Kuri uyu wa gatatu, abafana ba APR FC bibumbiye muri Fan Club ya Zone One boroje inka Nsengiyumva Edouard warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwo...
Abafana b’ikipe ya PSG bandagaje bikomeye abakinnyi babo nyuma yo gutsindwa na Manchester United ibitego 3-1 mu mukino wo kwishyura wa 1/16 cya UEFA Champions League wabaye kuwa Gatatu w’iki...
Umunya Argentina Angel di Maria waraye agarutse ku kibuga yahoze akiniraho cya Old Trafford,ntiyakiriwe neza n’abahoze ari abafana be,kuko yateranye amagambo nabo,bamutera icupa rya Heineken...
Abafana b’ikipe ya Chelsea bishimiye ko uwahoze ari umunyezamu wabo Thibaut Courtois yatsinzwe igitego na Antoine griezmann acishijwe umupira munsi y’amaguru ibyo abakunzi ba ruhago bita...
Ishimwe Dieudonne ukuriye Rwanda Inspiration Back up yavuze ko Mwiseneza Josiane akunzwe nkuko n’abandi bakobwa bamwe na bamwe bitabiriye mu myaka ishize ndetse yemeza ko nta gitutu batewe...
Umuraperikazi Cardi B yahuye n’uruva gusenya ubwo yacugusaga ikibuno imbere y’abafana be bo mu gihugu cya New Zealand, imyenda ye igacika bituma ahagarika igitaraganya iki...
Nyuma y’umukino wa UEFA Champions League wahuje Juventus na Manchester United kuwa Gatatu taliki ya 07 Ukwakira 2018,Dybala na Bonucci bagaragaye bari gushwana na Jose Mourinho ndetse bamwe bavuga...
Bruce Melody akimara guhabwa igihembo cya PGGSS 8 yavuze ko itsinzi ye ayikesha abafana be [Ibitangaza] ndetse n’ Imana yongeraho ko ashimira umugore we [Mama Britta] n’itsinda ryamufashaga gushaka...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo yaraye ashyize akadomo ku myaka 9 y’intsinzi yari amaze mu ikipe ya Real madrid aho yandikiye ibaruwa ikora ku mutima abafana b’iyi kipe bamushyigikiye kuva yayigeramo...
Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...
Abafana b’Ubudage bibasiriye umukinnyi wabo Mesut Ozil nyuma y’umukino iki gihugu cyatsinzwemo na Koreya y’Epfo kigasezererwa rugikubita mu gikombe cy’isi kandi ari cyo cyatwaye igikombe...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wavuze ko uzibasira abafana bazerekeza I Kiev kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid ku wa Gatandatu...
Umutoza Thierry Froger yavuze ko niba abafana ba APR FC batajya kuri stade kubera abakinnyi adakinisha, bose azabashyira mu kibuga ku wa Gatandatu ihura na Rayon...
Abafana ba Rayon Sports bataciwe intege no gutsindwa na Gasogi United,bagarutse gushyigikira ikipe yabo ikina na Interforce FC ariko bagaragaza ko Alseny Camara baguriwe nta mukinnyi...
Umutoza Mauricio Pochettino aravuga ko "atarira" kubera ibibazo bya Chelsea ikomeje kwitwara nabi nyuma yo kunganya 0-0 na Bournemouth ndetse n’ibibazo by’imvune bigenda...
Umwe mu baherwe baguze Chelsea, Todd Boehly, yatuwe umujinya n’abafana bari barakaye ubwo ikipe yabo yari imaze gutsindwa na Brighton ibitego 2-1.
Kuri uyu wa gatandatu,ikipe ya Chelsea...
Abafana ba Besiktas batumye umukino bari bagiye gukina na Antalyasport utangira utinze kubera ibipupe bajugunye mu kibuga ku bsinshi mu rwego rwo guha impano abana bato bagizweho ingaruka...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwinjiye mu iperereza ku bihishe inyuma y’urugomo rwakomerekeyemo abafana 6 ba APR FC bari batwawe na RITCO nyuma y’umukino ikipe yabo yatsinzwemo na Rayon Sports...
Polisi ya Jinja muri Uganda yataye muri yombi abafana barenga 8 ba Arsenal nyuma y’uko bazengurutse mu mihanda bishimye cyane kubera gutsinda Manchester United ibitego 3-2 ku cyumweru.
BBC...