Itangazo rya Minisitiri w’Intebe ryo kuri uyu wa Gatanu taliki ya 06 Werurwe 2020 rirasaba abanyarwanda kuba maso kugira ngo birinde indwara ya Coronavirus aho basabwe guhagarika kuramukanya...
Bisanzwe bizwi ko buri mpera z’umwaka no gutangira umushya mu Rwanda rutegura cyangwa rukakira ibitaramo bitandukanye mu rwego rwo guha Abanyarwanda ibyishimo mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani...
Kuri uyu wa Kane nibwo hasojwe Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12, ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul...
U Rwanda rwaraye rwakiriye abanyarwanda barenga 20 bari bamaze igihe batoterezwa mu gihugu cya Uganda nyuma yo gufatwa mu bagafungwa mu buryo budakurikije...
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,FARDC zarahiriye kugaba ibitero ku nyeshyamba z’Abarundi n’Abanyarwanda zanze kuva mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukina mu ikipe ya Arsenal n’igihugu cya Gabon yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe bari kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa...
Abanyarwanda 11 bashimuswe n’abavugwa ko ari abakozi b’Urwego rw’Ubutasi mu Gisirikare cya Uganda (CMI) hafi y’umupaka wa Kagitumba ku ruhande rwa Uganda (Mirama...
Ndayisenga Valens ufite agahigo ko kuba ariwe munyarwanda wenyine watwaye Tour du Rwanda ubwo yari ku rwego rwa 2.2 mu mwaka wa 2014 na 2016,yavuze ko nta mahirwe menshi Abanyarwanda bafite yo...
Ikipe ikomeye muri RDC,AS Vita Club iri mu biganiro n’abakinnyi b’abanyarwanda barimo rutahizamu Jacques Tuyisenge ukinira Gor Mahia na Abdul Rwatubyaye ukina mu bwugarizi bwa Rayon...
Umunyezamu Kwizera Olivier uherutse gutsindisha ikipe y’igihugu Amavubi,yakoporoye inyandiko ya Karius watanze Liverpool ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsindwa na Real Madrid...
Umuhanzi Don Moen ukunzwe mu ndirimbo zo kuryamya no guhimbaza yasabye abanyarwanda bose kuzaza kwifatanya nawe mu gitaramo kiswe Mtn Kigal Praise Fest giteganyijwe ku wa 10 Gashyantare...
Abanyeshuri icumi ba Kaminuza ya Singhad Technical Education Society-Rwanda (STES-Rwanda) bahawe igikombe mu Buhinde mu irushanwa bari batumiwemo.
Iryo rushanwa ryateguwe n’ishuri rya Singhad...
Byibuze Imbonerakure [urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi] 600 zituruka mu ntara za Cibitoke, Bubanza, naBujumbura,umurwa mukuru w’ubucuruzi zoherejwe nk’umusada mu karere ka Mabayi...