Kuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1 Ukuboza 2017 mu mujyi wa Kigali muri Kigali Conference and Exhibition Village ahazwi nka Camp Kigali habereye igitaramo cya Charly&Nina ubwo...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yatangaje ko yahisemo kutajyana umukinnyi Buteera Andrew mu mikino ya CECAFA kubera gutinya ko yakongera kuvunika cyane ko amaze iminsi mike avuye mu...
Mu mategeko byemejwe ko umuririmbyi Aline Gahongayire n’umugabo we Gahima Gabriel batandukanye byeruye.Ni icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Kacyiru ruherereye mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa...
Umunyamakuru Kenneth Eugene Anangwe yasezeraniye imbere y’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda n’umukunzi we mu Murenge wa Remera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa gatanu tariki ya 24 Ugushyingo 2017....
Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, yasezeraniye n’umukunzi we mu murenge wa Remera mu mujyi wa...
Mu gihugu cy’ u Burundi mu mpera z’ icyumweru gishize habere irushanwa ryo gutora ba nyampinga babyibushye.
Iri rushanwa ryateguwe na ‘Chic madame’ rikaba ryarabaye ku wa Gatanu tariki 17...
None ku wa Gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2017, mu murwa mukuru wa Zimbabwe Harare hatangiye imyigaragambyo ituje yo gusaba Perezida Mugabe kuva ku butegetsi.
Iyi myigaragambyo yitabiriwe n’...
Yvan Cyomoro Kagame ni imfura mu muryango wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we Jeannette Kagame, akaba avukana n’abahungu babiri n’umukobwa umwe , barimo Ian Kagame na...
Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko mu mezi 10 ashize yakiriye ibirego 184 by’ abahohotewe muri bo umwe yabitakarijemo ubuzima.
Ibi byatangarijwe mu nama rusange y’abagore bo mu Karere ka Nyarugenge,...
Mu gihugu cy’u Burundi abantu ibihumbi n’ibihumbi bazindukiye mu myigaragambyo yo kwamagana umwanzuro wa ICC wo gukora itohoza ku byaha bikomeye by’iyacarubozo byabereye muri iki gihugu.
Mu gace...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
Ku munsi w’ejo tariki ya 08 Ugushyingo 2017, Abakobwa bahatanira ikamba rya Nyampinga w’Isi bageze mu mujyi wa Sanya ahakomereje ibirori byo gushakisha umukobwa uhiga abandi mu buranga no mu...
Eugene Anangwe wamenyakanye nk’umunyamakuru watangiye ibiganiro byo mu rurumi rw’icyongereza aho yatangiriye uyu mwuga kuri Contact Fm, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yatunguye umukunzi we...
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Ugushyingo 2017; The New Vision yandikirwa mu gihugu cya Uganda ikaba n’Ikinyamakuru cya Leta, cyasohoye inkuru kuri paji ya mbere ivuga y’uko habayeho ibiganiro...