Nelson Chamisa, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe, waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida, yashinje Perezida Emmerson Mnangagwa kwiba ubutegetsi binyuze mu...
Amerika ivuga ko ishima umuhate w’ibihugu byo mu muryango w’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO/ECOWAS) wo kureba inzira zose zishoboka zo gucyemura mu mahoro ihirikwa ry’ubutegetsi muri...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yasobanuye impamvu abayobozi banyuranye mu Ntara y’Amajyaruguru bakuwe ku mirimo mu ijoro ryo kuri uyu wa 08 Kanama...
Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko kugerageza uko ari ko kose kwo guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ubwo azaba asuye icyo gihugu, kwaba ari ugushoza intambara ku...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko iperereza ry’ibanze rya polisi ryatangiye ku rupfu rwa Chérubin Okende, wari depite n’umuvugizi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, kandi ko...
Inteko ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nanone yongereye igihe ubutegetsi bwa gisirikare bumaze imyaka ibiri mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri mu burasirazuba...
Raporo y’uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku isi yashyize u Burundi ku mwanya wa 114 n’amanota 52.14%, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n’amanota 46.58% mu bihugu...
Perezida wa Sena Dr. Kalinda François Xavier aratangaza ko politiki mbi y’urwango n’ingengabitekerezo ya jenoside idashobora kugaruka mu Rwanda kuko n’uwahirahira agerageza kuyigarura yatsindwa...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena y’u Rwanda yaganiriye na bagenzi be ku mwanzuro yafashe wo gusezera ku nshingano ze no muri sena kubera uburwayi bwe.
Dr Iyamuremye yabwiye bagenzi...
Akanama k’amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cumi na kabiri mu 2023.
Kuri ubu, umutekano mucye wibasiye...
Gutangazwa k’umwami mushya Charles III – akaba n’Umwami wa Jamaica – byaravuzwe cyane ku mwaro w’amato wa ‘Kingston Harbour’, icyambu kigeze gufatwa nk’umutima w’Ubwami...
Dr William Samoei Ruto yarahiriye kuba Perezida wa Gatanu wa Kenya mu muhango wabereye kuri Stade ya Kasarani witabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bagera kuri 20.
Abaturage ba Kenya...
Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yavuze ko azatanga ubutegetsi aseka abuha William Ruto, ashimangira ko uwo yifuzaga ko amusimbura Raila Odinga ari we wari kuba amahitamo meza yo gutegeka Kenya....
Iminsi itandatu nyuma yo gutora, ntiharamenyekana uwatsinze amatora ya perezida wa Kenya. Byitezwe ko ashobora gutangazwa uyu munsi.
Kubara kugenda buhoro kw’ibyavuye mu matora, abanya-Kenya...
Abanyekongo batuye I Goma batangaje ko uyu munsi bateganya gukora indi myigaragambyo iraba ari rurangiza aho biyemeje gutwika ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda.
Mu iibaruwa bandikiye umuyobozi wa...