Nyuma y’aho Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, atangaje ko hagiye kwihutishwa uburyo bwo gufasha abagizweho ingaruka n’ingamba za Leta zo kwirinda ikwirakwizwa rya Coronavirus,ibiribwa birimo...
Mu ijoro ryakeye,inama y’Abaminisitiri yanzuye ko ibirori byo gusaba no gukwa n’ibyo kwiyakira kw’abitabiriye ubukwe bizajya bikorwa ariko itangaza ko amabwiriza mashya kuri iyi ngingo azatangwa na...
Imirenge 10 yo mu turere dutandukanye tw’Igihugu yakomeje gahunda ya Guma mu rugo izagera tariki 31 Kanama 2021.
Ni mu gihe indi mirenge 40 yakuwemo ikaba yubahiriza amabwiriza mashya nk’uko...
Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakuye Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuza Musabyimana Jean Claude.
Minisitiri Musabyimana...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imwe mu midugudu 6 yo mu karere ka Kicukiro na Nyarugenge isubijwe muri gahunda ya Guma mu rug mu gihe kingana n’iminsi...
Umuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu,MINALOC yatangaje ko imidugudu itatu (3) yo mu kagali ka Tetero, umurenge wa Muhima muri Nyarugenge yashyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15 mu...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imwe mu midugudu yo mu karere ka Nyarugenge,Nyamagabe na Nyamasheke yakomorewe ikurwa muri gahunda ya Guma mu rugo gusa umudugudu umwe wo...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Mata 2021, abantu batatu bahitanywe na Covid-19 mu gihe 178 bashya bayanduye.
Babiri bitabye Imana ni abagore babiri...
Ikibazo cy’Abakono nyuma yao kuba intandaro yo kwirukanisha ba Meya na Guverineri avuye ku buyobozi bw’Intara! Ariko se ikibazo cy’amoko Minister wa Minaloc yavuze kiri mu Majyaruguru cyaje gute?...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yatangaje ko icyemezo cyo gushyira ibice bitandukanye by’Intara y’Amajyepfo muri gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ cyafashwe mu rwego rwo...
Nyuma y’imyaka igera ku icumi hatangijwe gahunda yo guca nyakasi ndetse muri 2012 bigatangazwa ku mugararago ko nyakatsi yarandutse ndetse imiryango yari iyituyemo ikaba iba mu mabati cyangwa...
Mu biganiro byabereye mu Inteko Ishinga Ametegeko taliki 21/6/2019 byahuje inzego zirebana na gahunda yo kuboneza urubyaro, icyo gihe Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye abari bayitabiriye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 18 Kamena 2020, habonetse abarwayi barindwi ba Coronavirus mu Rwanda bituma abamaze kwandura bose baba 646. Aba barwayi biganjemo abo mu...
Mu rukerere rwo kuri uyu wa Gatanu ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’iz’umutekano,Polisi y’igihugu yafashe abantu 14 bo mu karere ka Rusizi, bari batwaye magendu bayivana muri Repubulika Iharanira...