Umunya Mali Oumar Sidibe ukina mu kibuga hagati afasha ba rutahizamu byavugwaga ko yamaze gutsinda Rayon Sports mu rubanza yayireze muri FERWAFA ayishinja kumwambura imishahara y’amezi...
Umukinnyi Bruno Fernandes uhagaze neza kurusha abandi bose mu ikipe ya Manchester United yatangaje ko azemera kongera amasezerano y’imyaka 5 iyi kipe ye ishaka kumwongerera igihe cyose izabasha...
Kizigenza ku isi akaba na kapiteni wa FC Barcelona,Lionel Messi,numwe mu bakinnyi bafite imitungo ihenze cyane ndetse yaguze buri kimwe buri muntu wese ku isi yakwifuza kugira yaba amazu,...
Barcelona ivuga ko igiye gufata "ingamba zikwiriye mu mategeko" ku kinyamakuru El Mundo cyo muri Espange giheruka gutangaza inyandiko y’amasezerano y’akazi ya Lionel...
Kizigenza Lionel Messi azarangiza amasezerano yagiranye na FC Barcelona muri Kamena uyu mwaka ayisaruyemo amayero €555,237,619. Gusoza amasezerano bimuha amahirwe yo kwerekeza mu ikipe iyo ariyo...
Rutahizamu Cristiano umaze imyaka isaga 15 ari hejuru mu mupira w’amaguru yagaragaye mu mashusho yo kwamamaza imikino yo kuri telefoni ari kurwanisha imbunda bica amarenga ko uyu mugabo ashobora...
Jack Ma, cyangwa Ma Yun yavutse ku ya 10 Nzeri 1964 i Hangzhou, Zhejiang, mu Bushinwa. Yatangiye kwiga iIcyongereza akiri muto aganira n’abavuga Icyongereza muri Hangzhou International...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yatunguranye atangaza ko ntacyo umutima we umushinja ku mwanzuro wababaje benshi yafashe wo gukura mu ikipe izakina Premier League Mesut...
Umunyezamu Marc-Andre ter Stegen wa FC Barcelona usanzwe ari n’umukinnyi iyi kipe igenderaho yabwiye iyi kipe ko kugira ngo ayongerere amasezerano igomba kumugira umukinnyi wa kabiri uhembwa...
Umunya Brazil ukinira ikipe ya PSG,Neymar Jr,yasabye abayobozi be gukora ibishoboka byose bakagura kizigenza Lionel Messi kugira ngo abafashe kwegukana UEFA champions League y’umwaka utaha cyane...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze umwiherero w’umunsi umwe, bahura n’abakinnyi kugira ngo hategurwe umwaka w’imikino wa 2020/2021.
Ni umwiherero wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama...
Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Kiyovu Sports na Police FC izimenyesha ko Kimenyi Yves na Rutanga Eric bakiri abakinnyi bayo bityo nibabakenera bagomba kubasaba ubuyobozi bwa Rayon Sports kuko...
Myugariro Rutanga Eric ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe y’igihugu Amavubi,ashobora kuva mu ikipe ya Police FC yaherukaga gusinyira mu cyumweru gishize,akerekeza muri Young Africans...
Umunya Cameroon Alex Song,wagiriye ibihe byiza muri Arsenal yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye ava muri iyi kipe yo mu Bwongereza akerekeza muri FC Barcelona ari uko yahawe amafaranga menshi...
Ikipe ya Real Madrid irifuza cyane kugura rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang ariyo mpamvu ngo yiteguye kuba yamaze kumvikana n’ikipe ya Arsenal abereye kapiteni mu byumweru bike biri...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports ndetse kuri ubu uri mu bayobozi b’icyubahiro bayo, Muvunyi Paul, yatangaje ko bafite icyifuzo cyo kugarura rutahizamu w’umunya Ghana,Michael Sarponguheruka...
Amakipe atandukanye mu Rwanda akomeje gahunda yo guhagarika by’agateganyo amasezerano yari afitanye n’abakozi bayo kubera ko shampiyona yahagaritswe kubera...
Nyuma yo kutabona amakuru y’igihe bazahererwa imishahara yabo mu gihe gahunda ya “Guma Mu Rugo”, bivuze ko nta n’ahandi bakura ibibatunga muri iyi minsi, bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate yamaze amatsiko bamwe mu bafana bibazaga ku bivugwa ko umutoza Javier Martinez Espinoza yaba agiye kurega ikipe ndetse n’aho bageze bashaka umutoza...
Imyaka iteganywa n’amategeko yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru ku bakozi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ni 65, ariko si ko bimeze kuri Bernadette Lukoki.
Lukoki afite imyaka 83...
Ikipe ya Rayon Sports ikeneye umutoza usimbura Robertinho umaze amezi make atandukanye nayo,iri mu biganiro n’abatoza benshi ariko uhabwa amahirwe menshi yo kuyigarukamo n’Umubiligi...
Umutoza wa Rayon Sports, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo bita Robertinho yamaze gutandukana na Rayon Sports ndetse agiye kwisubirira iwabo muri Brazil nyuma yo kwimwa amasezerano kandi...