Umuririmbyi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben utuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika, amaze iminsi mike agarutse ku mugabane w’Afurika mu buryo butamenywe na benshi kugeza ubu.
Uyu muhanzi...
Barafindafinda niyo filime ya mbere yakinwemo na Barafina Sekikubo Fred wamamaye mu Rwanda nyuma yo gutanga kandidature ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yabaye muri Kanama 2017 gusa...
Mu mpera z’umwaka ushize wa 2017 nibwo Oda Paccy yaciye igikuba mu ikoma yikinze ku bibero no ku mabere, yahaye benshi intero no kumwigana bisa n’ibyakozwe n’abanyamideli bo muri Amerika nabo...
Abanyarwenya 2 aribo Siriki na Souke bagiye gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco ryo gusetsa rizatangira kuva taliki ya 22 Nyakanga2018. Rikarangira taliki ya 29 Nyakanga...
Kuri uyu wa Gatanu umuhanzi Dj Pius yamuritse Alubumu y’indirimbo ye nshya yise ‘ Iwacu’ igitaramo cyatumiwemo abahanzi batandukanye barimo Jose Chameleon ,Weasel ,Palasso ,Charly & Nina...
Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi,...
Perezida George Washington siwe wabaye Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika ahubwo yabanjirijwe n’ uwitwa John Hanson, umwirabura waharaniye ihinduramatwara muri Amerika. Uyu John...
Umuririmbyi w’ikirangirire ukomoka muri Nigeria Rudeboy wahoze mu itsinda rya P Square agiye kuza gutaramira mu Rwanda mu birori byo gutanga ibihembo ku bakora sinema muri Afurika bizaba mu...
Rudeboy wahoze mu itsinda rya P-Square yageze I Kigali aho aje kwifatanya n’abanyarwanda mu gitaramo cyo gutanga ibihembo ku bakora umwuga wa sinema muri Afurika (Africa Movie Academy Awards)...
While much is expected from the mainstream media, little has been invested in the same space that is expected to educate and inform masses, let alone build a strong sector that would help shape...
Ikipe ya FC Barcelona iri mu bihe bibi cyane,yongeye gutenguha bikomeye abakunzi bayo itsindwa ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma wa Copa del Rey aho yatwawe igikombe na Valencia yari imaze imyaka...
Abajura bari bitwaje intwaro binjiye mu nzu rutahizamu wa Chelsea,Alvaro Morata n’umugore we Alice Campello batuyemo,biba imitako itandukanye,amasaha ndetse n’amafaranga aho basize uyu mugore...
Charly&Nina itsinda rimaze kwigarurira benshi muri muzika nyarwanda batangirije ubukangurambaga #1000GirlsIwacu muri G.S Rukira mu karere ka Huye ho mu ntara...
Lionel Messi uheruka guhembwa nk’umukinnyi wahize abandi ku isi, yaraye avunikiye mu mukino wa shampiyona ya Espagne FC Barcelona yatsinzemo Villarreal...
Umukinnyi Casemiro ukina hagari mu ikipe ya Real Madrid yatewe n’ibisambo ubwo yari mu kibuga ahanganye na Atletico Madrid,biramwiba biramucucura bititaye ko umugore we n’umwana we bari mu...