skol
Kigali

Search: MOH (993)

Reba Amafoto y’urugendo rwa Everton muri Tanzania iracakirana na Gor Mahia uyu munsi

Benshi mu bakunda umupira w’amaguru muri Afurika bategerezanyije amatsiko umukino uraza kuba kuri uyu wa kane urahuza ikipe ya Everton yo mu Bwongereza na Gor mahia I saa kumi aho iyi kipe...
13 July 2017 4049 0

Ntibizibagirana: Tariki 10 Nyakanga M. Luther King jr yayoboye imyigaragambyo ikomeye

Turi tariki ya 10 Nyakanga, ni umunsi wa 191 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 174 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bi byaranze uyu munsi mu mateka. 511: Hasojwe...
10 July 2017 726 0

Iby’ ingenzi mu byaranze tariki 3 Nyakanga

Turi tariki ya 03 Nyakanga, ni umunsi w’184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 181 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo Muhammed Morsi wari Perezida wa Misiri...
3 July 2017 377 0

Vladmir Putin yatumiye Perezida Museveni: Umubano w’ ibihugu byabo uhagaze ute?

Perezida w’ Uburusiya Valadmir Putin yoherereje mugenzi wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni ubutumire. Ibi ni ibyatangajwe na ambasaderi mushya w’ Uburusiya muri Uganda, Mr Alexander Dmitrievich...
25 November 2016 388 0

Ibiciro bya Peteroli byazamutseho 10% nyuma y’ igihe byaragabanyutse

Ibiciro bya peteroli byazamutseho 10% nyuma yaho umuryango w’ibihugu bicukura bikanacuruza Peteroli OPEC ufatiye icyemezo cyo kuyigabanya ku nshuro ya mbere mu myaka umunani. Iki cyemezo...
1 December 2016 1320 0

Urutonde rw’abasifuzi 38 bazasifura CAN 2017

Ihuriro ry’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, ryatangaje urutonde rw’abasifuzi 17 bazasifura iri rushanwa ndetse na bagenzi babo 21 bazabafasha. Ni mu rwego rwo kwitegura...
1 December 2016 1497 0

Abahatanira gusimbura Zuma ku buyobozi bwa AU bagiye guhurira mu kiganiro mpaka

Abakandida bari guhatanira kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, AU, bagiye guhurira mu biganiro mpaka, aho buri umwe azabwira Afurika yose gahunda afite mu gihe yaba atowe,...
4 December 2016 871 0

Ibihugu bitanu by’ Afurika byahagaritse ibitoro biva mu Burayi byanduye bigatera abaturage indwara

Ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku bidukikije ryatangaje ko ibihugu bitanu byo muri Afurika byafashe umwanzuro wo guhagarika ibitoro biva mu Burayi byanduye bigatera uburwayi Abanyafurika....
5 December 2016 1362 0

Perezida Kagame yongeye kuganira n’ intiti zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo ya AU- Amafoto

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, Perezida Kagame ku nshuro ya kane yahuye n’itsinda ry’intiti icyenda zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU)....
12 December 2016 1007 0

Kagame mu ba Perezida 3 ba Afurika bakoze ingendo nyinshi muri 2016

Perezida Kagame niwe mukuru w’igihugu wa gatatu ku mugabane wa Afurika wakoreye ingendo nyinshi mu mahanga muri uyu mwaka. Idris Deby wa Tchad niwe wakoze ingendo nyinshi kurusha abandi,...
14 December 2016 2424 0

Imfura yacu niyo izihitiramo gukurikizwa-Knowless

Ingabire Butera Jeanne d’Arc benshi bazi nka Knowless muri muzika aravuga ko imfura y’umukobwa aherutse kwibaruka ariyo izihitiramo ko ikurikizwa cyangwa se ntakurikizwe. Anavuga ko uyu mwana...
19 December 2016 4245 0

Umunyarwanda Gaël Faye ari muri 50 bamamaye muri Afurika muri 2016

Gaël Faye ni Umuraperi w’Umunyarwanda ufite inkomoko mu Bufaransa ,yashyizwe ku rutonde rw’abantu 50 bakoze ibikorwa byatumye baba ibirangirire kuri uyu mugabane wa Afurika muri uyu mwaka wa 2016....
22 December 2016 162 0

Shampiyona irakomeza Police FC irakira APR FC, 11 bashobora kubanzamo

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2016, shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda irakomeza. Hateganyijwe imikino itandukanye ariko umukino utegerejwe na benshi ni uhuza Police FC na...
22 December 2016 691 0

APR FC iguye miswi na Police ihita ifata umwanya wa mbere

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2016 Shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda yari yakomeje, Police yari yakiriye APR maze umukino urangira amakipe yombi anganya ibitego 2-2. Bitumye...
23 December 2016 682 0

Umugabo wari ugiye kurira Rwandair yafatanywe ikiyobyabwenge

Umugabo witwa Mohamed Jibril Ali w’imyaka 51, yafatanywe ikiyobyabwenge cya Heroine ubwo yari agiye kurira indege ya Rwandair yari igiye guhaguruka muri Kenya yerekeza I Dubai. Uyu mugabo watawe...
3 February 2017 4384 0

CAN 217: Umukinnyi wa Congo muri 11 beza b’ikipe y’irushanwa

Impuzamashyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ’CAF’, yamaze kuba yashyira hanze ikipe y’abakinnyi 11 bitwaye neza mu igikombe cy’Afurika cyaberaga muri Gabon ikaba cyarasojwe tariki ya 5...
7 February 2017 1251 0

