skol
Kigali

Search: Abahanzi (1760)

Christopher yavuze ku masaha 48 yamukomereye mu buzima yaranzwemo n’agahinda gusa

Christopher Muneza usigaye wiyita Topher ku mbuga nkoranyambaga yatangaje ko amasaha 48 yamukoreye mbere na nyuma y’uko irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi risozwa, ngo...
5 July 2017 3179 0

King James, Rafiki na Senderi basusurukije abitabiriye umunsi wo kwibohora -AMAFOTO

Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka, U Rwanda rwizihizaho umunsi wo kwibohora. Abahanzi nyarwanda barimo; King James, Rafiki,Senderi International Hit,Army Jazzy Band, Intore Tuyisenge ni bamwe mu...
5 July 2017 1167 0

Umukobwa uvugwaho gutwita inda ya Diamond yashyize avuga ise w’umwana

Umunyamideli Hamisa Mobeto, wakunze kuvugwaho kugirana umubano wihariye n’abahanzi batandukanye, yahakanye amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yemezaga ko atwite inda y’umuhanzi Diamond....
5 July 2017 4485 0

Reba amafoto akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Diamond Platnumz ari kubyinisha...

Kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata, mu busitani bwa Golden Tulip Hotel habereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta 2017” ni igitaramo cyahuje abahanzi batandukanye harimo Diamond...
5 July 2017 4784 0

Adrien yasobanuye uko yahuye na Meddy ndetse na The Ben, anakomoza kugituma ashikamye muri Gospel

Adrien Misigaro umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, yavuze urugendo yakoze kugirango ahure na Meddy, The Ben ndetse na Lick Lick kugirango batangire gukorana indirimbo zakunzwe...
5 July 2017 1360 0

Dominic na Patient bambukanye akajerikani k’ikivuguto muri Congo

Dominic Nic Ashimwe avuga ko iyo abona Patient Bizimana ku rubyiniro hari byinshi ubwonko bugarura bukamwibutsa intangiriro ya muzika yabo harimo no kwambukana akajerekani k’ikivugoto bagiye...
30 November 2016 854 0

The Ben azafatanya na Charly&Nina, Bruce Melody ndetse na Buravan

Umuririmbyi Mugisha Benjamin ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika aritegura gukorera igitaramo mu Rwanda k’ubutumire bwa East African Party isanzwe itegura ibitaramo ngarukamwaka, aho...
2 December 2016 323 0

Urban Boys yataramiye abanya Kigali yihanganisha ab’ I Huye

Itsinda rya Urban Boys kuri uyu wa 2 Ukuboza 2016 ryataramiye abafana baryo n’ abakunzi b’ umuziki muri Kigali, ryihanganisha ab’ I Huye kubw’ impunduka zatumye igitaramo cyagombaga kubera I Huye...
3 December 2016 599 0

Pasteri Robert Kayanja ngo yaba ari umutinganyi, dore urutonde rw’abandi bakozi b’ Imana 30 babushinjwa

Muri Uganda kimwe no mu bindi bihugu bituyemo abantu bakurikiranira hafi amakuru y’ibyamamare byo muri Uganda by’umwihariko abakozi b’Imana, mu myaka yashize hari amakuru avuga ko Pastor Robert...
19 May 2018 9647 0

Igisubizo cya King James kugituma atavuga umukunzi we

Ruhumuriza James benshi bazi nka King James muri muzika, yatangaje ko kutavuga umukunzi we mu itangazamakuru ari uko niyo yaba amufite cyangwa atamufite mu matwi y’abafana be bifuza ko ababwira...
8 December 2016 5066 0

The Ben azita cyane kugufasha impfubyi nagera mu Rwanda

Umuhanzi Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben, ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, aravuga ko nyuma y’igitaramo azakorera mu Rwanda tariki ya 1 Mutarama 2017 azakomeza ibikorwa...
12 December 2016 550 0

Inkuru enye z’ imyidagaduro zaciye igikuba kurusha izindi muri 2016

Mu mwaka wa 2016, habaye ibikorwa bitandukanye mu myidagaduro ya hano mu Rwanda birimo:Ubukwe bw’ibyamamare, ibitaramo bitandukanye byahuje abahanzi bo mu karere k’ibirasirazuba ndetse no hanze...
19 December 2016 6710 0

Sylvester Stallone ‘Rambo’ yanze umwanya w’ ubuyobozi yahawe na Trump

Icyamamare mu gukina amafilimi benshi bazi nka ’Rambo’ Sylvester Stallone yanze umwanya w’ ubuyobozi yemerewe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump Sylvester Stallone w’imyaka...
20 December 2016 3714 0

Umuriro watse iwabo wa Chameleone na Pallaso, habonetse undi mubyeyi wabo

Mu muryango wa Mayanja umuriro watse nyuma y’uko buri ruhande rushinjanya gucana inyuma. Umugabo witwa Jimmy yatangaje ko ariwe se wemewe n’amategeko w’abahanzi Chameleone ndetse na Pallaso bakorera...
21 December 2016 1369 0

Umunyarwanda Gaël Faye ari muri 50 bamamaye muri Afurika muri 2016

Gaël Faye ni Umuraperi w’Umunyarwanda ufite inkomoko mu Bufaransa ,yashyizwe ku rutonde rw’abantu 50 bakoze ibikorwa byatumye baba ibirangirire kuri uyu mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016....
22 December 2016 167 0

