Myinshi mu mijyi yo ku isi ikunze kwibasirwa n’abagizi ba nabi kubera ubwinshi bw’abantu baba bayituyemo ndetse n’ibikorwa biyikorerwamo byatumye abashakashatsi bakora urutonde rw’imijyi iberamo...
Abapolisi babiri bari mu kazi mu gihugu cya Uganda mu mugi wa Kampala barashwe n’ abantu batamenyekanye barabica banabambura imbunda.
Kuri uyu wa Kane tariki 15 Gashyantare 2018 ubwo Mark...
Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rw’abagabo babiri b’Abanyaburayi bapfiriye muri Hoteli ebyiri zitandukanye ariko ku munsi umwe.Umwe yasanzwe muri Pearl of Africa Hotel undi bamusanga...
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yashishikarije perezida Joseph Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubahiriza amasezerano yo kuva ku butegetsi....
Umushumba wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa yifashishije inkuru ya Yosefu na Mariya iboneka muri bibiliya yasabye abatuye Isi kutirengagiza akababaro k’ abimukira.
Ubu butumwa yabutangiye mu...
Kuva kuri uyu wa kane w’iki cyumweru muri Kenya bamwe mu bayoboke b’ishyaka NASA rirwanya ubutegetsi buriho riyowe na Odinga Raila, bishwe mu gihe cy’amatora batangiye gushyingurwa....
Perezida wa Duterte wa Philippines na Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza
Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu ryamaganye amagambo y’ iterabwoba Perezida wa...
Ku wa 25 Ukwakira2017 Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi rwasomeye mu ruhame, urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo KWIZERA Jean D’Amour ,NIYITEGEKA Vincent, HAVUGIMANA Jean Pierre , MUSABYEMUNGU...
Umunyamabanga mukuru wa Loni, Antonio Guterres n’umukuru wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, batangaje ko bari gukurikiranira hafi ibibera muri Kenya, ahagiye kubera matora...
Stephen Paddock warasiye abantu mu gitaramo 59 bakahasiga ubuzima, ni we muntu wambere wishe abantu benshi ari umwe mu mateka ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Iki gitero Islamic States yigambye...
Umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres, yasabye ko abasirikare ba ONU muri Centrafrika bongererwa abandi 900.Ni nyuma y’ubwicanyi bukomeje kwiyongera muri iki gihugu.
Ibyo biri muri...
Murenge wa Nyundo hatoraguwe umurambo w’uruhinja hafi y’inkengero z’umugezi wa Sebeya, mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 18 nzeri 2017 nk’uko byemejwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Rwanda mu...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko Pasiteri Maggie Mutesi witabye Imana ku Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 yishwe anizwe. Mu bakekwa harimo n’ umugabo wa Nyakwigendera....
Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni arizihiza isabukuru ye y’amavuko kuri uyu munsi, inshuti n’abavandimwe n’abo mu muryango we bamandikiye bamifuriza guhirwa muri ubu buzima no gukomeza gutunganira...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gahunga, ku itariki ya 6 bangirije mu ruhame inzoga zitemewe gucuruzwa mu Rwanda na kanyanga byose hamwe...
Gen.Godefroid Niyombare yamaze gutangaza ko we n’abo ayoboye bahuriye mu mutwe w’inyeshyamba zirwanya u Burundi ((les Force républicaines du Burundi-FOREBU) biteguye gutera iki gihugu mu gihe inzira...
Kuri uyu wa 22 Kanama 2017 nibwo hamenyekanye amakuru y’urupfu rw’umukobwa witwa Mutuyimana Marie Claire w’imyaka 23 y’amavuko wo mu Murenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu wishwe anizwe.
Umurambo...
Polisi yo mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo irimo gukora iperereza ku bagabo bane bo muri iki gihugu bavugwaho kurya inyama z’ abantu.
Umwe muri aba bagabo bane babwiye polisi ko arambiwe kurya inyama...