Benshi mu bakunda umupira w’amaguru muri Afurika bategerezanyije amatsiko umukino uraza kuba kuri uyu wa kane urahuza ikipe ya Everton yo mu Bwongereza na Gor mahia I saa kumi aho iyi kipe...
Turi tariki ya 10 Nyakanga, ni umunsi wa 191 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 174 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bi byaranze uyu munsi mu mateka. 511: Hasojwe...
Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, Perezida Kagame ku nshuro ya kane yahuye n’itsinda ry’intiti icyenda zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU)....
Gaël Faye ni Umuraperi w’Umunyarwanda ufite inkomoko mu Bufaransa ,yashyizwe ku rutonde rw’abantu 50 bakoze ibikorwa byatumye baba ibirangirire kuri uyu mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016....
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2016, shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda irakomeza. Hateganyijwe imikino itandukanye ariko umukino utegerejwe na benshi ni uhuza Police FC na...
Umugabo witwa Mohamed Jibril Ali w’imyaka 51, yafatanywe ikiyobyabwenge cya Heroine ubwo yari agiye kurira indege ya Rwandair yari igiye guhaguruka muri Kenya yerekeza I Dubai.
Uyu mugabo watawe...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana, yongeye gutorerwa kuba mu bagize Inama y’Ubutegetsi y’Ishyirahamwe ry’uyu mukino ku mugabane wa Afurika.
Ku mwanya wa...
Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko yagiriraga mu Rwanda, yahaye ikiganiro Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga UR-CST...
Perezida mushya wa Somaliya yahisemo Hassan Ali Khaire ku mwanya wa Minisitiri w’intebe. Yari umuyobozi nshingwabikorwa bijyanye na peteroli n’ibiyikomokaho. Yanabaye umubozi w’ikigo gitanga...
Umukino wa Super Cup(umukino uhuza ikipe yatwaye shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’igihugu) muri Kenya wahuzaga Gor Mahia na Tusker wabere kuri Afraha Stadium urangiye ari igitego kimwe...
Leta ya Ethiopia yatangaje icyorezo gikomeye cya macinya, mu karere kari ku mupaka wa Ethiopia na Somaliya, aho abantu basanzwe bugarijwe n’uruzuba.
Muganga Akpaka Kalu, uhagarariye ishami ry’...
Umugabo witwa Mehmood Butt w’imyaka 50 wo mu gace ka Gujranwala mu ntara ya Punjab muri Pakistan, atunzwe n’ibyatsi ndetse n’amababi y’ibiti, ibintu yize kurya ubwo yari umukene cyane none...
Umunya-Ethiopia Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus niwe watorewe kuba Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, mu matora yabereye mu muhezo ku cyicaro cy’uyu muryango, i...
Umugabo w’imyaka 44 y’amavuko yaraye yicishijwe amabuye ayatewe n’umutwe w’abarwanyi ba al-shabab mukarere ka Rama Addey mu mumajyepfo ya Somaliya.
Ku rubuga rwa internet rwa al-Shabab, bavuga ko...
Ubushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Binghamton University mu mujyi wa New York bwerekanye uburyo bukorwa n’Abayisilamu basenga bwitwa ‘ Salat ’ buvura uburibwe bw’umugongo bukanagorora ingingo....