Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...
Kuri iki cyumweru nibwo habaye inteko rusange ya FERWAFA,iberamo amatora ya Perezida w’iri shyirahamwe aho abakandida bari 2 mbere y’amatora ariko ku munota wa nyuma Rurangirwa Louis ahagarika...
Polisi ya Kenya mu murwa mukuru Nairobi yasatse ibiro byemezwa ko bifite aho bihuriye na Visi Perezida w’iki gihugu, William Ruto, uyu akaba ari umwe mu bakandida bakomeye bo ku mwanya wa perezida...
Ibyavuye mu matora yabaye kuwa Kabiri muri Kenya bikomeje gutera amatsiko benshi bibaza uzarangiza ayatsinze dore ko umunsi wa kabiri watanze imibare itandukanye n’uwa mbere.
Kuri uyu wa...
Mu minsi ine iri imbere, Abanye-Congo bagera kuri miliyoni 40 bazaba bari gutora abayobozi bashya barimo umukuru w’igihugu, abasenateri,abadepite n’abakuru...
Umukandida wo mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yatangiye gusiga mu majwi abo bahanganye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa 24 Werurwe...
Yahya Jammeh uyoboye Gambia imyaka 22 ishize, yemeye ko yatsinzwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa kane.
Adama Barrow wabaye umusekirite mu Bwongereza, ariko akaba yari ahanganye...
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza wari mu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi avuga ko...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryamaze gusaba Ferwafa[Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda] ko bakwigiza inyuma amatora y’umuyobozi wa Ferwafa yari ateganyijwe.
Mu ibaruwa...
Aha Mpayimana Philippe yari amaze gutanga dosiye ari kumwe n’ abamufashije Madamazella Mukamana Rachel wamuhagarariye mu karere ka Nyaruguru n’inshuti ye Otto Ahmed babana mu mujyi wa Kigali...
Umunyapolitiki Jean Pierre Bemba wigeze kuyobora inyeshyamba muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo yangiwe kwiyamamariza kuba Perezida w’ iki gihugu. Bemba ni umwe mu bakandida batandatu...
Martin Fayulu watsinzwe amatora muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo na Felix Tshisekedi yatangaje ko agiye kujuririra ibyavuye mu matora mu rukiko rurinda itegeko nshinga kuko yatsinze...
Kuri iki cyumweru,Ndayishimiye Evariste uherutse gutorerwa kuyobora Uburundi mu matora yo ku wa 20/5/2020,yifatanyije n’abakirisu gatolika bo muri paruwase ya Bugendana mu misa yo ku munsi mukuru...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanze kwiyemeza kuzahererekanya ubutegetsi mu mahoro natsindwa amatora ya perezida yo mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka.
Mu kiganiro...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize Maj Gen Kayanja Muhanga umuhuzabikorwa w’imitwe ya gusirikare ikorera i Kampala, mu gihe amatora y’Umukuru w’Igihugu muri kiriya gihugu akomeje...