Christopher Muneza usigaye wiyita Topher ku mbuga nkoranyambaga yatangaje ko amasaha 48 yamukoreye mbere na nyuma y’uko irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi risozwa, ngo...
Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka, U Rwanda rwizihizaho umunsi wo kwibohora. Abahanzi nyarwanda barimo; King James, Rafiki,Senderi International Hit,Army Jazzy Band, Intore Tuyisenge ni bamwe mu...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata, mu busitani bwa Golden Tulip Hotel habereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta 2017” ni igitaramo cyahuje abahanzi batandukanye harimo Diamond...
Adrien Misigaro umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, yavuze urugendo yakoze kugirango ahure na Meddy, The Ben ndetse na Lick Lick kugirango batangire gukorana indirimbo zakunzwe...
Dominic Nic Ashimwe avuga ko iyo abona Patient Bizimana ku rubyiniro hari byinshi ubwonko bugarura bukamwibutsa intangiriro ya muzika yabo harimo no kwambukana akajerekani k’ikivugoto bagiye...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika aritegura gukorera igitaramo mu Rwanda k’ubutumire bwa East African Party isanzwe itegura ibitaramo ngarukamwaka, aho...
Muri Uganda kimwe no mu bindi bihugu bituyemo abantu bakurikiranira hafi amakuru y’ibyamamare byo muri Uganda by’umwihariko abakozi b’Imana, mu myaka yashize hari amakuru avuga ko Pastor Robert...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James muri muzika, yatangaje ko kutavuga umukunzi we mu itangazamakuru ari uko niyo yaba amufite cyangwa atamufite mu matwi y’abafana be bifuza ko ababwira...
Umuhanzi Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben, ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, aravuga ko nyuma y’igitaramo azakorera mu Rwanda tariki ya 1 Mutarama 2017 azakomeza ibikorwa...
Mu mwaka wa 2016, habaye ibikorwa bitandukanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda birimo:Ubukwe bw’ibyamamare, ibitaramo bitandukanye byahuje abahanzi bo mu karere k’ibirasirazuba ndetse no hanze...
Icyamamare mu gukina amafilimi benshi bazi nka ’Rambo’ Sylvester Stallone yanze umwanya w’ ubuyobozi yemerewe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump
Sylvester Stallone w’imyaka...
Mu muryango wa Mayanja umuriro watse nyuma y’uko buri ruhande rushinjanya gucana inyuma. Umugabo witwa Jimmy yatangaje ko ariwe se wemewe n’amategeko w’abahanzi Chameleone ndetse na Pallaso bakorera...
Gaël Faye ni Umuraperi w’Umunyarwanda ufite inkomoko mu Bufaransa ,yashyizwe ku rutonde rw’abantu 50 bakoze ibikorwa byatumye baba ibirangirire kuri uyu mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016....
TEDGA’S Hall” iherereye mu Akarere ka Kicuro yateguye ibirori byo gusabana no gusangira n’inshuti n’abavandimwe byiswe “ Friends and Family Christmas Dinner & Disco”
Kuri uyu wa 25 Ukuboza...
Umunyamuziki Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, yageze mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera muzika muri leta zunze ubumwe za...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop ndetse na Solo, George Michael, yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa 25 Ukuboza 2016 azize indwara y’Umutima yari amaranye igihe.
George Michale yakunzwe mu...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben mbere y’uko atarama muri East Africa Party tariki ya 1 Mutarama 2017, azitabira ibirori bikomeye kizabera kuri Hotel Portofino iherereye i...
Umujyanama [Manager] w’Icyamamare muri muzika ya Tanzaniya Diamond Platnmuz, yatangaje ko umuhanzi we atari mu bashakishwa na Polisi anavuga ko itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze...
Abahanzi Nyarwanda Charly&Nina, Dj Pius, na Farious bari kubarizwa mu gihugu cya Centre Afrique aho bakiriwe ndetse bagirana ibiganiro na Brigitte Touadera umufasha wa Perezida wa Centre...
Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
Umuhanzi nyarwanda uzwiho kugira udushya, kumenya kuganira no kuririmba injyana zitandukanye ku ngino zigezweho Senderi International Hit yatangaje ko kuba afite imyaka ikabakaba 40 y’ amavuko...
Perezida wa Tanzaniya Joseph Pombe Magufuli, yaganiriye n’umuhanzi w’Icyamamare Diamond ubwo yari mu kiganiro na Televiziyo Clouds Tv ikunzwe cyane muri Tanzaniya ndetse no mu karere k’ Afurika...