The Ben yashimiye igihugu cyamubabariye nyuma yo gukora amakosa akomeye we na mugenzi we Meddy ubwo batorokeraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bifashishije impapuzo z’inzira bari bahawe...
Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
Uretse ingeso mbi zateye ubu zo gukora imibonano mpuzabitsina mbere yo kurushinga nuwo muzabana, ubundi bisanzwe bizwi ko ku munsi mwashyingiranwe ari nabwo hakorwa bwa mbere imibonano...
Umugabo utuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagali ka Rango B mu Mudugudu wa Byimana ari mu maboko ya polisi.Akurikiranweho gukubita umukozi we wo mu rugo mu buryo budasazwe...
Perezida Donald Trump uheruka gutorerwa gusimbura Brack Obama ku buyobozi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika yifurije umwaka mushya muhire wa 2017 abanzi be ndetse na bamwe mu bantu bamurwanyije...
Koffi Olomide, umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, yatangaje ko yababajwe bikomeye no kumva urupfu rw’umufana we Me Nzamwita Ntabwoba Toy.
Me Toy Nzamwita...
Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu makipe akomeye nka Real Madrid yo muri Espagne, AC Milan yo mu Butaliyani nayandi. Iyo umuvuze benshi...
Umuririmbyi Muneza Christopher aravuga ko hari umutekamutwe wafunguye Konti kuri Facebook mu izina rye agatangira kwaka abantu amafaranga ababwira ko yafashwe n’indwara y’umutima.
Uyu muhanzi...
Abavoka, abacamanza n’abandi bakozi bakoranaga na Me Nzamwita Ntabwoba Toy wari usanzwe ari mu rugaga rw’abunganira abandi bamusezeye bwa nyuma, kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Mutarama 2017.
Wari...
Umugabo witwa Ngoga Bandora Alexandre bamusanze yapfiriye muri rimwe mu macumbi akodeshwa(Lodge) rizwi ku izina ry’ ’Umucyo’ riherereye mu mudugugu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe Umurenge wa Kamembe...
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 08 Mutarama 2017, nibwo byamenyekanye ko Zacharie Noah wari se w’umuhanzi Yannick Noah yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.
Zacharie Noah wari...
Umuryango mpuzamahanga urengera uburenganzira bwa muntu, Amnesty International washyize ahabona raporo y’iyicarubozo rikorerwa imfungwa muri gereza ya leta ya Syria iri i Saidnaya.
Guhera muri...
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dominic Nic Ashimwe, aravuga ko kugeza ubu ataramenya neza akamaro ko gutora Nyampinga w’u Rwanda akanibaza inyungu Abanyarwanda bakura muri iki...
Miss Akiwacu Colombe w’imyaka 23 y’amavuko, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2014, yongeye gushyira hanze indi ifoto imwe igaragaza ubwambure bwe yafashwe ubwo yari mu irushanwa ry’ubwiza...
Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, Mugiraneza Jean Baptiste Migi yagize ubutumwa agenera barumuna be bakina muri APR FC mbere yo gukina umukino wa...
Maniraruta Martin uzwi nka Mani Martin umuhanzi Nyarwanda uri kubarizwa mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Congo, yafashe mu mugongo umuryango w’uwitwa Norbert Paluku wari uzwi nka ‘Djo warashwe na...
Igihugu cy’ u Burusiya cyemeje amakuru avuga ko cyaganiraga na Donald Trump ubwo yiyamamarizaga kuyobora Leta zunze ubumwe z’ Amerika ariko Trump we akomeje kubihakana avuga ko ntacyo yari kuba...
Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’ igihugu Francis Kaboneka kuri uyu wa Gatatu tariki ya 22 Gashyantare 2017 yasuye abaturage bo karere ka Nyagatare agaya uko abaturage bitwaye imbere ya Perezida Kagame...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye ingabo z’u Rwanda zo mu cyiciro cy’abofisiye barangije amahugurwa abashyira muri icyo cyiciro gukomera ku busubire bw’igihugu cyabujijwe kuva kera ndetse...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma avuga ko atazibagirwa kapiteni we Gangi wamuyoboye muri Rayon Sports, bitewe n’uburyo yari azi kubana na buri wese ndetse na bimwe mu byemezo yajyaga...
Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa usatira imyaka 19 y’amavuko, mwene Samuel Mana na Mukandekezi Christine, atangaza ko nta mukunzi afite kuri ubu gusa ko mu Kiburamwaka aribwo yigeze...
Uwahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Manchester United Rio Ferdinand yatangaje ko impamvu Cristiano Ronaldo yakundaga kubaza cyane amakuru ya Thierry Henry ari uko yashakaga gukomeza kwitwara neza...
Urubyiruko rwarokotse jenoside yakorewe abatutsi ruri mu mashuri AERG n’ abayarangije bibumbiye muri G- AERG kuri uyu wa 11 Weruwe 2017 basannye inzu y’ umukecuru utuye mu murenge wa Mata mu karere...
Museruka Theoneste, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, wo mu Karere ka Nyaruguru, yakuwe mu ruzi rw’Akagera yapfuye bigaragara ko yashinyaguriwe n’abantu bataramenyekana.
Museruka w’imyaka 36...