Peace Jolis na Jean Luc bazatarama mu birori byateguwe na TEDGA’S Hall

TEDGA’S Hall” iherereye mu Akarere ka Kicuro yateguye ibirori byo gusabana no gusangira n’inshuti n’abavandimwe byiswe “ Friends and Family Christmas Dinner & Disco” Kuri uyu wa 25 Ukuboza...
23 December 2016 189 0

Breaking news: The Ben, yagaragaje amarira y’ ibyishimo n’ urukumbuzi ubwo yageraga I Kanombe (Amafoto)

Umunyamuziki Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben usanzwe ukorera muzika muri leta zunze ubumwe za Amerika, yageze mu Rwanda nyuma y’imyaka itandatu akorera muzika muri leta zunze ubumwe za...
24 December 2016 3422 0

King James arasaba imbabazi abafana be

Umuhanzi King James arasaba imbabazi abitabiriye igitaramo cyo kumurika Alubumu urukundo kubw’ amakosa yakozwe n’umushyushyarugamba (MC). Phil Peter wari umushyushyarugamba yabwiye abari muri...
26 December 2016 1914 0

Umuhanzi mu njyana ya Pop,George Michael yishwe n’Umutima

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop ndetse na Solo, George Michael, yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa 25 Ukuboza 2016 azize indwara y’Umutima yari amaranye igihe. George Michale yakunzwe mu...
26 December 2016 118 0

The Ben azitabira ibirori bizabera Portofino i Nyarutarama

Umuririmbyi Mugisha Benjamin benshi bazi nka The Ben mbere y’uko atarama muri East Africa Party tariki ya 1 Mutarama 2017, azitabira ibirori bikomeye kizabera kuri Hotel Portofino iherereye i...
26 December 2016 355 0

Umunyagikundiro The Ben ati “Nkoze amateka atazibagirana!”

Umuhanzi w’umunyagikundiro Mugisha Benjamin[The Ben] yakoze igitaramo cy’amateka cyahuruje ibihumbi by’abafana, yaririmbiye kuri Stade Amahoro mu ijoro ryo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017 nyuma y’imyaka...
1 January 2017 2354 0

Drake amaze gukorana indirimbo 3 na Wizkid ariko ntabwo barahura

Umunya-Nigeria, Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi nka Wizkid, umaze gukorana indirimbo eshatu n’icyamamare Drake ubarizwa muri Amerika, biravugwa ko aba bombi batarahura n’umunsi n’umwe nubwo bakomeje...
8 February 2017 583 0

Umujyanama wa Diamond yahakanye ko ari mu bahigwa bukware na Polisi

Umujyanama [Manager] w’Icyamamare muri muzika ya Tanzaniya Diamond Platnmuz, yatangaje ko umuhanzi we atari mu bashakishwa na Polisi anavuga ko itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze...
9 February 2017 1041 0

Charly&Nina basobanuriye Umufasha wa Perezida wa Centrafrique uko umwana w’umukobwa yitaweho mu...

Abahanzi Nyarwanda Charly&Nina, Dj Pius, na Farious bari kubarizwa mu gihugu cya Centre Afrique aho bakiriwe ndetse bagirana ibiganiro na Brigitte Touadera umufasha wa Perezida wa Centre...
14 February 2017 1433 0

Lick Lick yamaze gusimbuza Oda Paccy, yimika Priscillah mu mutima we

Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
21 February 2017 5184 0

Oda Paccy yahaye umugisha urukundo rwa Lick Lick [babyaranye] na Priscillah

Umuhanzikazi oda Paccy uherutse gushyira hanze indirimbo yise ’No Body’, aratangaza ko amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ya Producer Lick Lick n’umuhanzikazi Umuratwa Priscilla ko yamugezeho...
21 February 2017 5724 0

Diamond yahatiwe gusobanura aho yakuye imitungo nyuma yo gushinjwa gucuruza ibiyobyabwenge

Umuhanzi w’Icyamamare, Diamond Platnmuz, umaze kumenyekana cyane mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba, yasabye n’ikigo gishinzwe imisoro muri Tanzania gusobanura aho yakuye ubukire nyuma y’uko...
1 March 2017 2392 0

Senderi yahishuye ko kudashaka umugore yabitegetswe na muganga

Umuhanzi nyarwanda uzwiho kugira udushya, kumenya kuganira no kuririmba injyana zitandukanye ku ngino zigezweho Senderi International Hit yatangaje ko kuba afite imyaka ikabakaba 40 y’ amavuko...
10 March 2017 6110 0

Abafana ba Diamond bavuga ko adahinduye imikorere bazamurambirwa

P-Funk Majani umutanzaniya utunganya indirimbo(Producer), avuga ko Diamond n’itsinda ry’umuziki rya Wasafi nibadahindura uburyo bw’imikorere abantu bazabarambirwa vuba. Nk’uko urubuga rwa Bongo5...
11 March 2017 2045 0

Ku murongo wa Telefone, Perezida Magufuli yashimye Diamond wibarutse undi mwana

Perezida wa Tanzaniya Joseph Pombe Magufuli, yaganiriye n’umuhanzi w’Icyamamare Diamond ubwo yari mu kiganiro na Televiziyo Clouds Tv ikunzwe cyane muri Tanzaniya ndetse no mu karere k’ Afurika...
14 March 2017 3071 0
0 | ... | 1470 | 1500 | 1530 | 1560 | 1590 | 1620 | 1650 | 1680 | 1710 | 1740