Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr nyuma yo kwamaganwa n’abafana b’iyi kipe yamaze guhishura ikipe y’amahitamo ye muziri kumwifuza.
Neymar Jr ni umukinnyi mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Brazil. Uyu...
Ikipe ya Al Hilal na Rayon Sports bemeranyije gusubika umukino bari bafitanye kuri uyu wa Gatanu bakazakinira imikino yose i Kigali mu minsi iri imbere.
Ikipe ya APR FC yaraye inganyije 0-0 na Gasogi United,uba umukino wa 6 muri 13 ya shampiyona,inganyije muri uyu mwaka w’imikino.APR FC na Gorilla nizo zimaze kunganya imikino...
Myugariro wa Man City,Kyle Walker yagize icyo avuga ku bubabare bwo kwirukanwa mu rugo rwe ndetse no kuba asezera umuhungu we agiye kuryama anyuze ku rubuga rwa Facetime aho kuba yabikora bari...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Donald Trump, uherutse gutorerwa kuyobora Leta zune Ubumwe z’ Amerika yashyizeho Umunyamabanga wa Leta mushya usimbura John Kerry
Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2016 nibwo Rex Tillerson, umucuruzi...
Barack Obama wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika wa 44 yatangaje icyo umugore we Michelle Obama avuze mu buzima bwe ubwo bizihizaga isabukuru y’imyaka 25 bamaze babana nk’umuugabo...
Umutoza Karekezi Olivier wa Rayon Sports ikipe bivugwa ko ariyo afite abafana benshi mu gihugu cy’u Rwanda, yahishuye icyo yakundiye umugore we kuri ubu babana, anakomoza ku nkumi yigeze gutereta...
Humble Jizzo wa Urban Boys yasobanuye byimbitse ibyaranze itsinda rya Urban Boys kuva mu myaka irenga icumi bamaranye; Humble yaranzwe n’amarira menshi mu gusobanura ikibazo kiri mu Urban Boys;...
• Ramos yatangaje ko imiryango ya Real Madrid ifunguye kugira ngo bakire Neymar
• Ramos yatangaje ko gutsindwa kwa Real ari uko abakinnyi benshi bavunitse atari uko bataguze nkuko Ronaldo...
Umugabo witwa Sven Van Rooy wo mu gihugu cy’ u Bubiligi aracyari se w’ umwana w’ umukobwa w’ imyaka ine yiciye nyina, uyu mukobwa w’ imyaka ine ashobora gukomeza kujya gusura se muri gereza ariko niwe...
Ikipe ya Rayon Sports inganyije na Miroplast igitego 1-1mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye ku kibuga cya Mironko mu gihe ikipe ya Kiyovu Sports yongeye gushimangira ubukaka bwayo...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC n’Amavubi Sugira Ernest yanenze ubuvuzi bwo mu Rwanda bwamubaze nabi nyuma yo kugira imvune ikomeye ari mu ikipe y’igihugu Amavubi aho biteganyijwe ko ashobora kubagwa...
Umutoza Massimiliano Allegri w’ikipe ya Juventus irakira Tottenham uyu munsi mu mikino ya 1/8 cya UEFA Champions League ,yavuze ko rutahizamu Harry Kane ataragera ku rwego rwa rutahizamu we...