Umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger, yatangaje ko muri 2001 yaguze myugariro wakiniraga Tottenham witwa Sol Campbell,ageze mu ikipe abakinnyi yari asanganwe bamuvugiriza...
Amakuru aturuka mu binyamakuru bitandukanye mu Bwongereza aravuga ko ikipe ya Arsenal igiye kugurisha abakinnyi bayo benshi mu mpeshyi kugira ngo ibone abashya ndetse inagabanye umushahara...
Abakinnyi b’ikipe ya kabiri ya Zenit Saint-Petersburg yo mu Burusiya bari gusingizwa cyane kubera ubutwari budasanzwe bagize ubwo binjiraga mu nzu yarimo gushya bagakuramo umugabo wari wataye...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Ikipe ya Patriots BBC yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 13 izifashisha mu mikino ya BAL barimo umuraperi w’Umunyamerika, J. Cole wubatse izina rikomeye.
Umutoza wa Manchester United,Ole Gunner Solskjaer, yashyigikiye abakinnyi be bagaragaye bafite ibendera rya Palestine nyuma y’umukino iyi kipe yaraye inganyijemo na Fulham igitego...
Ikipe ya Chelsea ishaka rutahizamu muri iyi mpeshyi, yiyemeje kwegukana Harry Kane uherutse gusezera ku Tottenham akajya gushaka ibikombe mu makipe akomeye kuyirusha aho yatanze abakinnyi 3...
Ikipe ya Chelsea irakataje mu rugamba rwo gushaka rutahizamu ukomeye aho kuri ubu bivugwa ko ishaka uwahoze ari umukinnyi wayo Romelu Lukaku ariko ikabanza kugurisha abakinnyi...
Umutoza w’Amavubi Mashami Vincent yavuze ko impamvu atahamagaye ba myugariro babiri bo ku ruhande muri APR FC, Omborenga Fitina na Imanishimwe Emmanuel, ari uko bombi bari bakwiye ikiruhuko kubera...
Umugore w’umufana uherutse gukoresha impanuka abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bari muri Tour de France y’uyu mwaka bikaviramo benshi gukomereka no kuva mu irushanwa yatawe muri yombi ngo...
Umutoza Mashami Vincent yatangaje ikipe y’abakinnyi 11 aza kubanzamo mu kibuga ku mukino wa mbere w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabera muri Qatar 2022,u Rwanda ruhura...
Umutoza mushy wa Rayon Sports Masudi Djuma yatangaje ko uyu mwaka iyi kipe idafite abakinnyi bakanganye nk’abo yagiye igira mu myaka ishize gusa yemeza ko byatewe nuko habayeho gutinda mu kujya ku...
Abakinnyi ba Paris Saint-Germain babwiwe ko hagiye kuba impinduka ku mutoza aho ngo kizigenza Zinedine Zidane agiye kuza kubatoza, agafungurira amarembo uwabatoza Mauricio Pochettino ugiye...
Umutaliyani wamamaye kubera kurebererera inyungu z’abakinnyi bakomeye ku Isi (Agent) barimo Paul Pogba ukinira Manchester United, Erling Haaland ukinira Dortmund na Zlatan Ibrahimovic, yitabye...
Umutoza mushya wa Manchester United,Erik Ten Hag,yemeje ko akeneye byihutirwa abakinnyi bane mu isoko ryo muri iyi mpeshyi mu rwego rwo kubaka iyi kipe yitwaye nabi muri uyu mwaka w’imikino....
Abakinnyi bahagarariye u Rwanda mu mikino ya Commonwealth izatangira kuwa kane mu mujyi wa Birmingham bafite ikizere cyo kwitwara neza nubwo bamwe muri bo batiteguye bikwiriye.
Abakinnyi b’u...
Ikipe ya Manchester United yafashe umwanzuro wo kurekura abakinnyi bayo 9 biganjemo ab’amazina atazwi uretse uwitwa Cameron Borthwick-Jackson wakinaga mu bwugarizi,wazamuwe n’umutoza Louis Van Gaal...
Radio ikomeye yo mu mujyi wa Catalonia yitwa RAC1 yemeje ko abakinnyi 5 b’ikipe ya FC Barcelona basanganwe Coronavirus ariko ngo iyi kipe y’ubukombe ihitamo guhisha aya...