Ikipe ya Arsenal itozwa na Mikel Arteta ikomeje kwiyubaka gusa ngo ifite gahunda yo kurekura abakinnyi 11 bari kumwe nayo mu mwiherero yagiriye muri Amerika mu cyumweru gishize.
Ariko abayobozi...
Ikipe ya Arsenal yakomeje kugumana umwanya wayo wa mbere muri Premier League nyuma yo gutsinda Tottenham mu mukino w’ishyiraniro wabereye kuri Stade ya Emirates.
Ikipe ya Mikel Arteta yihariye...
Umukinnyi uhagaze neza cyane muri Arsenal, Gabriel Martinelli, ’ntago ari hafi’ yo gusinyana amasezerano mashya yo kuguma kuri Emirates kubera kutumvikana n’iyi kipe ku mushahara.
Uyu munya Brazil...
Arsenal yagarutse ku mwanya wa mbere wa Premier League nyuma yo gukura intsinzi ikomeye ku kibuga Stamford Bridge itsinze Chelsea igitego 1-0.
Arsenal ikomeje kwitwa n’abakunzi ba ruhago ko ari...
Ikipe ya FC Barcelona yanyagiye Real Madrid ibitego 3-1 iyitwara igikombe cya Super Cup cyabaye icya mbere umutoza Xavi yegukanye muri iyi kipe mu gihe mu Bwongereza ikipe ya Arsenal yabashije...
Polisi ya Jinja muri Uganda yataye muri yombi abafana barenga 8 ba Arsenal nyuma y’uko bazengurutse mu mihanda bishimye cyane kubera gutsinda Manchester United ibitego 3-2 ku cyumweru.
BBC...
Umwana wa David Beckham witwa Romeo Beckham yamuserereje cyane nyuma y’uko Arsenal afana itsinze United se yakiniye igihe kinini ndetse akaba ari nayo yari ari gufana ku cyumweru.
Nyuma y’uko...
Umuholandi Robin van Persie wahoze akinira Arsenal ngo yabwiye mugenzi we bakinanaga ko ubwo yayivagamo akerekeza muri Manchester United mu mwaka wa 2012,yasanze imyitozo yabo itandukanye cyane....
Umwe mu bakinnyi Arsenal igenderaho cyane,Thomas Partey arasubira vuba na bwangu muri Arsenal nyuma yo kutaboneka mu mukino w’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika banganyije na Angola...
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier aratangaza ko politiki mbi y’urwango n’ingengabitekerezo ya jenoside idashobora kugaruka mu Rwanda kuko n’uwahirahira agerageza kuyigarura yatsindwa...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yanze kwitabira ikiganiro yagombaga kugirana n’abasenateri n’abadepite bo muri Amerika mu gihe hari ikibazo cy’uko Amerika ishobora guhagarika inkunga itera...
Umutoza MIKEL ARTETA avuga ko Arsenal yiteguye kwitaba ku isoko ryo kugura abakinnyi muri Mutarama 2024, nyuma yo kwemeza ko ifite imyanya myinshi ifite icyuho mu ikipe...
Ba myugariro ba Arsenal,Ben White na Oleksandr Zinchenko bagaragaye bashyamirana ndetse bari hafi yo kurwana nyuma yo kutumvikana ku byavuye mu mukino.
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta,yatangaje ko iyi kipe ye yifuza abakinnyi beza bari ku rwego rw’umufaransa Kylian Mbappe ndetse ko nta gitangaza kirimo bagiye mu biganiro...
Ikipe ya Liverpool na Manchester City zanganyije mu mukino wari ukomeye wabereye kuri Anfield bituma Arsenal ijya ku mwanya wa mbere muri Premier League.
Mu myaka yashize,ikipe ya Arsenal yafataga kurangiza muri bane ba mbere muri Premier League nk’igikombe cyayo, ariko abakinnyi bamwe bakunze guhura na Arsene Wenger igihe yagurishaga abakinnyi...
Umutoza wa Man City,Pep Guardiola yatangaje ko Kyle Walker na John Stones bombi batazakina umukino uzabahuza na Arsenal,kuri iki cyumweru kubera imvune.
Abakinnyi b’Ikipe ya Arsenal mu bagabo n’abagore ndetse n’abanyabigwi bayo batanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu gutangiza ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe...
Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Rodri, yanenze imitekerereze ya Arsenal ubwo yasuraga Man City kuri Etihad muri Werurwe uyu mwaka,igakina yugarira cyane aho gushaka uko yatsinda...
Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
Umusenateri ukomoka muri Leta ya Arizona yaseye kuri uyu mwanya anavuga amwe mu banga y’ ishyaka we na Perezida Donald Trump bakomokamo.
Jeff Flake usanzwe atumvikana na Perezida Trump kuri uyu...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal Hector Bellerin akomeje kugarukwaho na benshi kubera uburanga bw’umukunzi we Shree Patel usanzwe ari umunyamideli mu gihugu cy’Ubwongereza ndetse ukunze kwambara Bikini...
Mu kanya gashize nibwo abashinzwe gutegura imikino ya shampiyona y’Ubwongereza ya ruhago ikunzwe kurusha izindi ku isi ,Premier League 2018-2019,aho ikipe ya Arsenal igomba gucakirana na...
Umukinnyi Mesut Ozil ukina asatira mu ikipe ya Arsenal yatangiye guteza mu ikipe aho ku wa Kane w’icyumweru gishize yabeshye umutoza Emery Unai ko arwaye ndetse yifuza kuvanwa mu bakinnyi...