Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryageneye impano umunyabigwi Jimmy Gatete watsinze igitego cyagejeje u Rwanda mu gikombe cya Afurika 2004.
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 16...
Kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hatangijwe ibikorwa byo gutegura igikombe cy’Isi cy’abakanyujijeho mu mupira w’amaguru kizabera mu Rwanda muri 2024.
Ni igikorwa cyitabiriwe n’ibyamamare binyuranye,...
Uwari umukinnyi wo hagati wa Brighton w’imyaka 24, Enock Mwepu, byabaye ngombwa ko ahagarika umwuga we wo gukina nyuma yo gusanganwa indwara y’umutima.
Enock Mwepu ukomoka muri Zambia wibukwa...
Abazwi muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko itsinda ry’abahurira muri Filime ya Papa Sava ndetse na Seburikoko bitabiriye ubukwe bwa Yasuwe Niyomubyeyi Noëlla uzwi nka Fofo muri Papa Sava...
Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati nyuma y’amasaha make arekuwe muri gereza ya Mageragere aho yari afungiye yashimiye Imana yemeye ko arekurwa ageze mu bantu ashimira abamubaye hafi bose...
Myugariro wa Tottenham,Eric Dier ari mu rukundo n’umukobwa wagacishijeho na Alexis Sanchez ubwo yari hafi kuva mu ikipe ya Arsenal.
Eric w’imyaka 28,wongeye guhamagarwa n’umutoza Gareth Southgate...
Shakira, umuhanzi ukomeye ku isi, yavuze ko yigomwe byinshi kugira ngo abane na Gerard Pique wamamaye muri Barcelona baheruka gutandukana.
Shakira yavuze ko Pique atashyize ingufu zihagije mu...
Umukobwa wo muri Afurika y’Epfo witwa Paballo Maseko, yavuze ko yaryamanye n’umugabo wa nyina umubyara kugira ngo amwihimureho ku byo yamukoreye.
Maseko yemeye ko yaryamanye n’umugabo wa nyina,...
Perezida Paul Kagame yihanganishije u Bwongereza n’umuryango w’Umwamikazi Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane,tariki ya 08 Nzeri 2022.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije kuri Twitter,...
Umuhanzi Bruce Melodie wahiriwe n’amafaranga yo mu Burundi,yateguye ikindi gitaramo cya 3 gikomeye aho kwinjira byashyizwe ku giciro cyo hejuru.
Iki gitaramo gikomeye kiri bwitabirwe n’abafite...
Umunyamideli akaba n’umuhanzikazi muri Tanzania wamenyekanye nka Hamissa Mobetto yashishuye impamvu yagurishije imodoka harimo niyo yahawe na Diamond avuga ko yari afite indi yashakaga...
Hateguwe gahunda yo kwibuka Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jaypolly mu muziki Nyarwanda by’umwihariko mu njyana ya Hip Hop witabye Imana mu ijoro rishyira ku wa 02 Nzeri...
Bugingo Bonny wamenyekanye nka Junior Giti mu gusobanura Film yashimiye abantu bose babaye hafi mu bihe byo guherekeza umuvandiwe we Nkusi Thomas nawe wamenyekanye nka Yanga witabye Imana kuwa 17...