Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu [REG], cyahaye umuriro abaturage bo mu mirenge 13 yo mu turere 3 two mu ntara y’Amajyaruguru nyuma y’imyaka isaga 4 batengushywe na kompanyi ya SPENCON yari...
Ku musozi wa Rutendeli mu murenge wa Gashenyi mu karere ka Gakenke, abaturage bari mu byishimo kubera urupfu rw’umugabo witwa Dusabimana Leonidas wavugwagaho kuroga abaturage bo muri aka...
Abaturage bo mu Karere ka Ruhango bategerezanyije ubwuzu Perezida Paul Kagame watangiye urugendo rw’iminsi ine agirira mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba mu rwego rwo gusura...
Guverineri w’intara ya Ituri Let.Gen Johnny Luboya kuri uyu wa 15 Kanama 2023 yabwiye abaturage be ko akeneye ubufasha bwabo ngo ahangana n’imitwe yitwaje intwaro...
Abakobwa b’ingufu n’amabandi yambura akanakubita abaturage, agakingirwa ikibaba n’inzego zikora irondo ni kimwe mu bibazo byugarije abaturage bo mu Mudugudu w’Agatare , mu Kagali ka Nyabugogo,...
Ibyamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byamaganye Leta ya Nigeria kubera ukuntu abashinzwe umutekano barashe abaturage bigaragambyaga bamagana umutwe wa polisi witwa SARS urwanya abajura...
Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi, uwari umuyobozi wa Polisi mu Murenge wa Huye ndetse n’abayobozi barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari baherutse kugaragara mu mashusho...
Uwahoze ari Gitifu w’Umurenge wa Cyuve, Sebashotsi Gasasira Jean Paul na bagenzi be barimo uw’Akagari ka Kabeza, na ba Dasso batatu bakorera muri uyu Murenge, baregwa gukubita no gukomeretsa...
Kuwa Kabiri tariki ya 12 Gicurasi Polisi ikorera mu karere ka Kirehe mu murenge wa Musaza mu kagari ka Gasarabwayi yafashe abantu babiri bashutse abaturage babanaga mu bimina babaka amafaranga...
Impuguke muri Banki y’Isi zatangaje ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu 20 byo muri Afurika biza imbere mu gukwirakwiza no kwegereza abaturage babyo umuriro...
Mu gihe abaturage bo mu karere ka Nyanza bashishikarizwa kwita ku isuku n’isukura ndetse no kubungabunga amazi, hari bamwe batuye mu murenge wa Nyamukungo bavuga ko bahangayikishijwe no kutagira...
Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’ igihugu Francis Kaboneka kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2017 yasuye abaturage bo karere ka Nyagatare agaya uko abaturage bitwaye imbere ya Perezida Kagame...
Polisi ya Tanzania ikorera mu karere ko mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu, yatangiye guta muri yombi abaturage ishinja kwangiza impombo z’amazi.
Abari gutabwa muri yombi ni abaturage...
Abaturage bo mu murenge wa Bugarama ,mu karere ka Rusizi baturanye n’inyubako z’umunyemari ziri ahazwi nko kuri VIP baravuga ko babangamirwa n’amazi aziturukaho...
Abaturage bo mu karere ka Gasabo baranenga umunyamabanga nshingwabikorwa w’ akagari ka Mukuyu kuba abaha serivisi mbi akanabaka ruswa mu myubakire, uyu muyobozi uhakanana ibyo ashinjwa n’ abaturage...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Gicurasi, imiryango 151 yo mu karere ka Musanze mu mudugudu wa Ruhehe ndetse n’indi 100 yo mu karere ka Gakenke mu midugudu ya Nyundo na Bukingo yahawe...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney,uri mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Amajyepfo, yahaye umuganda abaturage 510 bahawe akazi aho bakora amaterasi kuri hegitari 5 mu...
Umupasiteri wo mu Itorero Four Square Church ishami rya Kabare mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi azira kwaka abaturage ibihumbi 100 Frw kuri buri muturage, ababeshya ko azabashyira mu...
Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko kugeza ubu abakozi ba leta basaga 120 bamaze guhanwa abandi bakirukanwa kubera amakosa yo kutita ku nshingano zabo mu...