Indirimbo ‘Garagaza’ Yvan Buravan yahuriyemo na se yaciye agahigo ko kuba iyoboye indirimbo z’uyu muhanzi mu kurebwa n’abantu barenga miliyoni kurubuga rwa...
Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
Mu dushya twaranze iki gitaramo harimo nko kuba uyu muhanzikazi yageze ku rubyiniro yambaye imyenda ikorerwa muri afurika ,ndetse harimo no kuba yaririmbanye n’umwe mubagab bafte ubugufi...
Umukobwa witwa Nadia yafashe umwanzuro udakuka wo kuva mu idini rya Islam yari amazemo igihe nyuma yo gucengerwa n’ubutumwa bwiza buri mu bihangano by’umuririmbyi Dominic Ashimwe, bikubiyemo...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James muri muzika, yatangaje ko kutavuga umukunzi we mu itangazamakuru ari uko niyo yaba amufite cyangwa atamufite mu matwi y’abafana be bifuza ko ababwira...
Umuririmbyi Ruhumuriza James wamamaye nka King James atangaza y’uko nta mukunzi afite kuri ubu ariko ko abona hari ibintu bitatu byatuma ashidurwa n’umukobwa yakwifuza ko yamubera umugore...
Abarinzi bavuga y’uko bafatwa nabi mu kazi kabo.
Knowless ashimirwa nk’umuhanzikazi uzi akamaro k’ushinzwe umutekano.
The Ben ngo kubera gutembera amahanga yasobanukiwe akamaro ka Body Guards....
Buravan yavuze ko bisobanura byinshi ku nganzo ye ndetse ko bituma nawe afata umwanya agashaka indirimbo zubaka imitima ya benshi ndetse bakagira urukundo.
Umukobwa witwa Nadia yafashe umwanzuro udakuka wo kuva mu idini rya Islam yari amazemo igihe nyuma yo gucengerwa n’ubutumwa bwiza buri mu bihangano by’umuririmbyi Dominic Ashimwe, bikubiyemo...
Ruhumuriza James wamamaye nka James yamaze guhaguruka mu Rwanda agana muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu rugendo yagize ibanga rikomeye.
Uyu musore yahagurukiye ku kibuga cy’indege...
Hakizimana Amani wamamaye nka AmaG The Black yatangarije imbere y’imbaga yabitabiriye imurikwa rya Album ya Aline Gahonganyire ko yamaze kubona Marraine we kandi ko bari kumwe, abari aho...
Nyuma y’imyaka igera kuri ine; Musabwa Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2017.
Kitoko aherutse gushyira hanze Indirimbo...
Umuhanzi w’ Umunyarwanda, uba mu gihugu cy’ u Bubiligi Paul Van Haver uzwi ku izina Stromae, yatangaje ahagaritse kuririmba.
Muri iki cyumweru nibwo Stromae wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga...
Dominic Nic Ashimwe, umuririmbyi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yasobanuye impamvu nyakuri ituma akora ibitaramo by’ubuntu. Avuga ko inkoni yakubitiwe kuri Petit Stade zabaye imbarutso...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop ndetse na Solo, George Michael, yitabye Imana mu rucyerera rwo kuwa 25 Ukuboza 2016 azize indwara y’Umutima yari amaranye igihe.
George Michale yakunzwe mu...
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman, avuga ko iyo ari ku rubyiniro ashyigikiwe n’umugore we ari ibintu bimukora ku mutima, yabona umuburi we akavuga ’Alleluyah’.
Ku cyumweru tariki 25...
Sauti Sol, Itsinda ry’abaririmbyi rikomeye mu karere k’ubarasirazuba, ndetse n’iwabo mu gihugu cya Kenya, banyuze mu mujyi wa Kigali bakomereza urugendo rwabo mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Congo...
Umuhanzikazi Teta Diana wavuye mu Rwanda mu ntangiriro z’umwaka wa 2016 ndetse kugeza ubu akaba ataragaruka; washimangiye izina rye mu ndirimbo ’‘Velo’ agiye kugaruka mu Rwanda mu minsi iri imbere...
Umuhanzi Paul Van Haver [Stromae] yasohoye amashusho y’indirimbo yayoboye ihuriwemo n’abahanzi bakomeye barimo n’umuraperi Nicki Minaj uri mu bafite izina rizwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za...
Ashobora kuba ari we muhanzi w’Umufaransakazi ubu wumvwa cyane ku isi, ariko Abafaransa ubu baribaza niba Aya Nakamura ari we ukwiye kuririmba mu mikino Olempike ya...
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania, Ommy Dimpoz wari umaze iminsi muri Kigali aho yari yaraje mu bukwe bw’inshuti ye The Ben, yamaze gusubira iwabo aho asize akoze imishinga...
Umuhanzi Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago Pon Dat yatangaje benshi nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere utumiye mu gitaramo cye,Minisitiri w’Urubyiruko unafite mu nshingano kwita ku bahanzi,Dr...
Umuraperi Siti True Karigombe yisunze mugenzi we The Major wo mu itsinda rya Symphony,bakorana indirimbo yitwa "Anick",ibyinitse cyane ariko irimo ubutumwa bufasha abasore uko...