aha abaturage babo uburenganzira bungana mu bucuruzi n’ ay’ ubufatanye mu bijyanye n’ ingendo zo mu...
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa...
Urugendo rwa Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi ni rwo rwabimburiye urw’abandi ba perezida barimo uw’u Bushinwa Zi Jinping na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde Narendra Modi bateganya kugirira mu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana...
Kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko rwihariye muri Seychelles, aganira na Perezida Danny Faure uyobora iki gihugu.
Rutahizamu w’umunya Ghana witwa Michel Sarpong bakunda kwita Balotelli yasesekaye I Kigali mu rukererera rwo kuri uyu wa kabiri aho aje mu biganiro n’ikipe ya Rayon...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, i Abidjan muri Côte d’Ivoire, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bambitswe imidali y’ikirenga na Perezida Alassane...
Abakuru b’ibihugu bya Afurika barimo Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, Sahle-Work Zewde wa Ethiopia, uwa Togo Faure Gnassingbé na Minisitiri w’Intebe wa Cote d’Ivoire, Amadou Gon Coulibaly bari mu...