None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Uwizeyimana Evode yagaragaje kutumvikana na Musenyeri wa Doyosezi Gatulika ya Byumba Nzakamwita Servilien watanze igitekerezo cy’uko hakwitabwaho...
Abatsindiye intego mu mikino yabaye mu mpera z’ icyumweru gishize ariyo Manchester united vs Sunderland, Arsenal vs West Brom, Hull City vs Man city, Paris St Germain vs Lorient na Monaco vs Caen...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko umutekano ariwo shingiro rya byose avuga ko Abanyarwanda bagomba kugira umutekano haba kuneza cyangwa ku ngufu.
Ibi Perezida Kagame yabivuze kuri uyu...
Abadepite n’abasenateri batoreye Mohamed Abdullahi Mohamed "Farmajo" wahoze ari Minisitiri w’Intebe kuba Perezida w’icyo gihugu.
Yatowe mu matora yabaye uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 8...
Ikipe ya Paris Saint Germain yihereranye FC Barcelona iyitsinda ibitego 4-0, biyongerera amahirwe yo kuba yakwerekeza muri 1/4 cy’irangiza. Hari mu mukino ubanza wa 1/8 mu irushanwa rihuza amakipe...
Minisiteri y’ ububanyi n’ amahanga y’ u Buhinde yatangaje ko Visi Perezida w’ iki gihugu Hamid Ansari azasura u Rwanda kuva tariki 19 -21 Gashyantare 2017.
Ni uruzinduko ruje nyuma y’ urwo umukuru...
Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko yagiriraga mu Rwanda, yahaye ikiganiro Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga UR-CST...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabwe kugaragaza ibimenyetso ku byo ashinja uwo yasimbuye Barack Obama byo kumwumviriza kuri telefone.
Umusenateri ukomoka mu ishyaka...
Amarushanwa mu makipe yibihugu burya aba atandukanye n’ayo mu matsinda, bikaba rero ibyo kugawa iyo umukinnyi uri ku rwego mpuzamahanga atabashije kumenyera vuba izi mpinduka. Hasi hari urutonde...
Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika/Foto: CNN
Mu buryo butunguranye kuri uyu wa kabili Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yahambirije James Coney wayoboraga...
Umukino wa ruhago ku isi ni umwe mu mikino ikomeye ndetse ikunzwe cyane na benshi kuko usanga abayikina barabaye abakire bo ku rwego rwo hejuru.
Ntago ari amakipe yose akize kuko ayo ku...
Nyuma yo kwerekeza mu ikipe ya Chelsea aguzwe muri Marseille kuri miliyoni 33 z’ama-pound (£33m), umubiligi Michy Batshuayi yafashije iyi kipe y’i Londres kwegukana igikombe cya shampiyona y’u...
Vincent Biruta, Perezida wa PSD
Kuri uyu wa gatandatu ishyaka PSD, Ishyaka rivuga ko riharanira demukarasi n’imibereho myiza ya Rubanda ryakoresheje kongere yo kwizihiza imyaka 26 rimaze ndetse...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Massimiliano Allegri utoza ikipe ya Juventus yongerewe amasezerano agera muri 2020 nyuma yo gutsindwa na Real Madrid ibitego 4-1 ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wabaye ku Cyumweru...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kamena 2017, mu ngoro yayo hazabera umuhango wo gusezera mu cyubahiro Depite Muakayisenga Francoise.
Depite...