Umuyobozi Mukuru w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza yasabye urubyiruko rwo muri iryo shyaka guhagurukana imbaraga kugira ngo amatora yo mu mwaka wa 2024...
Sénégal yemeje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu yari yasubitswe, azakorwa ku wa 24 Werurwe 2024. Ni icyemezo cyafashwe nyuma y’imvururu za politiki n’imyigaragambyo y’abaturage basabaga ko akorwa...
Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi uzwi nka Gen “NEVA” yakuriye inzira ku murima abafite inzozi zo guhungabanya amatora ategerejwe mu mwaka wa...
Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Ibyavuye mu matora byerekanye ko Perezida Uhuru...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ amatora yatangaje ibyavuye mu itora rya Perezida wa Repubulika ya Kenya ku wa Kabiri tariki 8 Kanama.
Ubwo hatagazwaga...
Ishyirahamwe ry’ umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeye ubusabe bwa FIFA bwo kwigiza inyuma itariki y’amatora ya Perezida wa FERWAFA yari ateganyijwe muri Nzeli tariki ya 10 uyu mwaka.
Ni...
Komisiyo y’Amatora yo muri Repubulika Demokarasi ya Congo yatangaje ko nta matora azaba muri iki gihugu muri uyu mwaka wa 2017, ngo hakenewe nibura iminsi 504 bivuze ari mu ntango z’umwaka...
Umunyapolitiki Félix Tshisekedi yavuze ko ari umwe mu banyapolitiki bane bashaka guhagararira abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu matora ya perezida ateganyijwe mu Ukuboza uyu muhungu wa nyakwigendera...
Minisitiri w’ Intebe wa Ethiopia Ahmed Abiy kuva yagera kuri uyu mwanya abagore barimo guhabwa imyanya cyane mu buyobozi bw’ igihugu, ubu noneho uwahoze ari umucamanza utavuga rumwe n’ubutegetsi...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 30 Ukuboza 2018 nibwo habaye amatora ya Perezida wa Repubulika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho benshi mu baturage bayitabiriye mu bwoba bwinshi bikanga...
Umuraperi Kanye West uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo 2020, yamaze gutanga candidature ye muri...
Hasohotse amajwi ya Perezida wa Amerika Donald Trump ari kubwira umutegetsi ushinzwe amatora muri leta ya Georgia ngo "amushakire" amajwi akenewe kugira ngo atsinde...
Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema.
Bwana Hichilema yatsinze mukeba we...
Nigeriya yafashe umwanzuro wo kuba ifunze imipaka yo kubutaka ndetse inashyiraho amabwiriza mashya mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu mu gihe hagiye gukorwa amatora rusanga muri iki...
Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi watangaje ko uhagaritse inkunga wageneraga komisiyo y’amatora ya Zimbabwe kubera imikorere idahwitse yayiranze mu matora y’Umukuru w’igihugu aheruka mu kwezi kwa Kanama...
Binyuze mu nama y’Inteko Rusange Idasanzwe FERWACY yakoze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Ukwakira, hemejwe ko amatora yo kuzuza Komite Nyobozi ya FERWACY yari yasubitswe, azaba ku wa 5...