Umukobwa wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara yategereje umuhungu bari gukorana ibirori by’ubukwe,amaso ahera mu kirere kuko bwije ataje.
Nkuko amakuru dukesha Umuseke abitangaza,uyu...
Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse na wa B&B FM na Festus Bertrand bwabaye ku wa 3 Nzeri...
Chris wahoze mu itsinda rya Just Family yatangaje amatariki y’ibirori by’ubukwe bwe n’umukunzi we Claudine aherutse gusaba no gukwa mu Ugushyingo 2021 mu birori byabereye muri Leta zunze ubumwe...
Umugeni yari arangije gutunganyirizwa umusatsi no kwisiga ibirungo ubwo yamenyaga ko uwari ugiye kuba umugabo we ataritabira ubukwe.
Nubwo byamubabaje umutima, Kayley w’imyaka 27, wari...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Iyamuremye Serge ari mu myiteguro y’ubukwe n’umukunzi we Uburiza Sandrine aherutse gusanga muri America.
Umuhanzi Emmanuel Nsengiyumva wamamaye nka Emmy mu muziki ari mu byishimo byo kwakira umugore we Umuhoza Joyce uzwi nka Hoza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’umwaka bakoze...
Umuherwekazi Zari Hassan ukomoka muri Uganda ariko utuye muri Africa y’Epfo yavuze ku bakomeje kuvuga ko ubukwe aherutse gukorana n’umukunzi we Shakib ari igitutu...
Nyuma y’uko we n’umukunzi we Shakib Lutaaya basezeranye imbere y’Idini ya Islam, Zari Hassan yavuze ko mu mpera z’uyu mwaka ari bwo indi mihango y’ubukwe bwabo izaba.
Muri Mata 2023, ubwo...
Imiryango y’abasore n’inkumi 26 ituye mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, irashyira mu majwi meya w’aka karere kubicira gahunda yo gusezerana, we akavuga ko atari we wabiteye gusa...
Young Grace yatangaje ko azakora ubukwe Taliki ya 1 Ukuboza 2018
Umuraperikazi Young Grace ubusanzwe witwa Abayizera Marie Grace aganira na radiyo Isango Star mu kiganiro kitwa Isango na...
Mu gihugu cya Kenya haravugwa umugabo utatangajwe amazina ye wakoze ubukwe n’ abakobwa babiri ku munsi umwe.
Amafoto yatangiye kugenda akwirakwiza hirya no hino kuri interinete kubera ubukwe bw’...
Umugore w’imyaka 46 ukomoka muri New York yaguye gitumo umugabo we ari kuvugana n’undi mugore mu kwezi kwa buki ahita amuta ndetse agurisha ikanzu y’ubukwe yari...
Ku Cyumweru tariki 22 Mata 2018 nibwo Umunyarwanda Sebuyange na Nyirabakire bo mu Murenge wa wa Muhondo mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru bakoze ubukwe bw’ amateka basezerana Imana...
Nubwo muri iyi minsi urukundo rwakonje kuri bamwe,hari abantu bagenda berekana ibimenyetso ko hari aho rukiriho,nka Jamie Fox wemeye kwambika impeta y’urudashira umukunzi we Zanele Ndlovu uherutse...
Mu binyamakuru mpuzamahanga ku mpapuro z’ ibanza (La une) ku wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018 inkuru nyamukuru yari ubukwe bw’ igikomangoma cy’ Ubwongereza Harry Galles n’ umukunzi Meghan Markel...
Umusore witwa Jean de Dieu na Nibagwire Veneranda bombi bafite ubugufi budasanzwe bakoze ubukwe butangaje aho n’ ababaherekeje ba bugufi ya bose bafite ubugufi...