Rutahizamu Neymar Jr w’ikipe ya PSG,yatangaje ko akiri umwana yigeze kubabaza cyane ababyeyi be ubwo se yamuhaga amafaranga yo kujya kwishyura umuriro agahitamo kuyakinamo...
Kizigenza Cristiano Ronaldo wa Juventus yahawe igihembo cya Golden Foot cy’umukinnyi mwiza urengeje imyaka 27 gitsindirwa inshuro imwe gusa.
Iki gihembo Ronaldo yahawe iki gihembo atsinze...
Christmas is around the corner, New Year is following and many sports events entered their winter break. But not all of them! StarTimes offers you a real sports feast to end 2020 with passion and...
Umukinnyi Neymar Jr ukinira ikipe ya Brazil na PSG,aba mu buzima buhenze cyane ariko buryohereye mu mujyi wa Paris aho atuye mu nzu akodesha miliyoni zirenga 12 FRW ku...
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje kugaragaza ko Juventus yifuje kugarura Paul Pogba kuva kera kuko ngo mu mpeshyi ishize yahaye Manchester United abakinnyi babiri barimo Miralem Pjanic na...
Ikipe ya Real Madrid yanze gukina irushanwa rya Europa League byashobokaga ko yerekezamo nyuma yo gutsinda Borussia Monchengladbach ibitego 2-0 ikerekeza muri 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions...
Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane,utari kwitwara neza muri uyu mwaka w’imikino,yabwiye abanyamakuru ko atabonera ibisobanuro impamvu ikipe ye iri kwitwara nabi muri shampiyona ya La...
Ibinyamakuru bitandukanye ku mugabane w’I Burayi bikomeje gutangaza ko kizigenza Cristiano Ronaldo ari mu biganiro byimbitse n’ikipe ya Real Madrid kugira ngo ayigarukemo nyuma yo kuyivamo muri...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yasingije bikomeye umukinnyi yatoje muri Manchester United,Zlatan Ibrahimovic ko ariwe wenyine ukina nk’umukinnyi w’imyaka 20 cyangwa 30kandi ari hafi kuzuza...
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu mupira w’amaguru Samuel Eto’o yaraye asimbutse urupfu rwamugendereye ubwo yari atwaye imodoka ye avuye mu bukwe muri Cameroon,yarangiza akagongana na...
Rutahizamu ukomeye wa Juventus, Cristiano Ronaldo,ari gukorwaho iperereza na Leta y’Ubutaliyani ku cyaha ashinjwa cyo kwica amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 imbere mu gihugu cyane ko...
Kizigenza Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani amaze iminsi isaga 12 ari mu kato nyuma yo gupimwa agasangwa yaranduye icyorezo cya...
When Europe’s governing football body UEFA introduced the Nations League, they did so to enable countries to play competitive matches in between major tournaments.
And a look at some of the...
Amakipe ya Premier League mu Bwongereza muri iyi mpeshyi yashoye imari iri munsi gato y’iyo yashoraga mu myaka ishize mu kugura abakinnyi, ariko aracyaruta cyane ay’izindi shampiyona zikomeye i...
Rutahizamu w’ibihe byose wa PSG w’imyaka 33,Edinson Cavani yamaze kwerekeza mu ikipe iya Manchester United aho yahawe numero 7 yambaye na bimwe mu bihangage byaciye muri iyi kipe birimo...
Abakinnyi 3 barimo Robert Lewandowski, Manuel Neuer na De Bruyne nibo batoranyijwe na UEFA kuzavamo uwitwaye neza kurusha abandi bose ku mugabane w’I burayi.
Ikipe ya Chelsea FC yaraye itangaje ko isinyishije Umudage witwa Kai Havertz wakiniraga ikipe ya Bayer Leverkusen ku kayabo ka miliyoni 89 z’amapawundi.
Uwahoze ari kizigenza mu mupira w’amaguru,Ronaldinho n’umuvandimwe we Roberto bari amaze amezi akabakaba 6 bafungiwe muri Paraguay nyuma yo gufatanwa pasiporo z’impimbano barekuwe basubira iwabo...
Umunyabigwi w’ikipe ya Manchester City,Yaya Toure,yavuze ko bibabaje kuba umutoza Pep Guardiola yarashoye akayabo mu kugura abakinnyi ariko akaba atabasha gutwara Champions League kandi hari...
Ikipe ya Bayern Munich yamaze guharura inzira ishobora kuyifasha kwegukana igikombe cya 6 cya UEFA Champions League nyuma yo gusezerera muri ½ ikipe ya Lyon iyitsinze ibitego 3-0 mu mukino wabaye...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze umwiherero w’umunsi umwe, bahura n’abakinnyi kugira ngo hategurwe umwaka w’imikino wa 2020/2021.
Ni umwiherero wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama...
Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola,yatangaje ko nyuma yo gutsinda Real Madrid ibitego 2-1 ndetse akamusezerera muri UEFA Champions League,yamushimiye ko yatwaye La Liga ndetse amwifuriza...
Umutoza Pep Guardiola avuga ko kuba ikipe ye ya Manchester City yaraye itsinze Real Madrid ari "intambwe imwe" iteye,ariko nta mwanya wo kwishimira intsinzi bafite mu gihe iyi kipe igerageza...