skol
Kigali

Search: Itegekonshinga (224)

Tanzania yakiriye wa muti wa Madagascar bivugwa ko uvura Coronavirus

Tanzania yaraye yakiriye amapaki y’umuti ukoze mu byatsi wo muri Madagascar Perezida w’icyo gihugu Andry Rajoelina avuga ko uvura coronavirus.
9 May 2020 2668 0

Perezida John Magufuli yavuze ko agiye kwitabaza umuti wo muri Madagascar uvura Coronavirus

Perezida John Magufuli wa Tanzania uyu munsi yavuze ko ari guteganya kohereza indege muri Madagascar gufatayo umuti wo mu byatsi Perezida wa Madagascar aherutse kuvuga ko "urinda ukanavura"...
3 May 2020 1970 0

#Umwiherero 2020: Hamenyekanye ingano ya ruswa Dr.Isaac Munyakazi yahawe yatumye ahindura ibyavuye mu bizamini bya Leta...

Kuri iki Cyumweru taliki ya 16 Gashyantare 2020 nibwo hatangiye umwiherero w’abayobozi 400 bo mu nzego za Leta n’izigenga uri kubera mu kigo cya gisirikare I Gabiro mu karere ka Gatsibo, aho...
16 February 2020 14713 0

Wa musekirite w’umugore wahutajwe na Evode Uwizeyimana yavuze uburyo yikubise hasi abura umwuka n’uko yamenyeko umukozeho ari...

Umusekirite witwa Mukamana Olive yasobanuye uko byagenze ubwo yahutazwaga n’Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, Me Evode Uwizeyimana bigakurura impaka ku mbuga...
11 February 2020 8363 0

Rayon Sports irifuza ko FERWAFA iyiha indishyi yo kuba yaratumye batitabira igikombe cy’intwari 2020

Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yashinje FERWAFA kugira uruhare runini mu gutuma batitabira igikombe cy’intwari ariyo mpamvu ikwiriye kubaha indishyi y’agahinda bagize kuba...
10 February 2020 6150 0

Perezida Magufuli yakoze agahigo ko gufungura imfungwa nyinshi mu mateka ya Tanzania

Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yafunguye imfungwa zigera ku 5,533 kuri uyu wa 9 Ukuboza,aca agahigo ko kuba perezida wa mbere wa Tanzania ufunguye abantu benshi...
9 December 2019 2467 0

Bolivia: Perezida Morales wari umaze imyaka 14 ku butegetsi yegujwe n’imyigaragambyo y’abaturage

Perezida Evo Morales wa Bolivia yeguye ku butegetsi yari amazeho imyaka 14 kubera imyigaragambyo ishingiye ku kongera gutorwa kwe mu kwezi gushize nyuma yo kuvugurura itegeko...
11 November 2019 946 0

Donald Trump yatangiye gukorwaho iperereza rishobora gushyira akadomo ku butegetsi bwe

Abadepite b’aba Démocrates muri Amerika batangiye iperereza kuri Prezida Donald Trump ku byo ashinjwa ko yasabye igihugu cya Ukraine kumufasha kurwanya utavuga rumwe nawe aho ahamwe n’ibi byaha...
25 September 2019 1912 0

Minisitiri Nduhungirehe yijeje umutekano wa muhanzi wa Gospel wemeje ko ari umutinganyi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye umuhanzi wa Gospel Nabonibo Albert...
30 August 2019 3260 0

Imberakuri na Green Party muri Guverinoma? Mu zihe Minisiteri se? Ese ni ryali? Uko mbibona!

Depite Frank Habineza uyobora Democratic Green Party hamwe na Depite Mukabunani uyobora PS Imberakuli bamaze iminsi basaba ko ibikubiye mu itegeko nshinga mu ngingo ya 10 ivuga ku isaranganya...
29 July 2019 5015 0

Muri Botswana hakuweho amategeko bari barashyizeho yahanaga abaryamana bahuje igitsina

Urukiko rwo muri Botswana rwavanyeho amategeko ahana abaryamana bahuje igitsina, iki gihugu kiba cyahise cyiyongera ku bihugu nk’Afurika y’epfo byakuyeho amategeko ahana abaryamana bahuje...
11 June 2019 576 0

Perezida Tshisekedi yanze umukandida Kabila yashakaga ko aba Minisitiri w’Intebe

Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi yatesheje agaciro icyifuzo cya Joseph Kabila,wifuzaga ko Albert Yuma Mulimbi aba Minisitiri w’intebe wa Guverinoma nshya iri hafi...
10 April 2019 4122 0

Felix Tshisekedi yarahiye mu birori byitabiriwe na perezida w’Afurika umwe

Felix Tshisekedi uherutse gutorerwa kuyobora Kongo yamaze kurahirira kuyobora iki gihugu kiri mu binini cyane muri Afurika,mu muhango witwabiriwe na Perezida Uhuru Kenyatta kandi iki gihugu cyari...
24 January 2019 4505 0

Joseph Kabila yahaye igisubizo gikomeye abantu bamwita Umunyarwanda

Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ucyuye igihe,Joseph Kabila,yasubije abakongomani benshi bagiye bamwishisha ndetse bakamushinja ko ari umunyarwanda kurusha uko ari...
23 January 2019 5249 0

Ibihugu bigize AU na EU byiyemeje gushyigikira Felix Tshisekedi

Ibihugu bigize umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ndetse n’ibihugu biri mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi byatangaje ko byishimiye intsinzi ya Felix Tshisekedi ndetse byiteguye kumufasha gusohoza...
22 January 2019 3539 0

Abaperezida batandukanye bakomeje koherereza ubutumwa bw’ishimwe Felix Tshisekedi watorewe kuyobora...

