Abadepite bakomeje kwegura mu nteko ishinga amategeko aho utahiwe ari Hon HABIYAREMYE Jean Pierre Celestin nawe wamaze gusezera ku mpamvu ze bwite.Birakekwa ko yaba nawe yaraganjwe n’inzoga....
Umwongereza Neil Parish yabwiye BBC ko yeguye ku kuba umudepite nyuma yo kwiyemerera ko yarebye porunogarafiya inshuro ebyiri mu Nteko ishinga amategeko.
Bwana Parish uhagarariye Tiverton na...
Abasivili babarirwa mu magana binjiye mu gisirikare cya Ukraine kurwanya ingabo z’Uburusiya zateye igihugu cyabo mu cyumweru gishize,Anastasiia Lenna wahoze ari Miss Ukraine, na we yafashe imbunda...
Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam KARENZI, wari usanzwe ari n’umunyamabanga mukuru w’ikipe ya BUGESERA FC yamaze kwandikira ubuyobozi bw’iyi kipe ibaruwa yo kwegura ku mirimo ku mpamvu ze...
Uwayezu François Régis wari umaze imyaka 3,ari umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru(FERWAFA) yeguye mu nshingano ze kubera impamvu ze bwite
Mu ibaruwa yagiye hanze uyu...
Vladimir Bosnjak wari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’intoki wa Basketball mu bagabo, nyuma yo gutsindwa imikino 3 yose mu itsinda D yo gushaka itike ya Afro Basketball 2021...
Ingabo za Mali zahiritse ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta zatangaje ko zishaka gushyiraho leta y’inzibacyuho, mbere yuko habaho amatora mashya.
Ubuyobozi bwa Mukura VS bwemeje ko bwakiriye ibaruwa ya perezida wayo Nizeyimana Olivier isaba kwegura ku mirimo ye yari amazeho imyaka umunani adasimburwa.
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu, ikipe ya volleyball y’i Milan mu Butaliyani yagiye ku kirwa kitwa Saaremaa cyo muri Estonia ihakina imikino n’ikipe yaho.
Nyuma y’ uko Nyamulinda Pascal wari Umuyobozi w’ umugi wa Kigali yeguye mu buryo bwatunguye abatari bake, inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranye ku wa Gatanu yemeje ko Busabizwa Parfait aba...
Nyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize...
Constantino Chiwenga wari umugaba w’ingabo mu gihugu cya Zimbabwe yamaze kwegura kuri iyi mirimo guhera kuri uyu wa 18 Ukuboza,2017 nk’uko byemejwe na Guverinoma ya Zimbabwe.
Constantino avuye...
Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
Ministri w’intebe wa Libani, Saad al-Hariri, yatangaje benshi avuga ko yeguye kuri uwo mwanya.
Yavuze ko ikibimuteye ari ubwoba bw’ubuzima bwe.
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru i Beirut, Bwana...
Dr Roselyn Akombe, umwe mu ba Komiseri muri Komisiyo y’Amatora ya Kenya yeguye kuri uyu mwanya.
Mu rwandiko yateyeho umukono ku wa kabiri itariki ya 17 ukwakira 2017 avuga ko bimwe mu...
Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017. Dr. Tom Price yasezeye mu kazi kubera ibibazo byazamuwe n’uko yakoresheje...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa isezera ku mirimo ye we avuga ko avuyeho ku mpamvu ze bwite.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 03...
Byiringiro Fidele wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, yeguye ku kazi ke ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ugushyingo 2016.
Ni amakuru...
Minisitiri w’ umuirimo wa Sudani y’ Epfo Gabriel Duop Lam yeguye ku mirimo ye avuga ko agiye kwiyunga kuri Riek Machar uyoboye inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Sudani y’ Epfo Salva...
Minisitiri w’ intebe wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Samy Badibanga, kuri uyu wa 6 Mata 2017 yeguye kuri uyu wa mwanya, ibaruwa yo kwegurwa kwe yayishyikije ibiro bya Perezida.
Ubu...
Umukozi Perezida Donald Trump yashinze itumanaho ryo mu biro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika White House yeguye ataramara amezi atatu.
Mike Dubke, weguye kuri uyu mwanya ni...
Madamu Béatrice Uwumukiza waraye akuwe ku mwanya w’Umuyobozi w’agateganyo wa RICA, amakuru ava Rusizi aremeza ko yamaze no gusezera ku mwanya wa Perezidante w’Inama Njyanama y’aka...
Uwari Perezida wa Etincelles FC, Ndagijimana Enock, yanditse ibaruwa isezera ku nshingano ze nyuma y’ibibazo byugarije ikipe harimo na miliyoni hafi 40 Frw...
Jacinda Ardern yavuze ko mu kwezi gutaha azegura ku mwanya wa minisitiri w’intebe wa New Zealand kuko “nta ngufu asigaranye” zo gutegeka.
Jacinda yagize ikiniga ubwo yasobanuraga uko imyaka...