Sintex yatangarije ikinyamakuru UMURYANGO ko yategeye yishyuriye imodoka iri VIP umukobwa imutwara ikamuvana mu gihugu cya Kenya aje kugaragara mu mashusho y’indirimbo ye igikorwa cyakozwe...
Inteko ishinga amategeko ya Zimbabwe yavuze ko igiye gutumiza Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe agatanga ibisobanuro ku irengero rya miliyari 15 z’ amadorali y’ Amerika zavuye mu...
Umuherwe wa Mbere ku mugabane w’ Afurika Aliko Dangote yahaye Nigeria imodoka 150 polisi izifashisha mu gucunga umutekano zakirwa na Visi Perezida w’ iki gihugu Yemi Osinbajo ku wa Gatatu w’ iki...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
Umwana w’ umukobwa w’ imyaka 13 y’ amavuko yahawe ibihembo nyuma yo gutabara abantu barenga 300 bari muri gare ya moshi. Uyu mwana wo mu gihugu cya Zimbabwe yabujije gare ya moshi guhaguruka muri...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Kapiteni w’ ikipe y’ igihugu ya Nigeria John Obi Mikel yatangaje ko habura amasaha make ngo Nigeria ihure na Argentina mu mikino y’ igikombe cy’ Isi se yashimuswe n’ abantu bataramenyakana kugeze...
Abinyujije mu butumwa bwo kuri Facebook, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yashyigikiye umusoro uherutse gushyirwaho ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, avuga ko abazikoresha bateza imbere...
Kim Kardashian west uzwi cyane nka kim Kardashian, umunyamideli,umukinnyi w’ama filme ndetse n’umucuruzi utibagiwe ko ari n’umugore w’umuhanzi w’icyamamare cyane Kanye west, yavutse tariki ya...
Perezida George Washington siwe wabaye Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika ahubwo yabanjirijwe n’ uwitwa John Hanson, umwirabura waharaniye ihinduramatwara muri Amerika. Uyu John...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 imwe mu nkuru zavunzwe mu binyamakuru byinshi ku Isi ni ubwegure bwa Nikki Haley wari ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’ Abibumbye...