Rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah yatangaje ko we na bagenzi be biteguye gutwara igikombe cya shampiyona ya Premier League ndetse na UEFA Champions League uyu mwaka kubera abakinnyi bashya...
Kizigenza wa Liverpool Mohamed Salah yibasiriwe n’abafana kubera amashusho yafashwe n’umufana ari gukoresha telefoni ye kandi atwaye imodoka byateje umwuka mubi mu...
Kapiteni w’ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos yabwiye abantu bamaze iminsi bagereranya Mohamed Salah n’aba kabuhariwe Messi na Ronaldo ko bibeshya ndetse ari ikosa rikomeye...
Umunya Misiri Mohamed Salah ukinira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza,niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka muri Afurika aho yahigitse umunya Senegal Sadio Mane ndetse n’umunya Gabon Pierre Emerick...
Umutoza wa APR FC, Adil Mohammed Erradi,yatangaje ko yanyuzwe n’imyitwarire y’ikipe ya Kiyovu Sports mu mwaka w’imikino ushize ndetse yemeza ko yabahaye akazi gakomeye muri shampiyona.
Uyu munya...
Umunyamisiri Mohamed Salah uheruka gutorwa n’abanyamakuru bandika mu Bwongereza nk’umukinnyi w’umwaka wa 2022 yavuze ko abakinnyi bake ku isi aribo banganya ubuhanga nawe.
Mohamed Salah yitwaye...
Bikomeje kuvugwa ko rutahizamu Mohamed Salah ashobora kuva mu ikipe ya Liverpool akerekeza mu makipe arimo Real Madrid cyangwa FC Barcelona gusa ibinyamakuru byatangaje ko Klopp ashobora...
Ikipe ya Liverpool imaze gutsindirwa mu rugo umukino wa 5 wikurikiranya muri Premier League ibintu byari bitarayibaho mu myaka irenga 100 ishize ariyo mpamvu Jurgen Klopp yahaye ubutumwa bukomeye...
Raporo y’ubutasi bw’Amerika yasanze igikomangoma Mohammed bin Salman wa Saudi Arabia (Arabie saoudite) ari we watanze uruhushya rwo kwica umunyamakuru Jamal Khashoggi wabaga mu buhungiro wishwe mu...
Umunyamisiri ukinira ikipe ya Liverpool,Mohamed Salah,yavuze ko ashobora kuba yishyize mu mazi abira nyuma yo gutuka ikoranabuhanga rifasha abasifuzi rizwi nka VAR ko ryica umupira...
Umutoza w’ikipe ya APR FC, Mohammed Adil Erradi, yashimiye ubuyobozi bwa APR FC ashimangira ko gukorana nabo ari iby’agaciro, kubera ukuntu babashije kwihanganira ibyabereye muri Kenya batsindwa na...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohamed yatangaje ko ashimira cyane ubuyobozi bwe n’abakinnyi atoza batemeye gucibwa intege n’amagambo ya bamwe mu Banyarwanda banenze bikabije ikipe ya APR FC ubwo yari...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwanyomoje amakuru yavugaga ko bwatakarije icyizere umutoza w’umunya Maroc Adil Mohamed Erradi,nyuma yo kunanirwa kugera mu matsinda ya CAF Champions League akuwemo na...
Icyamamare muri ruhago, Umunya Misiri Mohamed Salah yanduye Coronavirus ari mu ikipe y’igihugu cye yiteguraga gukina imkino yo gushaka itike yo kwerekeza muri AFCON...
Umukinnyi wa Liverpool,Mohamed Salah yashimwe cyane na benshi kubera ukuntu yatabaye umugabo utagira aho aba wahohoterwaga n’abagenzi bari bamubonye ku nzira yo hafi y’ikibuga...
Uwahoze ari umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger yavuze ko Mohamed Salah afite byinshi ahuriyeho na Lionel Messi gusa afite ingeso mbi yo gushaka kwiharira umupira no kumva ko yatsinda ibitego...
Ba rutahizamu babiri bakomeye ba Liverpool, barimo Sadio Mane na Mohamed Salah bari bagiye kurwanira ku mukino wabahuje na Bunley bakayitsinda ibitego 3-0 aho uyu munya Senegal yababajwe bikomeye...
Umutoza wa Liverpool Jurgen klopp yageze nyuma agira icyo atangaza ku ikosa Sergio Ramos yakoreye kizigenza we Mohamed Salah ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League wabereye I Kiev muri...
Mohamed Wade yabujijwe gutoza umukino wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, Rayon Sports yakiriwemo na Interforce FC, nyuma yo guhagarikwa gukoresha imyitozo.
Perezida Kagame yihanganishije Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar Tamim bin Hamad al-Thani n’umuryango we ku rupfu rwa Sheikh Mohammed bin Hamad bin Abdullah bin Jassim Al-Thani witabye Imana afite...
Mu gihe u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bibanye nabi,umuhanzi uri mu bazwi cyane muri kiriya gihugu,Mohombi,yakwirakwije amakuru y’ibihuha ku mbuga nkoranyambaga ze.
Hari itangazo...
Abanyamakuru ba siporo mu Rwanda bihimuye ku mutoza w’Ikipe z’Ingabo z’Igihugu,Adil Mohamed wari umaze igihe abakoroga abima ikiganiro.
Nyuma yo gutsindwa na Kiyovu Sports ibitego 2-1 mu mukino...