skol
Kigali

Search: yeguye (323)

Undi mudepite yeguye bikekwa ko nawe byatewe n’inzoga

Abadepite bakomeje kwegura mu nteko ishinga amategeko aho utahiwe ari Hon HABIYAREMYE Jean Pierre Celestin nawe wamaze gusezera ku mpamvu ze bwite.Birakekwa ko yaba nawe yaraganjwe n’inzoga....
21 November 2022 4525 0

Umudepite uherutse kuvugwaho ubusinzi bukabije yeguye

Umudepite witwa Gamariel Mbonimana, uherutse kuvugwaho na Perezida Kagame ko yafashwe atwaye imodoka yasinze, yamaze gushyikiriza Inteko Ishinga Amategeko ibaruwa y’ubwegure bwe. Umudepite...
14 November 2022 2309 0

Umudepite ukomeye yeguye mu kazi kubera gufatwa ari kurebera filimi z’urukozasoni mu nteko

Umwongereza Neil Parish yabwiye BBC ko yeguye ku kuba umudepite nyuma yo kwiyemerera ko yarebye porunogarafiya inshuro ebyiri mu Nteko ishinga amategeko. Bwana Parish uhagarariye Tiverton na...
6 May 2022 332 0

Ntibisanzwe !Miss wa Ukraine yeguye intwaro ajya gufasha igihugu cye kurwanya ibitero by’Abarusiya[AMAFOTO]

Abasivili babarirwa mu magana binjiye mu gisirikare cya Ukraine kurwanya ingabo z’Uburusiya zateye igihugu cyabo mu cyumweru gishize,Anastasiia Lenna wahoze ari Miss Ukraine, na we yafashe imbunda...
28 February 2022 2431 0

Umunyamabanga mukuru wa Bugesera FC yeguye ku mirimo ye

Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam KARENZI, wari usanzwe ari n’umunyamabanga mukuru w’ikipe ya BUGESERA FC yamaze kwandikira ubuyobozi bw’iyi kipe ibaruwa yo kwegura ku mirimo ku mpamvu ze...
17 November 2021 920 0

Uwayezi wari umunyamabanga mukuru wa FERWAFA yeguye ku mirimo ye

Uwayezu François Régis wari umaze imyaka 3,ari umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru(FERWAFA) yeguye mu nshingano ze kubera impamvu ze bwite Mu ibaruwa yagiye hanze uyu...
13 September 2021 1003 0

Umwongereza watozaga Etincelles yeguye kubera kudahembwa

Umwongereza witwa Calum Shaun Selby,watozaga Etincelles FC, yamaze guha ibaruwa ubuyobozi bwe asezera ku kazi ko gutoza iyi kipe ashinja kutamuhemba.
16 February 2021 684 0

Bosnjak watozaga u Rwanda muri Basketball yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa umusubirizo

Vladimir Bosnjak wari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’intoki wa Basketball mu bagabo, nyuma yo gutsindwa imikino 3 yose mu itsinda D yo gushaka itike ya Afro Basketball 2021...
3 December 2020 616 0

Mali: Perezida Boubacar Keita yeguye ku mugaragaro,abamweguje bizeza gushyiraho inzibacyuho

Ingabo za Mali zahiritse ku butegetsi Perezida Ibrahim Boubacar Keïta zatangaje ko zishaka gushyiraho leta y’inzibacyuho, mbere yuko habaho amatora mashya.
19 August 2020 1816 0

Nizeyimana Olivier wari inkingi ikomeye ya Mukura VS yeguye ku mirimo yo kuyiyobora

Ubuyobozi bwa Mukura VS bwemeje ko bwakiriye ibaruwa ya perezida wayo Nizeyimana Olivier isaba kwegura ku mirimo ye yari amazeho imyaka umunani adasimburwa.
12 May 2020 1064 0

Estonia: Meya w’ikirwa cyiswe "Corona"yeguye ku mirimo ye yishinja kwinjiza COVID-19 ku butaka ayobora

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu, ikipe ya volleyball y’i Milan mu Butaliyani yagiye ku kirwa kitwa Saaremaa cyo muri Estonia ihakina imikino n’ikipe yaho.
20 April 2020 1629 0

Meya wa Muhanga yeguye ku mirimo ye kubera gutinya umuvuduko w’iterambere ry’akarere

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamariya Béatrice nawe yandikiye Njyanama y’Akarere ka Muhanga asaba kwegura ku mwanya w’Umuyobozi w’Akarere no muri Njyanama.
3 September 2019 4777 0

Umudepite yeguye ku kazi nyuma yo kwiba umugati muri supermarket

Umunya Slovenia witwa Darij Krajdic w’imyaka 54, yabaye icyamamare mu gukora amahano kubera kwiba umugati mu nzu iyicuruza kandi asanzwe ari umudepite mu nteko ishinga amategeko y’iki...
15 February 2019 3811 0

