Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka...
Kuva mu gitondo cya kare cyane, abanyekongo bazindutse n’iyonka bajya kuri Stade des Martyrs de la Pentecost, i Kinshasa,kwitabira umuhango w’irahira rya Perezida Tshisekedi uheruka kongera...
Irondo ry’umwuga rikorera mu Mudugudu wa Rutenga, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, ryafatiye mu cyuho abagabo 3 bari hagati y’imyaka 26 na 30 bitwikiriye ijoro bajya...
Ikipe ya AS Roma yo mu Butaliyani yatangaje ko yirukanye umutoza wayo ukomoka muri Portugal José Mourinho n’abari bamwungirije nyuma y’umusaruro mubi w’uyu...
Ikipe yo muri Peru yitwa Alianza Lima,yanze ko mukeba wayo Universitario yishimira igikombe yari imaze kubatwara kuri stade yabo aho umukino warangiye igahita izimya...
Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba aribyo Kenya, Uganda na Tanzania nibyo byemerewe na CAF ko bizafatanya kwakira igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bagabo kizaba mu mwaka wa...
Perezida w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Colombiya yitwa Tigres FC, Edgar Paez, yararashwe arapfa nyuma y’uko itsinzwe ku wa gatandatu w’icyumweru...
Ikipe y’Igihugu,Amavubi, yamaze guhaguruka i Kigali yerekeza mu ntara y’Amajyepfo aho izakomereza imyitozo mu karere ka Huye ahateganyijwe kubera umukino uzayihuza na Senegal mu mikino yo gushaka...
Umutoza w’Ikipe yo muri Saudi Arabia ya Al-Hilal witwa Jorge Jesus yavuze ko Umunya-Brazil w’icyamamare mu by’umupira w’amaguru, Neymar Junior, agomba gutegereza nibura ukwezi kumwe akabona gutangira...
Umunyabigwi muri ruhago Lionel Messi yaraye yakiriwe mu ikipe shya, maze agenera ubutumwa abafana ababwira ko afite inyota yo gutangira imyitozo no gukinira ikipe ye nshya ya Inter Miami mu...
Miss Mutesi Jolly ufite ikamba rya Miss Rwanda 2016, yatangarije abafana be bo ku rubuga rwa Twitter ko yifuza kwibaruka umukobwa nyuma y’ubuhanga yabonanye umwana w’imfura ya Beyoncé na Jay Z...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Rwamagana City ibitego 2-1mu mukino w’ikirarane cyo ku munsi wa 24 muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
Iminota 62 yari isigaye ku mukino wahuzaga Rayon...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Real Madrid yasubije perezida wa Barcelona, Joan Laporta, wavuze ko mu mateka iyi kipe yo mu mujyi wa Madrid ariyo "yatoneshejwe cyane n’abasifuzi bo muri Esipanye kubarusha.
Real Madrid...
Stade ya Kigali, iherereye i Nyamirambo mu isura nshya nyuma yo kuvugururwa. Biteganyijwe ko itahwa ku mugaragaro ku gicamunsi cyo uyu wa Gatatu.
Imirimo yo kubaka iyi sitade yatangiye ku wa 4...
Umuhanzikazi Adele ukunzwe na benshi yongeye gushyira benshi mu rujijo nyuma yo kugaragara yambaye impeta mu rutoki rw’isezrano bikekwa ko ari iyo Paul yamwambitse bavugwa mu...
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yashinje abasifuzi "guhindura amategeko" nyuma yo kuvuga ko igitego Brentford yatsinze cyatumye banganyiriza igitego 1-1 kuri Sitade ya Emirates cyagombye kuba...
Perezida wa FIFA,Gianni Infantino,arifuza ko izina Pelé ritazibagirana mu mateka ya ruhago ariyo mpamvu yavuze ko bazasaba buri gihugu ku isi kugira Stade yitirirwa uyu munyabigwi.
Ibi uyu...
Ikipe ya Maroc yabaye ikipe ya 4 ya Afurika ibashije kugera muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’isi nyuma yo gutsindira Espagne kuri penaliti 3-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza.
Muri uyu mukino...
Umutoza wa Espagne,Luis Enrique yabwiye umukinnyi we Ferran Torres utereta umukobwa we ko niyishimira igitego ashyira urutoki mu kanwa atazongera gukandagira mu kibuga ukundi.
Torres watsinze...
Abakinnyi b’Ubuyapani batunguye benshi mu kibuga no hanze yacyo kuko nyuma yo gutsinda Ubudage ibitego 2-1 mu gikombe cy’isi ,bagiye mu rwambariro barishima barangije barakoropa rusigara rusa neza...
Umurobyi witwa Majaliwa Jackson wabaye intwari muri Tanzania kubera kurukora ubuzima bw’abantu 24 bari mu ndege ya Precision Air,yakiriwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu kuri uyu wa Gatanu,...