Umutoza Jose Mourinho uri mu bushomeri yagaragaye muri resitora ari gusangira n’umwe mu bayobozi ba Arsenal bica amarenga y’uko ibimaze iminsi bivugwa ko umutoza Unai Emery ashobora kwirukanwa...
Ronaldo ubura igitego 1 gusa ngo yuzuze ibitego 100 mu ikipe ya Portugal yabwiye Danilo bakinannye muri Real Madrid banakinana ubu muri Juventus ko iyo akinira Brazil yari kubasha ibindi...
Umukinnyi wa FC Barcelona, Lionel Messi, yahamagaye Neymar Jr nyuma yo gusezererwa na Liverpool mu buryo bugayitse ku bitego 4-3 mu mikino yombi,amubwira ko azongera gutwara UEFA Champions League...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 28 Ugushyingo 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 4 Ukuboza 2019, nibwo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubukerarugendo mu Rwanda (RDB), cyatangaje ko cyatangiye imikoranire n’ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Bufaransa, Paris...
Rayon Sports yatangiye gukoresha igeragezwa rutahizamu Mamady Barry wakiniye ikipe y’igihugu ya Guinée-Conakry y’abatarengeje imyaka 20 mu gikombe cy’isi cya 2017,waje mu Rwanda avuye mu...
Ikipe ya PSG ikomeje kwigarurira imitima y’abanyarwanda nyuma yo kwemera kwamamaza “VISIT RWANDA”,yatangaje ko yifuza umukinnyi Liverpool igenderaho Sadio Mane kugira ngo imusimbuze Neymar Jr...
Bamwe mu bakunzi b’ikipe ya Real Madrid bababajwe nuko rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe bifuza cyane yasingije Lionel Messi aho bamwe bahise bemeza ko ashaka kuzakinana n’uyu munya Argentina...
Umunya Senegal Sadio Mane w’imyaka 27 yaraye atorewe kuba umukinnyi wahize abandi muri Afurika mu mwaka wa 2019 ahigitse Mohamed Salah na Riyad Mahrez bari...
Abafana bikekwa ko ari aba Manchester United barakaye cyane batera urugo rw’umuyobozi w’iyi kipe [chief executive] witwa Ed Woodward ruherereye ahitwa Cheshire bitwaje ibishashi [fireworks]...
Umugore usifura imikino imwe n’imwe ya Serie A witwa Claudia Romani yatumye benshi bacika ururondogoro kubera amafoto akurura abagabo yashyize hanze ari ku mucanga wa Miami muri...
Abahagarariye shampiyona ya Premier League batangaje ko inama y’abagize iri rushanwa ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza yemeje guhagarika iri rushanwa mu gihe cy’ibyumweru 3 kubera inama z’abaganga...
Umukinnyi wa mbere ku isi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yatangaje ko mu bakinnyi bato bari kuzamuka neza mu Bwongereza abona umusore ukiri muto wa Chelsea witwa Mason Mount ashobora kuzayobora...
Indege ya kizigenza Lionel Messi kapiteni wa FC Barcelona yagiriye ikibazo mu kirere bituma ihagarara igitaraganya Brussels kandi yagombaga guhagarara ahitwa Tenerife muri...
Bitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe...
Muri iki gihe isi yose iri mu bihe bibi bya Coronavirus,abantu benshi bazamuye impaka z’umukinnyi mwiza hagati ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi gusa uyu munya Argentina niwe watowe cyane...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe bibi cyane yatakaje myugariro wayo w’inyuma ku ruhande rw’iburyo, Iradukunda Eric uzwi nka ‘Radu’ werekeje muri Police FC.
Iradukunda wasoje amasezerano y’imyaka...
Ikipe ya Police FC yamaze gusinyisha uwari kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports amasezerano y’imyaka 2 nyuma yo kumuha akayabo ka miliyoni 15 000 000 FRW n’umushahara wo...
Uwari kapiteni wa Rayon Sports,Rutanga Eric yahishuye ko impamvu yatumye ava muri Rayon Sports akerekeza muri Police FC ari uko yanze kumwishyura miliyoni 7 FRW yari imurimo kandi ibizi ko afite...
Myugariro Rutanga Eric ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe y’igihugu Amavubi,ashobora kuva mu ikipe ya Police FC yaherukaga gusinyira mu cyumweru gishize,akerekeza muri Young Africans...
Rutahizamu Mario Balotelli wo mu ikipe ya Brescia yo mu kiciro cya mbere mu Butaliyani yahuye n’uruva gusenya ubwo yari ageze ku kibuga cy’imyitozo abwirwa ko perezida w’ikipe yategetse ko atinjira...
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports ahamya ko ubuyobozi bw’iyi kipe buri kubaka ikipe ikomeye ishobora no guhatana no ku rwego mpuzamahanga mu gihe iyi kipe nayo byakwemezwa ko izahokera u...