Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi ni we waraye atsinze amatora yo guhagararira ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri DR Congo ku mwanya w’umukuru w’Inteko Ishingamategeko umutwe...
Mu minsi ishize nibwo byatangiye kuvugwa ko Dr. Munyakazi Isaac yaba yarakoresheje Impamyabumenyi mpimbano cyangwa kwiha impamyabumenyi yo ku rwego rwa Dogiteri nyamara atarayigiye ngo ayibone...
Uwahoze ari Perezida wa Sena y’u Rwanda,Dr Iyamuremye Augustin, yavuze ko n’ubwo atemeranyaga na Twagiramungu Faustin muri politiki,ariko yababajwe n’urupfu...
Umudage Wabaye Umuyobozi wa Tekinike muri Mozambique na Sierra Leonne,wakoze muri Bayern Munich witwa Torsten Frank Spittler, niwe wemejwe na FERWAFA nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe mu mugongo umuryango wa Senateri William Ntidendereza,mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabaye kuri uyu wa Mbere ku ya 11 Nzeri...
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu ubwo yahuraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru, yasobanuye uko yamenye ko habaye umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye muri iriya...
Ikigo gifite inzu zikomeye mu mideli, Kering Group cyatangaje ko Marco Bizzarri, wari umaze imyaka umunani ayobora inzu y’imideli ya Gucci yeguye.
Marco Bizzarri wayoboye Gucci kuva mu 2015...
Mu ijoro ryo ku cyumweru habaye impanuka ikomeye hafi y’umujyi wa Greta, mu bilometero 180 mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Sydney, nk’uko Polisi yaho yabitangaje, aho abantu 10 bahise bahasiga...
Umunyamakuru wa Radio/Tv1 Kakoza Nkuriza Charles (KNC) yahishuye ko ari munzira isezera ubuyobozi bw’ikipe Gasogi United , anavuga ku ibisabwa ku muntu uzamusimbura kuri uyu mwanya w’ubuyobozi....
Umugaba mushya w’ingabo z’umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba (EAC) zoherejwe muri DR Congo yatangiye imirimo ye kuwa kane i Goma ku cyicaro cy’izo...
Guverinoma ya Kenya yagize Major General Alphaxard Kiugu umuyobozi mushya w’ingabo z’akarere ka Afurika y’Uburasirazuba zoherejwe mu burasirazuba bwa Congo...
Munyantwali Alphonse wamenyekanye muri politiki arahabwa amahirwe mensho yo kuba umuyobozi mushya wa FERWAFA,nyuma y’iminsi Nizeyimana Olivier wayiyoboraga yeguye.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Ikipe ya INTARE FC yanze gukina umukino wa 1/8 wo kwishyura na Rayon Sports ivuga ko itanyuzwe n’icyemezo cy’ubujurire cyemeje ko uwo mukino uba.
Uyu mukino wagombaga kuba kuri uyu wa Gatatu...
Papa Francis afite indwara (infection) mu buhumekero izatuma amara iminsi mu bitaro i Roma, nk’uko byatangajwe na Vatican.
Uyu mugabo w’imyaka 86 yagize ibibazo byo guhumeka mu minsi ishize ariko...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yihanije abayobozi bijandika mu nshoreke n’abapfumu, avuga ko uwananiwe no kureka izo ngeso mbi yasezera ku neza, akajya kwivuruguta mu bidahesha Imana...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports, bwatangaje ko uwari Umuyobozi w’Umuryango w’iyi kipe [Association] Mvukiyehe Juvénal yasimbuwe na Ndorimana Jean François Regis wari umwungirije.
Izi mpinduka...