Mu karere ka Huye ho mu ntara y’Amajyepfo, mu kigo cy’amashuri y’isumbuye cya GS Butare Catholique, abanyeshuri 47 birukanwe burundu bazira ikinyabupfura...
Abantu bagera kuri 28 baguye mu mpanuka ikomeye ya Bisi yahanutse ku manga ya metero 150 yo mu ntara ya Sumatra y’Amajyepfo mu ijoro ryo kuwa Mbere taliki ya 23 Ukuboza 2019,igwa mu mugezi ufite...
Imvura ikaze cyane yaraye iguye mu murenge wa Rwabicuma mu tugari turimo Runga,Nyarusanze,Gishike na Mushirarungu, mu Karere ka Nyanza,Intara y’Amajyepfo yangiza imyaka y’abaturage yari kuri...
Umukecuru witwa Mukakinani Véronique wari utuye i Nyanza mu ntara y’Amajyepfo wari uzwiho kuba ari mu bakuze cyane mu Rwanda yitabye Imana afite imyaka...
Umunyarwanda witwa Karemera Damascène w’imyaka 25 ukomoka mu Murenge wa Busoro, AKarere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, yatemwe ukuboko no mu mutwe n’umunya-Uganda, yakoreraga mu buhinzi...
Samuel Eto’o wabaye rutahizamu ukomeye ku isi ndetse agatwara ibikombe bikomeye ku isi yavuze ko kuba abanyafurika batora banga gutora bagenzi babo bari guhatana aribyo bituma abanyaburayi n’abo...
Umugabo witwa Joseph Umoren wo muri Leta ya Akwa Ibom,mu Burasirazuba bw’Amajyepfo ya Nigeria, yasanze umugabo w’umukire arimo gusambana n’umugore we,yigana Barihima ba mujinya yica igitsina...
Mu ijoro ryo kuwa Gatanu taliki ya 18 Ukwakira 2019,umuyobozi w’inyeshyamba wiyise General Cisayura, yishwe arashwe mu mirwano yamuhuje n’undi mutwe muri Pariki y’igihugu ya Kahuzi Biega , mu gace...
Umuhanzikazi witwa Sulli w’imyaka 25 yasanzwe mu rugo rwe rw’ahitwa Seongnam hafi y’umujyi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo yapfuye, nyuma y’iminsi mike ahagaritse umuziki kubera abafana bamuserereje...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba na Perezida w’Inama y’Ubutegetsi y’Ikigo Nyafrika cy’Intego z’Iterambere Rirambye, [SDGs] yageze i Lusaka muri Zambia kuri uyu wa Gatatu taliki ya 07 Kanama...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere ushize rishyira ku wa kabiri tariki ya 16, Nyakanga 2019, abanyururu bagera kuri 53 batorotse gereza nkuru ya kamitunga iherereye muri Teritwari ya Mwenga, muri...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gukatisha bidasubirwaho itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/4 cy’irangiza mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2019,nyuma yo gutsinda ikipe ya Atlabara yo muri Sudan...
Umugore witwa Nyirahabineza Jacqueline wo mu Kagari ka Nyamagana, Umudugudu wa Nyabihanga Akarere ka Ruhango, intara y’Amajyepfo, amaze amezi 8 yishwe n’umugabo we witwa Ndikumana Celestin wahise...
Umugabo witwa Petero,ukomoka mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo yahuye n’uruva gusenya anigwa n’inyama yamize ubwo yari mu birori,umwuka urahera arapfa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 17 Gicurasi 2019,nibwo Nsabimana Callixte wiyita ‘Major Sankara’ wigambye gufata ishyamba rya Nyungwe ndetse no kugira uruhare mu bitero byahungabanyije...
Imodoka Rayon Sports iherutse kugura yataziwe akazina ka Rubabaza yapfiriye mu muhanda ahitwa Gatagara mu karere ka Nyanza, ubwo yari itwaye abayobozi b’iyi kipe bari bagiye kuyimurikira abafana...
Mu ijoro ryo ku wa gatatu tariki 27 Gashyantare 2019 saa tanu n’iminota 37, icyogajuru cy’u Rwanda cyahawe izina ‘Icyerekezo’ cyoherejwe mu kirere ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’itumanaho...
Umuryango wa Afrika y’Amajyepfo SADC wari uherutse kwamagana ibyavuye mu matora mu buryo bw’agateganyo muri RDC,wamaze kuva ku izima ushimira Felix Tshisekedi ndetse usaba abakongomani bose...
Umunya Australia wiyise Freelee the Banana Girl yaciye ibintu kuri Instagram ubwo yavugaga ko yagiye kwibera mu mashyamba yo muri Amerika y’Amajyepfo kugira ngo ahunge abamwogosha ndetse...
Ishirahamwe rigamije iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo (SADC),ryamaze gusaba ko amajwi y’ibyavuye mu matora ya perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo...
Impunzi z’ Abanyekongo zicumbikiwe mu Nkambi ya Kigeme n’ iya Mugombwa mu Ntara y’Amajyepfo zivuga ko ikibazo cy’ imirire mibi cyagabanutse nyuma y’ uko zihinduye imyumvire yo kumva ko kubona indyo...
Mu birori by’ubusambanyi bizwi nka Sex Island biri gutegurwa mu birwa bya carayibe muri Amerika y’Amajyepfo,hateguwe irushanwa ry’umukino wa Golf aho uzaritsinda azahabwa kuryamana n’abakobwa 60 mu...