Biravugwa ko Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid uheruka gukatirwa igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya Miliyoni 2 FRW,yibereye mu kwezi kwa buki i Dubai we n’umugore we Iradukunda Elsa baherutse...
Sosiyete y’indege ya RwandAir yatangaje ko ibaye ihagaritse gutwara abagenzi bava mu bihugu bya Zimbabwe na Afurika y’Epfo berekeza i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe...
Ku isabukuru ye, tariki 29/05, Olalekan Jacob Ponle yashyize ifoto kuri Instagram ari iruhande rw’imodoka ya Lamborghini i Dubai, yandikaho ati;
"Abantu ntibagatume wicira urubanza kubera...
Kompanyi y’indege itwara abagenzi n’imizigo ya Emirates yo mu mujyi wa Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu yafashe umwanzuro wo kwirukanira rimwe abapilote bayo 600 kubera igihombo gikomeye...
Umunyakenyakazi Alhuda Njoroge uzwi ku izina rya Huddah Monroe kuri ubu wibera i Dubai yihanangirije abafana b’abagabo bari mu kato kwirinda kwikinisha no kwishora mu bikorwa byangiza igitsina...
Nyuma y’imikino y’igikombe cya Afurika iheruka kubera mu Misiri,rutahizamu Sadio Mane ntiyagiye kwinezeza I Dubai cyangwa ku mazi nkuko abandi babigenza ahubwo yahise yerekeza mu mirimo yo kubaka...
Kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ugushyingo 2018, mu nama mpuzamahanga ya ITU iteraniye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, U Rwanda rwatorewe indi manda y’imyaka ine mu kanama k’ibibugu biyobora...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kivuga ko 12% by’abatumiza ibicuruzwa mu mahanga cyane cyane mu Bushinwa n’I Dubai, baba bafite impapuro z’ibicuruzwa zidahuye n’ibyo baba binjije mu gihugu...
Rutahizamu wifuzwa n’ikipe ya Arsenal,Mykhailo Mudryk yabwiye abantu bari kumwe mu biruhuko I Dubai ko yiteguye kwerekeza kuri Emirates nyuma y’aho iyi kipe itanze amafaranga ya kabiri yo kumugura...
Ku itariki ya 25 Nyakanga, abagore babiri bafashwe bagiye kwinjiza ibiyobyabwenge mu ndege ya RwandAir, yari igiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu inyuze i Kigali.
Abagore bafashwe barimo...
Umuhanzi w’indirimbo za Gakondo Cyusa Ibrahim yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusohora amashusho ari mu buriri n’umukunzi we mu bihe byiza bari kugirira I Dubai. Ni...
Kylian Mbappe na Robert Lewandowski bombi bagaragaje ko bitandukanyije n’igitekerezo cy’umuyobozi wa siporo muri FIFA,Arsene Wenger wifuza ko igikombe cy’isi cyajya gikinwa buri nyuma y’imyaka...
Young grace n’umwe bubakobwa babanyarwandakazi bakunzwe cyane mu ijyana ya hip hop . yatangaje ko afite umukunzi mushya ariko ko batarabyinjiramo cyane ahubwo barimo kureba ko bazazuzuza...
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu,CP John Bosco Kabera Yavuze ko ku bagenzi bagera mu Rwanda nyuma ya saa tatu z’ijoro,yatangaje ko abantu bafite ingendo z’indege za nyuma ya saa tatu z’ijoro, kugira...
Sacha Kat wavuzwe bigatinda mu rukundo na Nizzo Kaboss wa Urban Boys, yinjiye mu rukundo rushya n’umugabo w’umuherwe wamaze kumugurira inzu n’ibindi bikoresho nkenerwa mu buzima bwa buri munsi....
Umugabo witwa Mohamed Jibril Ali w’imyaka 51, yafatanywe ikiyobyabwenge cya Heroine ubwo yari agiye kurira indege ya Rwandair yari igiye guhaguruka muri Kenya yerekeza I Dubai.
Uyu mugabo watawe...