Umunya Colombia,Jhonatan Restrepo yongeye guca mu rihumye abo bahanganye atwara agace ka 5 ka Tour du Rwanda kabaye aka kabiri mu irushanwa kuko yari yatwaye agace ka Gatatu kasorejwe mu karere...
Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2021, ntabwo yahiriwe no kwinjira mu cyiciro cya nyuma abikesha ikizami bakoze cya ‘Head to Head challenge’, kuko mu itsinda rye...
Umugore wo mu gihugu cya Colombia yaciye ibintu ku isi hose kubera ukuntu yatabaye umwana we wari ugiye guhanuka ku igorofa rya kane ry’inzu ye abanje umutwe ubwo bari kumwe bari gusohoka muri...
Umunya Colombia witwa Restrepo Jhonatan ukinira ikipe ya Androni Giocattoli – Sidermec yo mu Butaliyani ni we wegukanye Agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2020 kavaga Huye kerekeza I Rusizi ku...
Agace ka Gatandatu bavaga I Musanze berekeza I Muhanga ariko banyuze mu Ngororero ku ntera ya kilometero 127 karangiye umunya Colombia witwa Restrepo Jhonatan Valencia ukinira ikipe ya Androni...
Guhera kuwa Kane nta wundi mukinnyi uratwara agace muri Tour du Rwanda uretse umunya Colombia, Restrepo Jhonatan Valencia wegukanye n’ak’uyu munsi ko gusiganwa umuntu ku giti cye ku birometero...
Umunya Colombia Sanchez Vergara Brayan Stiven ukinira Team Medellin niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2021 kasorejwe mu karere ka Rwamagana ku ntera y’ibilometero 115,6 byasojwe...
Amakuru aturuka kuri polisi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Colombia aravuga ko se w’umukinnyi wa Liverpool, Luis Díaz, yarekuwe n’inyeshyamba zari zamushimuse mu minsi 13...
Neteo umwe mu bantu batandatu gusa barokotse impanuka y’indege yari itwaye abakinnyi b’ ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil, yaguyemo abantu 76 mu mpera z’ukwezi gushize, yari ari gusoma umurongo...
Amakuru aturuka I Vatican aravuga ko indege itwara umushumba mukuru wa kiliziya gatorika ku Isi Papa Francis kuri ubu uri mu ruzinduko rw’ iminsi itanu mu gihugu cya Colombia yahinduye amayira...
Ikipe ya Argentine yaraye ihuye n’uruva gusenya aho yanganyije na Peru mu rugo 0-0 bituma amahirwe ye yo kubona itike yo kwerekeza mu mikino y nyuma y’igikombe cy’isi agerwa ku mashyi mu gihe ikipe...
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Abagore babiri barwaniye ku kibuga cy’indege cyitwa Jose Cordova muri Colombia bapfa umugabo,aho umwe yahuye na mukeba we wari wararanye n’umugabo we ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize arafuha...