Inshamake y’ uko isi yiriwe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 harimo uko Perezida Kagame yakiriwe mu ruzinduko arimo muri Ethiopia aho yagiye aturutse mu Bufaransa, Umugi wa Kigali n’ akarere ka Ruhango...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ntabwo azahura na Kim Jong Un mu kwezi gutaha niko ibiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe White House byatangajwe kuri uyu wa 24 Gicurasi...
Muri kaminuza ya Dongguk yo mu mugi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo hafunguwe ishuli ryigisha abasore n’inkumi gutereta ndetse no gufasha abantu kumenya guhitamo neza abo bakwiriye...
Mu gihugu cya Maldives giherereye mu majyepfo ya Asia mu Nyanja y’Ubuhinde, hafunguwe hoteli ya mbere ku Isi yubatse munsi y’amazi, ihabwa izina ry’Ikinyarwanda...
Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
Pariki y’ ubukerarugendo igiye kubakwa i Nyandungu mu mujyi wa Kigali
U Rwanda na Zimbabwe byashyizwe ku rutonde rwiswe Condé Nast ranking nk’ahantu heza ho kuzatembera mu 2017, akaba ari byo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde.
Iyi nama yiswe...
Mu mujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande babaye mu ba mbere batangiye umwaka mushya wa 2017 Umujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande wabaye umujyi wa mbere mu mijyi ikomeye ku isi mu gutangira...
Imwe mu makamyo atwara ibucuruzwa byambukiranya imipaka y’ ibihugu
Raporo y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare irerekana ko mu gihembwe cya gatatu mu mwaka ushojwe wa 2016, ubucuruzi bwose muri...
Umuvugizi wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatangaje ko ibyo abantu bakeka ko uyu muyobozi asinzira mu nama bitewe n’ izabukuru atari byo ahubwo aba ahumirije
George Charamba yatangaje ko...
Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa.
Jenerali...