Busabizwa niwe meya w’ agateganyo w’ umugi wa Kigali

Nyuma y’ uko Nyamulinda Pascal wari Umuyobozi w’ umugi wa Kigali yeguye mu buryo bwatunguye abatari bake, inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranye ku wa Gatanu yemeje ko Busabizwa Parfait aba...
16 April 2018 5520 0

Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye

Nyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize...
11 April 2018 4506 0

Zimbabwe: Umugaba Mukuru w’Ingabo yeguye

Constantino Chiwenga wari umugaba w’ingabo mu gihugu cya Zimbabwe yamaze kwegura kuri iyi mirimo guhera kuri uyu wa 18 Ukuboza,2017 nk’uko byemejwe na Guverinoma ya Zimbabwe. Constantino avuye...
19 December 2017 2151 0

Mugabe yandikiye inteko ishinga amategeko ayimenyesha ko yeguye ku mpamvu ze bwite

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
21 November 2017 2260 0

Ministri w’intebe wa Libani yeguye

Ministri w’intebe wa Libani, Saad al-Hariri, yatangaje benshi avuga ko yeguye kuri uwo mwanya. Yavuze ko ikibimuteye ari ubwoba bw’ubuzima bwe. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru i Beirut, Bwana...
4 November 2017 409 0

Kenya: Umwe mu ba Komiseri yeguye ahungira i New York

Dr Roselyn Akombe, umwe mu ba Komiseri muri Komisiyo y’Amatora ya Kenya yeguye kuri uyu mwanya. Mu rwandiko yateyeho umukono ku wa kabiri itariki ya 17 ukwakira 2017 avuga ko bimwe mu...
18 October 2017 586 0

Minisitiri w’Ubuzima muri Guverinoma ya Perezida Trump yeguye

Ministri w’ubuzima muri guverinoma ya Perezida Donald Trump yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2017. Dr. Tom Price yasezeye mu kazi kubera ibibazo byazamuwe n’uko yakoresheje...
30 September 2017 443 0

Umuyobozi wari ushinzwe itumanaho mu biro bya Trump yeguye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
21 July 2017 359 0

Bidasubirwaho Gitifu w’Akarere ka Muhanga yeguye...Guverineri ati ’yari umunyamakosa’

Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa isezera ku mirimo ye we avuga ko avuyeho ku mpamvu ze bwite. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 03...
3 July 2017 2367 0

Gitifu w’Akarere ka Gicumbi wavugwagaho ibibazo mu mitangire y’amasoko yeguye

Byiringiro Fidele wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, yeguye ku kazi ke ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ugushyingo 2016. Ni amakuru...
25 November 2016 1665 0

Sudani y’ Epfo: Minisitiri w’ umurimo yeguye, avuga ko agiye kwiyunga kuri Riek Machar

Minisitiri w’ umuirimo wa Sudani y’ Epfo Gabriel Duop Lam yeguye ku mirimo ye avuga ko agiye kwiyunga kuri Riek Machar uyoboye inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Perezida wa Sudani y’ Epfo Salva...
18 February 2017 731 0

Minisitiri w’ intebe wa Congo yeguye

Minisitiri w’ intebe wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Samy Badibanga, kuri uyu wa 6 Mata 2017 yeguye kuri uyu wa mwanya, ibaruwa yo kwegurwa kwe yayishyikije ibiro bya Perezida. Ubu...
6 April 2017 2859 0

Gitifu w’ umurenge wa Muhima ukurikiranyweho ruswa yeguye ku mirimo

Ruzima John, wari Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Muhima ukurikiranyweho icyaha cya ruswa yasezeye ku mirimo ye Ruzima yatawe muri yombi tariki ya 21 Werurwe 2017, ashinjwa kwaka...
22 April 2017 2160 0

Umukozi Perezida Trump yashinze itumunaho yeguye

Umukozi Perezida Donald Trump yashinze itumanaho ryo mu biro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika White House yeguye ataramara amezi atatu. Mike Dubke, weguye kuri uyu mwanya ni...
30 May 2017 1302 0

Rusizi: Umuyobozi wa Njyanama yeguye nyuma yo gusaba ibisobanuro meya

Madamu Béatrice Uwumukiza waraye akuwe ku mwanya w’Umuyobozi w’agateganyo wa RICA, amakuru ava Rusizi aremeza ko yamaze no gusezera ku mwanya wa Perezidante w’Inama Njyanama y’aka...
16 March 2024 8633 0

Perezida wa Etincelles FC yeguye kubera impamvu zirimo umunaniro

Uwari Perezida wa Etincelles FC, Ndagijimana Enock, yanditse ibaruwa isezera ku nshingano ze nyuma y’ibibazo byugarije ikipe harimo na miliyoni hafi 40 Frw...
14 March 2024 634 0

Umuyobozi wa New Zealand yeguye avuga ko “nta ngufu asigaranye” zo gutegeka

Jacinda Ardern yavuze ko mu kwezi gutaha azegura ku mwanya wa minisitiri w’intebe wa New Zealand kuko “nta ngufu asigaranye” zo gutegeka. Jacinda yagize ikiniga ubwo yasobanuraga uko imyaka...
19 January 2023 640 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 300