Umubiligi Ivan Jacky Minnaert wari umaze iminsi avugwa ko agiye kugaruka mu ikipe ya Rayon Sports nk’umuyobozi wa tekinike,ntiyabashije kumvikana n’ubuyobozi bw’iyi kipe nyuma y’iminsi bari bamaze...
Mu gihe kitageze ku kwezi rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ageze mu Bwongereza mu ikipe ya Arsenal,yamaze kugura inzu y’akataraboneka yatangaje benshi kubera ubwiza bwayo n’ibikoresho biyirimo....
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Muvunyi Paul yagiriye inama Umutoza Karekezi Olivier yo kuvugurura umukino wa Rayon Sports kugira ngo agumane akazi ke nubwo batangiye kuganira n’umubiligi Ivan...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali ifunze uwitwa Nubahumpatse Jean Pierre nyuma yo kugerageza kwiba Moto RD 825S akoresheje urufunguzo rw’urucurano. Byabaye tariki ya 14 Gashyantare...
None ku wa Gatatu, tariki ya 14 Gashyantare 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Ikipe ya Real Madrid yeretse PSG koubunararibonye ari ingirakamaro mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League iyitsinzemo ibitego 3-1,mu gihe FC Porto inyagiriwe ku kibuga cyayo na...
Umuririmbyi akaba na Producer Mico The Best yatangaje ko yifuza kutarenza imyaka 30 y’amavuko atararushinga n’umwe mu bakobwa usanzwe mu nshuti ze baziranyi.
Ni ibintu asobanura nk’umuhigo yihaye...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 14 Werurwe 2018 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye wa 1/8 cya UEFA Champions League uza guhuza ikipe ya Real Madrid na PSG ku kibuga cya Santiago Bernabeu aho...
Ubwo yari mu materaniro y’Abacunguwe mu Rwanda kuri iki cyumweru dusoje, Bishop Innocent Rugagi yahakanye ko atigeze ahanura ko umukobwa witwa Umunyana Shanitah azambikwa ikamba rya Nyampinga w’u...
Abafana b’ikipe ya Valencia ntibishimiye gusezererwa n’ikipe ya FC Barcelona mu mikino ya Copa del Rey aho bateye amabuye bisi yarimo abakinnyi b’iyi kipe, bayimena ikirahuri nubwo nta muntu...
Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda iranyomoza amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko umushoferi uzajya afatwa avugira kuri telefone atwaye imodoka azajya...
Uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Liverpool El Hadji Diouf arifuza kugera ikirenge mu cya George Weah uherutse kuba perezida wa Liberia,akiyamamariza kuyobora igihugu cya Senegal yitangiye cyane...
Umugabo witwa Alexander ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya yasambanyije umurambo w’icyamamare cyitwa Oksana Aplekaeva kizwi cyane ku mateleviziyo ubwo yari mu kazi ke ko kurinda ahabikwa imirambo....
Nyuma yiminsi mike umunyamideli Zari Hassan atangaje ko atazongera kubyarira Diamond bigatungura benshi, kuri ubu yagaragaye akora ku myanya y’ibanga y’umugabo we ubwo bari mu bwato batembera mu...
Padiri Deogratius Kateregga Kiibi wasomye misa yo gusezera Nyakwigendera Mowzey Radio yabwiye imbaga y’abahanzi bari baje gusezera kuri mugenzi wabo ko ubuzima babo ari ubwa agaciro ndetse...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Pierre Emerick Aubameyang ari mu mazi abira kubera umugore ukomoka mu Budage uri kumushinja gushaka kumugonga ubwo yari agiye ku kibuga cy’imyitozo cya Dortmund atwaye...
Umufasha wa Hategekimana Bonaventure Gangi witwa Mukamana Charlotte yanze ibyifuzo by’uwitwa Ndengejeho Innocent wifuzaga ko umurambo wa Gangi wakwimurwa aho wari ushyinguye ukajyanwa mu irimbi...
Karembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa...
Meddy umuhanzi w’umunyarwanda ariko uba muri Amerika(USA) yasohokanye n’umukunzi we mu mpera z’icyumweru dusoje mu mujyi wa Las Vegas,basangiza aba bakurikirana amashusho yafatiwe mu rugendo bagize....
Uganda-Polisi yo ku mupaka wa Elegu mu ntara ya Arua iratangaza ko yataye muri yombi ku wa Gatatu w’icyumweru dusoje umugore wari utwaye mu gikapu intwaro za Gisirikare ava muri Afurika y’Epfo...
Umunyamideli utashatse gutangaza izina rye yatangaje ko kapiteni w’ikipe ya Manchester United yamusambanyije amubeshya ko yatandukanye n’umugore we hanyuma akaza kumubona mu mugi wa Cheshire ari...
Abaturage ibihumbi 6 babaga muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bahugiye mu gihugu cy’ u Burundi, muri bo ibihumbi 4 bari mu nkambi yo mu ntara ya Rumonge mu gihe abandi ibihumbi 2 bari...