Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide, yageneye buri mukinnyi w’iyi kipe ihene mu rwego rwo kubashimira uko bari kwitwara muri shampiyona no kubagenera impano y’iminsi mikuru.
Ni igikorwa...
Mu kabari kamwe ko mu gasantere ka Cyanza mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Ruhango habereye imvururu zahuje abafana ba APR FC n’aba Rayon Sports birangira umuntu umwe ahasize...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umusore witwa Tuyishimire Alex ukekwaho kwica nyima amuteye icumu.
Aya makuru yemejwe n’ umuvugizi wa polisi y’ u Rwanda mu ntara y’ amajyepfo mu...
Ikipe y’Igihugu y’Amagare (Team Rwanda ) imaze kwegukana imidali 3 ya Feza mu byiciro byose uko ari 3 yashoye muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare yatangiye kubera mu Misiri kuri uyu wa...
Ku munsi wa kabiri wa shampiyona ya Afurika yo gusiganwa ku magare,abakinnyi b’u Rwanda barimo Habimana Jean Eric na Mugisha Moise begukanye imidali 5 irimo itatu iya Feza mu gusiganwa ku giti...
Kuri uyu munsi wa kabiri wo gukingira COVID-19 mu Rwanda, ku bitaro bikuru bya Ruhengeri mu Karere ka Musanze, habereye igikorwa cyo gukingira abakinnyi ndetse n’abayobozi b’ikipe ya Musanze...
Abayobozi bose bari bafite aho bahurira n’imyitwarire yo mu ishuri rya Sainte Trinite Nyanza T.S.S bakuwe mu nshingano hanafatwa izindi ngamba mu rwego rwo gukumira ko ibyaribayemo bitakongera...
Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa yasuye Team Rwanda yari imaze iminsi mu Misiri ikina shampiyona ya Afurika yo gusiganwa ku magare,ayishimira uko yitwaye ikazana imidali 14 ndetse...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Umuhanzi Nemeye Platini P uzwi ku izina rya Platini P , yahishuye ko umwaka wa 2021 ari umwaka wagenze neza kuri we kuko ugiye gusiga umuziki we awugeje ku rwego rurenze urwo yari...
• Minisitiri Uwacu Julienne yasuye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare izahagararira u Rwanda.
• Minisitiri Uwacu yababwiye ko bagomba kwibuka ko bahagarariye u Rwanda bityo bagomba...
Hadi Janvier na bagenzi be ntibagikinnye irushanwa ryagombaga gutangira ku munsi w’ejo muri Cameroon rya Tour du Cameroon nyuma y’aho ubuyobozi bwaryo butangaje ko risubitswe.
Hadi Janvier agiye...
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko yifuza ko abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bakwiye kurenga amarushanwa yo muri Afurika bagaharanira guhangana mu yakinirwa hanze...
Umuyobozi w’imikino muri MINISPOC Bugingo Emmanuel yatangaje ko abakinnyi ba Team Rwanda batigeze bahungabanywa no kuba batarabona uduhimbazamusyi twabo tumaze igihe tutaratangwa mu gihe abakinnyi...
Kuri uyu wa 29 Ukuboza, ku kimoteri cya Nduba Kiri mu murenge wa Nduba akarere ka Gasabo, hangirijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kari hejuru ya Miliyoni 16 n’ibihumbi 500 byose byavuye mu...