Umusaza uri mu kigero cy’imyaka 90 y’amavuko ukomoka mu kagari ka Gasharu ko mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge,yatawe muri yombi nyuma yo gufatwa yararanye umwana w’imyaka 7 warerwaga...
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ni bamwe mu bantu baba bakagombye kwitwararika no kwera imbuto bikomeye kuko baba bazwi n’abantu benshi ,nyamara iyo urebye ubona imyitwarire ya...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusaza w’imyaka 72 wo mu Murenge wa Gashari mu Karere ka Karongi ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka...
Umunya Vietnam witwa Nguyen Van Chien, mu gace ko mu majyepfo y’ahitwa Mekong Delta,amaze imyaka 80 atogosha umusatsi we ariyo mpamvu wakuze cyane ukareshya na metero...
Umusaza witwa Ndangurura Claver wakoraga akazi k’ubuzamu Mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyuve Kagari ka Kabeza yasanzwe ku Biro by’ako Kagali ari naho yakora yitabye Imana urupfu rwe rutera...
Abaturage bo mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Musanze baratunga agatoki ubuyobozi kubadindiza mu iterambere kubera guhora babwirwa “uzagaruke ejo”.Bagaragaza kandi ko kwamburwa agaciro...
Abakobwa benshi bakunze kuba imbata y’ubusambanyi baziko bari mu rukundo, nyamara umusore byitwa ko bakundana we amukundira ko bakora imibonano muzabitsina...
Uyu mwaka wa 2019 wanditse amateka kuko ari inshuro ya mbere ba “Nyampinga” b’amarushanwa atatu akomeye y’ubwiza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ubu ari abirabura...
Umusore witwa Reza Parastesh ukomoka mu gihugu cya Iran usa cyane na Lionel Messi ukina mu ikipe ya FC Barcelona,arashinjwa gusambanya abakobwa 23 bo muri iki gihugu ababeshya ko ari uyu...
Abaturage bo mu Burundi bari kurira ayo kwarika kubera umusanzu wo gushyigikira amatora ya perezida wa Repubulika azaba mu mwaka wa 2020 ku ngufu bari gusabwa ku...
Umuhanzi mu njyana gakondo ukunzwe na benshi Cyusa Ibrahim ahishuye ukuri kose ku gutandukana nuwari umukunzi we Jeanine Noach ndetse biteguraga kurushinga.
Umusaza w’imyaka 63 wo mu Kagari ka Nyamirama mu Murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo arakekwaho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka umunani y’amavuko.
Aya mahano yabereye muri Gatsibo yamenyekanye...
Perezida wa USA Donald Trump yishimiwe n’Abanyamerika benshi kubera ko yarekuye umugore witwa Alice Marie Johnson wakatiwe igihano cy’urupfu mu mwaka wa 1995 azira gucuruza ibiyobyabwenge,akaza...
Rayon Sports yongeye gushimangira ko ititeguye kurekura igikombe ngo gisange mukeba wayo APR FC,kuko yihanije Musanze FC mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona,iyitsindira ibitego 3-1 kuri stade...
David Aporu, abaturage bashinjaga kuba umusambanyi ruharwa yishwe mu gitondo cyo ku wa Kane w’ iki cyumweru. Abaturage bavuga ko yahengereye ababyeyi b’ uyu mwana bagiye mu murima agahohotera ako...
Imyaka imaze kuba myinshi urubuga rwa YouTube ari rumwe mu zimaze kwigwizaho abakunzi, akenshi bamwe bakayikundira ko bisanzura mu gutanga ibitekerezo nta nkomyi.Abandi bayikundira ko...
Umugore wo muri Australia ukora akazi ko gusukura bitandukanye yambaye ubusa, yaciye ibintu hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera ko ku mwaka yinjiza akayabo k’ibihumbi 57...