Lionel Messi yatsindiye ikipe y’igihugu ya Argentine igitego cya mbere kuva yava mu bihano, anayifasha gutsinda Brazil bahora bahanganiye muri ruhago ya Amerika...
Inyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza RNC ya Kayumba Nyamwasa zarashwe izindi zifatirwa mpiri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’ingabo za Leta ya RDC zizwi nka FARDC.Inyeshyamba zacitse ku icumu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abayobozi bagera kuri 600 bo mu ntara yamajyepfo ko kurwanya ubukene atari impuhwe bagirira abanyarwanda ahubwo ari inshingano...
Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rwari rutwawe n’abagabo babiri barushyize mu ifu ya kawunga. Urumogi rwari mu modoka ya “Taxi Voiture” yo mu bwoko bwa Toyota Corolla ipakiyemo imifuka itatu...
Mu karere ka Kamonyi haravugwa umugore wajyanye umugabo we kuri Polisi, nyuma y’aho uyu mugabo agurishirije inka uyu muryango wari warahawe muri gahunda ya Gir’inka.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku...
Umusore utuye mu Kagari ka Karama mu Murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe, yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akurikiranyweho icyaha cyo gukubita Dasso igiti mu mutwe akamwica.
Uyu...
Ku itariki ya 28 Nyakanga, mu murenge wa Kitabi haburanishijwe mu ruhame (imbere y’abaturage) uwitwa Ntakirutimana Emmanuel waregwaga icyaha cyo gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi,...
Umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko bane mu basirikare bayo bari mu butumwa bw’amahoro no kurwana na M23 muri Congo, SAMIDRC bapfuye, abandi batatu baturutse muri Tanzania...
Kuri uyu wa Gatatu ushize, ubushyamirane hagati y’abasirikare ba leta, FARDC, n’inyeshyamba zibashyigikiye zizwi nka Wazalendo i Nyangezi muri Teritwari ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice yahakanye ko nta makuru afite ya bamwe mu bayobozi bashinjwa n’abaturage kwijandika mu bucukuzi bw’amabuye...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17-18 kanama 2022, I Kinshasa harabere inama y’abakurur b’ibihugu bahuriye mu Ishyirahamwe rigamije iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney,uri mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Amajyepfo, yahaye umuganda abaturage 510 bahawe akazi aho bakora amaterasi kuri hegitari 5 mu...
Icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo zatangaje ko zafashe ibirindiro by’inyeshyamba zo mu gihugu cy’u Burundi ziri ku butaka bwabo ahitwa Naombe muri Kivu y’Amajyepfo zihitana...
Ku munsi wo kwizihiza umunsi mukuru w’ ubwigenge abaturage bo mu Ntara ya Kivu y’ Amajyepfo mu Mujyi wa Bukavu bagaragaye bafite amabendera adasanzwe aho bari bazamuye ibendera ritandukanye bituma...
Itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel...
Abasore babiri biga mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro riri mu karere ka Huye, IPRC-Huye , mu ntara y’amajyepfo riherereye hafi ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye batawe muri yombi...
Umugabo wa Senateri Mureshyankwano Marie Rose witwa Ngendahayo Edouard ari mu bantu 7 baguye mu mpanuka y’imodoka 3 zagonganiye ahitwa mu Nkoto mu karere ka Kamonyi mu ntara...