Myugariro w’iburyo wa Philadelphia Union, Uwimana Noe wari wahamagawe mu Ikipe y’Igihugu "Amavubi" yitegura umukino wo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika izakinamo na Mozambique, yasubiye iwabo...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 27 Nzeri 2023, nibwo mu Murenge wa Kaniga, mu Karere ka Gicumbi inkuba yakubise abantu 7, umwe ahita apfa.
2 job positions of Camera Operator at Rwanda Education Board (REB) Under Contract at : Deadline: Jan 23, 2024
Engineer-IT Demand at MTN Rwanda: 19th Jan 2024
Yego center Nurse / Youth at...
5 Job Positions of Sales Executives at Fenghao Electromechanical Co. Ltd
4 job positions of School – Based Mentor at The Pharo Foundation Rwanda Ltd
Rwanda Logistics Warehouses Operations...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...
Nyuma y’imyaka igera ku icumi hatangijwe gahunda yo guca nyakasi ndetse muri 2012 bigatangazwa ku mugararago ko nyakatsi yarandutse ndetse imiryango yari iyituyemo ikaba iba mu mabati cyangwa...
Nkurunziza Gusatave wari usanzwe ari na perezida wa FRVB yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB), byemejwe mu inama y’intekorusange y’umuryango wa...
Abafite iki kibazo barimo abakorera ku Cyicaro cy’iyi Kaminuza giherereye i Save mu Karere ka Gisagara ndetse n’abakorera ku ishami ryayo riri mu Mujyi wa Huye, ku Itaba, baberewemo agera kuri...
Umusore witwa Nsengiyumva Dieu Donne w’ imyaka 23 y’ amavuko bamusanze yapfiriye mu giti anagana mu mugozi, ngo yasize avuze ko nyirabuja yari yaramwanduje SIDA.
Mu gitondo cyo kuri uyu Kane...
Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Dr Frank Habineza uzahagarira ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda DGPR yasezeranyije abatuye mu karere ka Nyamasheko ko...
Iminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Bamwe mu bahungu biga ku kigo cy’amashuri yisumbuye cya GS St François d’Assise Kansi mu karere ka Gisagara, barashinja umwarimu wabo kubakoresha ubutinganyi.
Uyu mwarimu ukurikiranyweho...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Ikipe ya Volleyball ya Kaminuza yigisha ibijyanye n’ubukerarugendo UTB, ishaka kuba mpatse amakipe mu mwaka wa shampiyona utaha,yatangiye kugura abakinnyi bakomeye barimo Kavalo akumuntu Patrick...
Kenyatta yatowe kuri 98%
abaguye mu myigaragambyo ni bane
Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
Amatora yitabiriwe na 40%
Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Kuri uyu wa Gatandatu 28 Ukwakira 2017, mu karere ka Huye habereye isiganwa ry’amamodoka rigamije kwibuka Gakwaya Claude wahoze asiganwa ku mamodoka, akaza kwitaba Imana azize impanuka mu mwaka wa...
Abantu 13 bahitanywe n’imisozi yabaguyeko kubera imvura nyinshi yaguye mu magepfo y’intara ya California muri Amerika nk’uko bivugwa n’abategetsi.
Abandi 163 bari mu bitaro, makumyabiri muri bo...
Mu gihe bamwe mu baturage bo mu cyiciro cy’abitwa ko bahoze barasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko hari aho bagihezwa ndetse no kunenwa bya hato na hato kandi ngo n’ubufasha bagenerwa na leta hamwe...
Akarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka...
Kuri uyu wa 9 Kanama 2018 nibwo hatangajwe uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo y’ umwaka w’ ingengo y’ imari 2017/18, akarere ka Rwamagana niko niko kaje ku isonga n’ amanota 84,5 kakaba gaciye...