skol
Kigali

Search: Singapore (140)

Uko Isi yiriwe tariki 25 Gicurasi 2018 [AMAFOTO]

Inshamake y’ uko isi yiriwe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018 harimo uko Perezida Kagame yakiriwe mu ruzinduko arimo muri Ethiopia aho yagiye aturutse mu Bufaransa, Umugi wa Kigali n’ akarere ka Ruhango...
25 May 2018 2138 0

Trump nta gihuye na Kim Jong un mu kwezi gutaha

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump ntabwo azahura na Kim Jong Un mu kwezi gutaha niko ibiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe White House byatangajwe kuri uyu wa 24 Gicurasi...
24 May 2018 698 0

Hafunguwe kaminuza yigisha abasore n’abakobwa gutereta

Muri kaminuza ya Dongguk yo mu mugi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo hafunguwe ishuli ryigisha abasore n’inkumi gutereta ndetse no gufasha abantu kumenya guhitamo neza abo bakwiriye...
27 April 2018 2221 0

Perezida Kagame yagaragaje ko Abanyarwanda bafite ibizabageza ku iterambere bifuza

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2017, ubwo yatangizana inama y’ igihugu y’ umushyikirano yagaragaje ibyo iterambere rirambye Abanyarwanda bifuza kugeraho...
18 December 2017 232 0

Mu mafoto reba Hoteli yafunguwe y’igitangaza ku isi yubatse munsi y’amazi yahawe izina ry’ikinyarwanda[AMAFOTO]

Mu gihugu cya Maldives giherereye mu majyepfo ya Asia mu Nyanja y’Ubuhinde, hafunguwe hoteli ya mbere ku Isi yubatse munsi y’amazi, ihabwa izina ry’Ikinyarwanda...
6 November 2018 4839 0

Reba ibihugu bifite Passports zikomeye ku isi

Muri iki gihe abantu benshi bakunda kuzenguruka ibihugu bakenera ibyangombwa bibemerera kwinjira mu gihugu kimwe bajya mu kindi ,aho bitewe n’igihugu ukomokamo passport igufasha kwinjira byoroshye...
14 September 2017 9727 0

Miss Elsa yavuze ku musore watangaje itariki y’ubukwe bafitanye mu Ukuboza 2017

Miss Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, yatangaje ko yatunguwe no kubona hari umusore washyize hanze itariki y’ubukwe bwe nawe, ngo nta gahunda afitanye nawe n’ubwo yateguje abantu kuzataha ubukwe...
11 September 2017 15825 0

Umukobwa wiyemeje kuzengeruka isi na moto ari mu Rwanda [amafoto]

Umukobwa w’ imyaka 38 ukomoka mu gihugu cya Ukraine wiyemeje kuzengeruka ibihugu byose byo ku Isi agenda kuri moto yageze mu Rwanda anyurwa n’ isuku yahasanze. Uyu mukobwa witwa Grechishkina Anna...
6 September 2017 4706 0

Umunyapolitiki winjiza menshi umukinnyi amukubye inshuro 90

Muri iyi minsi aho ubukungu bw’isi bukomeje kugenda busubira hasi abakinnyi mu ngeri zitandukanye bakomeje kuyoragura akayabo k’amafaranga arimo ayo bagurwa n’ayo bishyurwa nk’umushahara utaretse...
27 July 2017 843 0

Justin Beiber yakumiriwe n’ u Bushinwa kubera imyitwarire ye

Umuhanzi w’umuraperi w’umunya Canada ufite ubwenegihugu bw’Amerika, Justin Beiber, yabujijwe kujya gukorera igitaromo mu gihugu cy’ Ubushinwa bitewe n’imyitwarire ye idahwitse. BBC dukesha iyi nkuru...
21 July 2017 411 0

Miss Iradukunda Elsa azitabira Miss World 2017 irimo ba Nyampinga 129

Irushanwa ry’ubwiza ryo ku rwego rw’isi ryo muri 2017 (Miss World 2017) rigiye kubera mu gihugu cy’ Bushimwa tariki ya 18 Ugushyingo 2017, rizitabirwa n’abakobwa 130 barimo na Nyampinga w’u Rwanda,...
21 July 2017 766 0

Iby’ ingenzi mu byaranze tariki 3 Nyakanga

Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
3 July 2017 376 0

U Rwanda ku mwanya wa mbere mu kugira abashomeri bake mu rubyiruko-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwatangijwe n’ikigo cy’umuherwe Ashish J Thakkar bwiswe “Ashish J Thakkar Global Entrepreneurship Index” bwashyize u Rwanda mu bihugu 45 bya mbere ku isi byorohereza guhanga...
28 November 2016 698 0

Amerika k’Urutonde rw’ibihugu byibitseho injiji

Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
19 December 2016 1379 0

U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bihiga ibindi gukurura ba mukerarugendo muri 2017

Pariki y’ ubukerarugendo igiye kubakwa i Nyandungu mu mujyi wa Kigali U Rwanda na Zimbabwe byashyizwe ku rutonde rwiswe Condé Nast ranking nk’ahantu heza ho kuzatembera mu 2017, akaba ari byo...
24 December 2016 2230 0

Perezida Kagame na Kenyatta mu bazitabira inama mpuzamahanga y’ Ubuhinde

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde. Iyi nama yiswe...
29 December 2016 467 0

Mu mafoto: Dore uko Ubunani bwa 2017 bwizihijwe hirya no hino ku Isi

Mu mujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande babaye mu ba mbere batangiye umwaka mushya wa 2017 Umujyi wa Auckland muri Nouvelle Zelande wabaye umujyi wa mbere mu mijyi ikomeye ku isi mu gutangira...
31 December 2016 3236 0

2016: Ibyoherezwa mu mahanga n’ ibitumizwayo byagabanyutseho 5.9%

Imwe mu makamyo atwara ibucuruzwa byambukiranya imipaka y’ ibihugu Raporo y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare irerekana ko mu gihembwe cya gatatu mu mwaka ushojwe wa 2016, ubucuruzi bwose muri...
4 January 2017 376 0

Umuvugizi wa Perezida Mugabe yanyomoje amakuru y’ uko Mugabe asinzira mu nama

Umuvugizi wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yatangaje ko ibyo abantu bakeka ko uyu muyobozi asinzira mu nama bitewe n’ izabukuru atari byo ahubwo aba ahumirije George Charamba yatangaje ko...
12 May 2017 1274 0

Amerika yahaye gasopo u Bushinwa ku birwa byo mu nyanja y’amajyepfo

Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa. Jenerali...
3 June 2017 1936 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120