Raporo y’uyu mwaka wa 2023 ku bwisanzure bw’itangazamakuru ku isi yashyize u Burundi ku mwanya wa 114 n’amanota 52.14%, wa mbere mu karere, naho u Rwanda ku mwanya wa 131 n’amanota 46.58% mu bihugu...
Inteko ishingamategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nanone yongereye igihe ubutegetsi bwa gisirikare bumaze imyaka ibiri mu ntara za Kivu ya Ruguru na Ituri mu burasirazuba...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko iperereza ry’ibanze rya polisi ryatangiye ku rupfu rwa Chérubin Okende, wari depite n’umuvugizi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, kandi ko...
Perezida w’Afurika y’Epfo avuga ko kugerageza uko ari ko kose kwo guta muri yombi Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin ubwo azaba asuye icyo gihugu, kwaba ari ugushoza intambara ku...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yasobanuye impamvu abayobozi banyuranye mu Ntara y’Amajyaruguru bakuwe ku mirimo mu ijoro ryo kuri uyu wa 08 Kanama...
Amerika ivuga ko ishima umuhate w’ibihugu byo mu muryango w’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO/ECOWAS) wo kureba inzira zose zishoboka zo gucyemura mu mahoro ihirikwa ry’ubutegetsi muri...
Nelson Chamisa, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Zimbabwe, waje ku mwanya wa kabiri mu matora ya perezida, yashinje Perezida Emmerson Mnangagwa kwiba ubutegetsi binyuze mu...
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Col Mamadi Doumbouya, yagaragaje impamvu bikwiye kuba ngombwa ko Igisirikare cyivanga muri Politiki ubwo yagezaga ijambo ku nteko rusange ya 78 y’Umuryango...
Uwahoze ari serija (sergeant) mu ngabo z’Amerika ushinjwa ko yashakishije kuri internet ngo "ni irihe zina ry’urwego rw’ubutasi rw’Ubushinwa", yatawe muri yombi ashinjwa kugerageza guha amakuru...
Dr Denis Mukwege azwiho kudaceceka imbere y’ibibazo bya politike mu gihugu cye, ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, no kuvuga ku nkomoko yabyo, ariko icyo azwiho cyane ni ukuvura...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo koroshya "gahoro gahoro kandi mu byiciro" ubutegetsi bwa gisirikare mu ntara ebyiri mu burasirazuba...
Komisiyo ishinzwe amatora muri RDC,CENI,yatangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira ko abakandida 24 aribo bamaze gutanga kandidatire zabo ku mwanya wo kuyobora iki gihugu,mu matora azaba...
Noël Tshiani, umwe mu bahataniye umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yavuze ko natorwa, azaha u Rwanda amasaha 48 yo kuba rwavuye muri Congo, bitaba ibyo Ingabo za...
Igihugu cya Kenya cyatangaje ko ’cyitandukanyije n’ibikorwa byahungabanya’umutekano wa RD Congo,nyuma y’aho Corneille Nangaa utavuga rumwe na Perezida Tshisekedi yemeje ko yashinze ihuriro rifite...
Perezida wa Kenya, William Ruto yashwishurije Leta ya RDC yari yasabye ko Corneille Nangaa uherutse gushinga ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi atabwa muri...
Umwe mu bahataniye umwanya w’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo yatanze ikirego mu rukiko yamagana ibyavuye mu matora yatsinzwe n’umukuru w’igihugu usanzweho Felix...
Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Republika ya Demokrasi ya Congo, CENI, katesheje agaciro ibyavuye mu matora mu turere tumwe na tumwe bivuye ku bimenyetso kabonye byerekana ko amatora...