Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwavuze ko ubujurire bwa Dr Kayumba Christopher nta shingiro bufite, rutegeka ko icyemezo cy’urw’Ibanze rwa Kicukiro mu rubanza rwaciwe muri Nyakanga 2020...
Urubanza rwa Idamange Yvonne rwatangiye kuburanishwa mu mizi n’urukiko rwakoreye mu karere ka Nyanza mu majyepfo mu gihe we yari i Kigali muri gereza afungiyemo. Yavuze ko atiteguye kuburana....
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Werurwe 2021 nibwo abarimo imfungwa n’abagororwa batandukanye bahawe urukingo rwa Covid-19 ndetse aba barimo na Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda akurikiranweho...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 13 Ugushyingo 2020,umubare w’abahitanwe na Covid-19 mu Rwanda wiyongereye uba 42 nyuma y’aho umugabo w’imyaka 72 wo mu karere ka Rwamagana...
Umuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko abanyamategeko washyizeho ejo ku wa kabiri batanze ikirego mu rukiko rw’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba kivuga ko "yafashwe binyuranyije n’amategeko,...
Mu rubanza mu rukiko rwisumbuye i Kigali aho Paul Rusesabagina yaje kujuririra icyemezo cyo gufungwa byagateganyo, yavuze ko ’bashinze umutwe wa FLN’ utagamije ’gukora iterabwoba’ ahubwo ’gushaka ko...
Mu rubanza rwa Callixte Nsabimana uzwi nka ’Sankara’ rwakomeje uyu munsi ku wa kane, we n’abaregera indishyi basabye ko urubanza rwe ruhuzwa n’urwa Paul Rusesabagina, uherutse kugezwa mu...
Chief Superintendent of Prisons (CSP) Camille Zuba ukurikiranyweho icyaha k’itonesha kubera kwemerera Robert Nyamvumba (umuvandimwe wa Gen Nyamvumba) gusurwa kandi byari bibujijwe, avuga ko iyo...
Nsabima Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na Perezida Edgar Lungu wa...
Jay Polly ari guterana amagambo na Bad Rama uyobora inzu itunganya umuziki ya The Mane Music Label yahozemo ahanini biturutse ku kuba uyu muhanzi atakibarizwa muri The...
Kakooza Nkuriza Charles yasabiye umuraperi Ngoga Edson [Pacson] kujyanwa mu kigo ngororamuco kubera imyitwarire ye avuga ko ikabije kuba mibi no gukoresha ibiyobyabwenge ku kigero cyo...
Gisa James wamamaye mu muziki nyarwanda nka Gisa cy’Inganzo, umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bafite impano ihambaye kandi bishimirwa mu buryo bwihariye n’abakunda umuziki w’umwimerere. Azwi mu...
Ku munsi w’abakundana wabaye tariki 14 Gashyantare 2019 Mbabazi Shadia , yari yatumiwe mu gitaramo cyabereye mu kabari kitwa Sebs Club Nakuru muri Kenya yahuriyemo n’umuhanzi witwa Otile Brown uri...