Abakuru b’ibihugu bitandukanye ku mugabane w’Afurika bakomeje kubwira Felix Tshisekedi watsinze amatora yo kuyobora Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ko bishimiye intsinzi ye ndetse...
21 January 2019 2760 0

Abapolisi benshi ba RD Congo bategetswe kurinda inzu ya Martin Fayulu

Uruvunganzoka rw’abapolisi ba RDC rwategetswe kurinda amanywa na nijoro inzu ya Martin Fayulu uherutse gutsindwa amatora y’umukuru w’igihugu na Felix Tshisekedi,agatangaza ko atishimiye...
13 January 2019 2271 0

Komisiyo y’ amatora ya Ethiopia nayo yahawe umugore, we ntavugarumwe n’ ubutegetsi

Minisitiri w’ Intebe wa Ethiopia Ahmed Abiy kuva yagera kuri uyu mwanya abagore barimo guhabwa imyanya cyane mu buyobozi bw’ igihugu, ubu noneho uwahoze ari umucamanza utavuga rumwe n’ubutegetsi...
22 November 2018 667 0

Umukandida ushyigikiwe na Perezida Joseph Kabila yatangiye kwiyamamaza mbere y’ igihe

Uwo Perezida Joseph Kabila wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yahisemo ngo abe ari we wamusimbura ku butegetsi, ku wa mbere yatangaje igenabikorwa rye, habura iminsi itatu ngo ibikorwa byo...
21 November 2018 868 0

Perezida Trump yashyizeho itegeko ribuza umunyamakuru kumubaza ibibazo birenze kimwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yashyizeho amategeko agenga ikiganiro n’ abanyamakuru aho nta munyamakuru wemerewe kumubaza ikibazo cya kabiri keretse abimuhereye...
20 November 2018 829 0

Izina Robert Gabriel Mugabe barasaba ko risibwa ku kibuga cy’ indege mpuzamahanga cya Zimbabwe

Abarwaniye ubwigenge bwa Zimbabwe barasaba ko ikibuga cy’indege mpuzamahanga cy’indege cya Zimbabwe kiri mu murwa mukuru Harare gisiba izina rikigaragaraho rya Robert Mugabe, wategetse iki gihugu...
22 August 2018 1705 0

Ese urukiko rwa gisirikare muri Uganda rufite ububasha bwo kuburanisha Depite Bob Wine?

George Kanyeihamba, wahoze ari umukuru w’urukiko rw’ikirenga rwa Uganda, yavuze ko urukiko rwa gisirikare nta bubasha rufite bwo kuburanisha umunyapolitiki akaba n’umuhanzi uzwi cyane, Depite Robert...
16 August 2018 1021 0

Joseph Kabila wari Perezida wa Kongo ntabwo aziyamamaza

Emmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo (FCC), mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 23...
8 August 2018 3161 0

Moïse Katumbi wagiwe kwiyamamaza mu matora ya perezida wa Kongo ntarava ku izima

Moïse Katumbi, utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, aravuga ko atarava ku izima ryo kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa cumi na kabiri uyu...
6 August 2018 1571 0

Hashyizweho akayabo k’amafaranga arenga miliyoni y’umusoro ku musore ushaka kurongora umukobwa wo kwa...

Bakoze agashya mugihugu cya Swaziland ubu cyahinduriwe izina kigahinduka eSwatini bitegetswe n’umwami Mswati, kuri ubu hashyizweho itegeko ko umusore wese w’umunyamahanga wifuza kurongora...
3 July 2018 2597 0

Perezida Kabila asa n’uwamaze gutakaza icyizere cyo guhindura itegeko nshinga

Imyaka 17 n’ umunsi 1 ari Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2018 yatumije abanyamakuru ngo ababwiye uko igihugu gihagaze,...
26 January 2018 2438 0

Perezida Emmerson wa Zimbabwe yarahije abagize Guverinoma nshya

Harare-Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Munangagwa yarahije abagize Guverinoma nshya abasaba gukorera hamwe muri iki gihe igihugu cyasubiye inyuma mu bukungu. Ni kunshuro ya mbere mu mateka...
5 December 2017 795 0

Abdoulaye Wade wayoboye Senegal imyaka 12 n’ umunsi 1 yeguye ku budepite

Kuri iki cyumweru tariki 10 Nzeri, Abdoulaye Wade wari umudepite ukomoka ishyaka Parti Démocratique Sénégalais (PDS) yashyikirije inteko ishinga amategeko ya Senegal ibaruwa ivuga ko yeguye ku...
11 September 2017 741 0

Ellen Jonson wabaye Perezida wa mbere w’ umugore muri Afurika aritegura gutanga imfuguzo za Perezidansi

Ibikorwa byo kwiyamamaza birarimbanije mu gihugu cya Liberia. Bazatora umukuru w’igihugu taliki ya 10 Ukwakira 2017. Abaturage miliyoni ebyiri ni bo biyandikishije kugirango bazatore. Manda...
9 September 2017 1106 0

Mu mafoto reba ubukwe bw’umugabo wasezeranye n’abagore 3 icyarimwe bukomeje gutangaza ububonye wese

Nkuko bimenyerewe cyane mu bihugu byinshi byo ku Isi, usanga gushaka abagore barenze umwe bifatwa nk’icyaha, icyaha ndetse gihanwa n’amategeko, kuri ubu haracyari bimwe mu bihugu byemerera abagabo...
31 August 2017 6630 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210