Umujyi wa Kigali uramenyesha abakoresha amasangano y’imihanda ya Kanogo ko bashobobora guhura n’ubucucike (Traffic Jam) bw’ibinyabiziga mu gihe aya masangano araba ari kwagurwa guhera uyu munsi...
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 09 Mata 1994 n’uko ingabo za FPR inkotanyi zagiye zirokora...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 03 Ukuboza, abahanzi, abashumba inshuti ndetse n’abanyamuryango b’umuhanzi nyakwigendera Gakunzi Jonathan babyukiye mu muhango wo gusezera kuri uyu muhanzi...
Umuraperi nyarwanda Manzi Patrick uzwi ku izina rya Generous 44 na mugenzi we baririmbana mu itsinda rimwe rya Thug Nation Mirabyo The Warren bari mu maboko ya Polisi bashinjwa kunywa...
Abahanzi bari mu irushanwa rya PGGSS ku nshuro yayo ya 8 bakoze igitaramo kidasanzwe mu Ntara y’amajyaruguru mu Karere ka Musanze nyuma yuko bavuye i Gicumbi.
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 09 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi....
Kidumu Kibido Kibuganizo, Umuhanzi w’Umurundi umaze kugira mu Rwanda nko mu rugo kuva yahakandagira bwa mbere mu 1999, , ari mu bahanzi bakomeye bazaririmba mu gitaramo giteganyijwe kuba kuri uyu...
Pte Claude Ishimwe na Pte Jean Pierre Nshimiyumukiza bakatiwe n’Urukiko rwa Gisirikare gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha bari bakurikiranyweho cyo kwica Ntivuguruzwa Aime Yvan bamurasiye i...
Abasirikare bato barimo uwitwa Pte Nshimyumukiza Jean Pierre na Pte Ishimwe Claude, bakurikiranyweho kwica Ntivuguruzwa Aimé Ivan, wari utuye i Gikondo mu karere ka Kicukiro imbere y’urukiko...
Kuri sitasiyo ya polisi i Gikondo hafungiye umucuruzi wa caguwa witwa Karangwa Jean de Dieu wafatiwe kudatanga inyemezabugizi, akagerageza guha ruswa umupolisi.
Tariki 12 Ukuboza 2016 nibwo...
Uruganda rwa West Hills Coffee rurashinjwa n’ikipe y’igihugu y’amagare ’Team Rwanda’ ubwambuzi bw’amafaranga ibihumbi bitanu by’amadorali ku masezerano bari bagiranye yo kugurira ikipe ya Benediction...
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 09 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi....
Urukiko rwa rubanda rw’i Bruxelles mu Bubiligi rwakatiye Twahirwa Séraphin igifungo cya burundu, rutegeka ko Basabose Pierre baburaniraga hamwe ajyanwa ku gahato mu kigo kivura indwara zo mu...
Rayon Sports na APR FC zifurije Kimenyi Yves wazikiniye gukira vuba nyuma yo kugira imvune ikomeye akangirika amagufa abiri yo ku kuguru (tibia na péroné) ku mukino wahuje AS Kigali na Musanze...
Mukakamanzi Beata wamamaye nka Mama Nick muri filimi y’uruhererekane ya City Maid ikundwa na benshi kuri RTV,yaraye mu bitaro aho agiye kubagwa nyuma y’impanuka yakoze ikamutera...
Kuri uyu wa Kane tariki 12 Ukwakira 2023,Ubushinjacyaha bwakomeje kugaragaza icyo burega Basabose na Twahirwa bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Ubushinjacyaha...
Umucamanza mukuru wo mu rukiko rukuru rwa Buruseri mu Bubiligi washinzwe kuburanya abanyarwanda babiri bshinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yavuze ko yemeza neza ko abo...
Operasiyo idasanzwe yakozwe mu ijoro ryo ku wa 11 Kanama 2023 ahazwi nko muri ‘Korodoro’ mu Giporoso mu Kagari ka Kabeza mu Murenge wa Kanombe muri Kicukiro yasize abarimo indaya, ibisambo...
12 Job Positions of Technical Officer in charge of tally at Rwanda Revenue Authority: (Deadline 9 August 2023)
JOB DESCRIPTIONS
Job details
Job Title: Technical...
Bahati wamenyekanye mu itsinda rya Just Family yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Unyuzimfura Cecile, usanzwe utuye hanze y’u Rwanda.
Mu kitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 27...