Leta ya Tanzania yatangaje ko hari abantu benshi bapfuye kubera ubwato barimo bwibiriye mu kiyaga Victoria mu karere ka Mwanza mu burengero bwa Tanzaniya.
Prix Decouvertes ni ibihembo bigenerwa umuhanzi w’umunyafurika uba wahize abandi mu irushanwa ritegurwa na radiyo y’abafaransa .Aho kuri iyi nshuro umuhanzi Buravan ari umwe mu bahanzi nyarwanda...
Umugore witwa Kathryn Mayorga w’imyaka 34 y’amavuko yatunguye benshi ku munsi w’ejo ubwo yatangazaga ku mugaragaro ko yafashwe ku ngufu na kabuhariwe mu gutsinda ibitego Cristiano Ronaldo ukinira...
Imodoka ya Coaster yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare, Team Rwanda yari kumwe n’abo muri Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, bari mu irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo uri kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera ibyaha ashinjwa n’umugore w’umunyamerika witwa Kathryn Mayorga ko yamufashe ku ngufu mu mwaka wa 2009,yatangiye guteza...
Umunyamakuru Jamal Khashoggi wandikiraga ikinyamakuru The Washington Post cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abategetsi ba Turukiya bemejwe ko yishwe.
Kuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo ku...
Uru rubanza rumaze igihe ndetse rutuma u Rwanda rutarebana neza n’ u Bufaransa.
Iperereza ku wahanuye iyi ndege ryatangiye mu 1998.
Indege yari itwaye Juvenal Habyalimana na n’ uwari Perezida...
Muri Guverinoma nshya Perezida Kagame yashyizeho kuri uyu wa kane hari bamwe mu ba minisitiri batakaje Minisiteri bayoboraga. Aba barimo Gen Kabarebe, Kaboneka, Uwacu Julienne.
Kuri uyu wa...