Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Museveni yatsinze amatora yo ku wa 14 z’uku kwa mbere 2021, ku majwi 58.64 %..
Perezida wa Zambia uri ku butegetsi muri iki gihe yavuze ko amatora rusange arimo n’aya perezida yabaye ku wa kane "atakozwe mu bwisanzure no mu mucyo".
Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 hatangiye amatora yo kuri internet ndetse no kuri telefoni. Gutora birasaba kwifashisha IGIHE.COM
Hari kandi gukoresha code ya *544*1* nimero y’umukobwa ushaka guha...
Ibiro by’amatora muri Kenya byafunze Saa kumi zirengaho hakaba hagiye gukurikiraho igikorwa cyo kubarura amajwi.
Ni igikorwa benshi bemeza ko cyabaye mu mahoro n’ituze. Abakandida baza ku isonga...
Iminsi itandatu nyuma yo gutora, ntiharamenyekana uwatsinze amatora ya perezida wa Kenya. Byitezwe ko ashobora gutangazwa uyu munsi.
Kubara kugenda buhoro kw’ibyavuye mu matora, abanya-Kenya...
Umukuru w’akanama k’amatora ka Kenya yashinje bane mu bakozi bakuru (abakomiseri) bako batemeje ibyavuye mu matora ya perezida kugerageza guhungabanya itegekonshinga.
Mu itangazo, Wafula...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora [NEC],yasubitse amatora yo kuzuza Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Akarere ka Rubavu yari ateganyijwe hagati muri uku kwezi kwa Kanama 2023.
Itangazo iyi komisiyo...
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko "ibabajwe" n’icyemezo cy’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (UE/EU) cyo kureka kohereza indorerezi z’amatora yo mu kwezi...
Christophe Nangaa yaraye atangajwe ku rutonde rw’abadepite batsinze amatora yo ku rwego rw’inteko zishinga amategeko z’intara muri DR Congo, hari hashize amasaha macye akoresheje ikiganiro...
Aba uko ari batanu nibo bahatanira kwicara ku ntebe y’ umukuru w’ u Bufaransa
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 23 Mata 2017, Igihugu cy’ u Bufaransa cyazindukiye mu matora y’ umukuru w’...
Umunyarwanda, Philippe Mpayimana uba mu gihugu cy’u Bufaransa, yatangaje ko na we aziyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora azaba muri uyu mwaka wa 2017, kandi akaba aziyamamaza ku...
Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD FDD ryatangaje ko kuba Perezida Pierre Nkurunziza yaragizwe umuyobozi uhoraho waryo ntaho bihuriye n’ amatora ya Perezida w’ u Burundi ateganyijwe muri...
Perezida Robert Mugabe wahoze ari perezida wa Zimbabwe yatangaje ko atazigera aha ijwi uwamusimbuye ku ngufu ku buyobozi Emmerson Mnangagwa bahuriye mu ishyaka Zanu PF ryari rimaze imyaka hafi 40...
Abaganga mu bitaro bya Kaminuza bya Butare CHUB bishimiye ko bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda batoreye ku bitaro banavuga ko byatumye batanga serivise neza.
Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ umukandida depite wigega Nsengiyumva Janvier wagaragaye ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse...
Abatavuga rumwe na reta ya RD Congo barategekanya guhurira i Geneve ku wa Kane kugira ngo batore uzaseruka mu izina ryabo mu matora y’umukuru w’igihugu yo ku wa 23 Ukuboza...
Urukiko rwigenga rurinda itegeko Nshinga rwatangaje ko Felix Tshisekedi ariwe watsinze burundu amatora ya perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,atsinze Fayulu na...