Nyina wa Miss Wema Sepetu yajyanywe mu bitaro

Nyina w’umunyamideli akaba n’umukinnyi wa Filime, Miss Wema Sepetu yajyanywe mu bitaro nyuma yo kugira ikibazo cy’umuvuduko w’amaraso avuye gusura umwana we muri Gereza ukurikiranyweho gukoresha...
7 February 2017 2388 0

Bayingana yongeye kugirirwa icyizere mu buyobozi bw’umukino w’amagare muri Afurika

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana, yongeye gutorerwa kuba mu bagize Inama y’Ubutegetsi y’Ishyirahamwe ry’uyu mukino ku mugabane wa Afurika. Ku mwanya wa...
13 February 2017 489 0

Ibigwi by’abatoza 3 bagomba gutoranywamo umwe uzatoza Amavubi, umwe amaze imyaka 7 nta kipe afite

Batangiye ari abatoza 52, nyuma y’igihe gito 44 barasezerewe hasigaramo 8 gusa, no muri abo 8 kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare FERWAFA yatangaje ko 5 basezerewe hasigayemo 3 gusa, abo...
21 February 2017 1980 0

“Uwo ariwe wese uzagira amanota amwemerera kwiga iwacu azaze yige” Hamidi Ansari

Visi Perezida w’ igihugu cy’ u Buhinde Mohammad Hamid Ansari ku munsi wa gatatu w’ uruzinduko yagiriraga mu Rwanda, yahaye ikiganiro Kaminuza y’ u Rwanda ishami ry’ ubumenyi n’ ikoranabuhanga UR-CST...
21 February 2017 1694 0

Somaliya yabonye Minisitiri w’Intebe Mushya

Perezida mushya wa Somaliya yahisemo Hassan Ali Khaire ku mwanya wa Minisitiri w’intebe. Yari umuyobozi nshingwabikorwa bijyanye na peteroli n’ibiyikomokaho. Yanabaye umubozi w’ikigo gitanga...
23 February 2017 588 0

Igitego cya Jacques Tuyisenge gihesheje igikombe Gor Mahia imbere ya Tusker, Migi aza muri 11 babanjemo

Umukino wa Super Cup(umukino uhuza ikipe yatwaye shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’igihugu) muri Kenya wahuzaga Gor Mahia na Tusker wabere kuri Afraha Stadium urangiye ari igitego kimwe...
5 March 2017 2114 0

Umuririmbyi Vanessa Mdee yafunguwe nyuma y’iminsi ine

Umuhanzikazi ukomeye muri Afurika y’Uburasirazuba Vanessa Mdee yavuye mu gihome nyuma y’iminsi igera kuri ine. Vanessa yatawe muri yombi na Polisi yo muri Tanzania akurikiranyweho ibyaha birimo...
14 March 2017 1120 0

Icyorezo cya macinya cyadutse muri Ethiopia na Somalia

Leta ya Ethiopia yatangaje icyorezo gikomeye cya macinya, mu karere kari ku mupaka wa Ethiopia na Somaliya, aho abantu basanzwe bugarijwe n’uruzuba. Muganga Akpaka Kalu, uhagarariye ishami ry’...
9 April 2017 636 0

Nubwo abayeho mu buzima bwiza ntibimubuza kuba atunzwe no kurisha ubwatsi nk’amatungo(AMAFOTO)

Umugabo witwa Mehmood Butt w’imyaka 50 wo mu gace ka Gujranwala mu ntara ya Punjab muri Pakistan, atunzwe n’ibyatsi ndetse n’amababi y’ibiti, ibintu yize kurya ubwo yari umukene cyane none...
24 April 2017 5616 0

Abakinnyi 41 batarimo Abouba Sibomana na Rwatubyaye nibo bahamagawe mu ikipe y’igihugu

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere mu cyumba cy’inama cya FERWAFA habereye inama hagati y’abanyamakuru n’umutoza w’ikipe y’igihugu nabo bafatanyije aka kazi, mu rwego rwo gusobanura gahunda y’ikipe...
24 April 2017 1214 0

Reba urutonde rw’ibyamamare bigera kuri 25 byapfuye mu mwaka umwe gusa wa 2016(AMAFOTO)

Amezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2016, urupfu rwateye icyuho mu muziki, sinema na ruhago, rwisasiye ubuzima bw’ibyamamare byakundwaga n’umubare munini w’abatuye Isi basigarana agahinda. Iherezo...
8 May 2017 10514 0

Bwa mbere, Umunyafurika yatorewe kuyobora OMS

Umunya-Ethiopia Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus niwe watorewe kuba Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, mu matora yabereye mu muhezo ku cyicaro cy’uyu muryango, i...
23 May 2017 850 0

Abagize umutwe w’abarwanyi ba Al-shabab bicishije umuntu amabuye

Umugabo w’imyaka 44 y’amavuko yaraye yicishijwe amabuye ayatewe n’umutwe w’abarwanyi ba al-shabab mukarere ka Rama Addey mu mumajyepfo ya Somaliya. Ku rubuga rwa internet rwa al-Shabab, bavuga ko...
29 May 2017 1555 0

Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko gusenga kiyisilamu "Gusari" bivura uburibwe bw’umugongo

Ubushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Binghamton University mu mujyi wa New York bwerekanye uburyo bukorwa n’Abayisilamu basenga bwitwa ‘ Salat ’ buvura uburibwe bw’umugongo bukanagorora ingingo....
30 May 2017 1468 0
0 | ... | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900 | 930 | 960 | 990