Mu minsi ya nyuma gato y’igitero cyo ku itariki ya 7 Ukwakira (10) muri Israel, itsinda rikora mu ibanga ryashyizweho kugira ngo rikore kuburyo abashimuswe na Hamas bagera kuri 240...
Bamwe mu bashimuswe n’umutwe wa Hamas bakajyanwa mu muhora wa Gaza nyuma y’igitero wagabye kuri Isiraheli mu kwezi gushize bashobora kurekurwa kuri uyu wa Kane. Ni nyuma y’amasezerano yagezweho...
Abanyarwandakazi batandatu bitabiriye Tour du Burundi yatangiye kuri uyu wa 22 Ukwakira 2023,batwaye imyanya 5 ya mbere mu gace ka kabiri k’iri rushanwa.
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisiriare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira...
Umutoza wa APR FC,Thierry Froger,yavuze ko nta mashusho ya Pyramids arabona ndetse ko atanazi igihe abakinnyi be bagiye mu makipe y’ibihugu bazagarukira kandi ari kwitegura umukino...
Ministri w’Intebe wa Etiyopiya, Abiy Ahmed, ku cyumweru yatangaje ko igihugu cye kimaze kubaka urugomero rw’umuriro w’amashanyarazi rwiswe Grand Renaissance ku ruzi rwa...
Guhera tariki ya 28 Nyakanga kugeza tariki ya 5 Kanama 2023, mu Rwanda harabera irushanwa ry’igikombe cya Afurika cy’abagore mu mukino wa Basketball (Women’s AfroBasket...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burenganzira bwa Muntu ryatangaje ko ubwato bwari butwaye abimukira bajya mu Bugereki no mu Butaliyani bwarohamye mu nyanja bugeze mu gice cyarekeye ku...
Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda A hamwe na Angola mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2023) kizabera muri BK Arena kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 6 Kanama...
Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza, ni imwe mu makipe azwiho kugura abakinnyi benshi bahenze ndetse abakinnyi batari bake bagira indoto zo kuba bayikinira.
Kuva yagurwa n’umuherwe, Roman...
Ubuyobozi bwa Flash Radio&TV bwatangaje ko umunyamakuru wabo Gumisiriza John usanzwe akorera Radiyo na Televiziyo Flash mu Karere ka Nyagatare yoherejwe mu bitaro bya Kanombe kubagwa....
Perezida Paul Kagame ari mu bayobozi bakuru bamaze kugera mu Mujyi wa Doha muri Qatar aho bitabiriye ibirori bifungura imikino y’Igikombe cy’Isi kigiye gukinwa ku nshuro ya 22.
Igikombe cy’Isi...
Ikipe ya Senegal yemeje ko Sadio Mané atazakina igikombe cy’isi kizabera muri Quatar uyu mwaka kubera imvune yagize kuwa 8 Ugushyingo ari mu ikipe ya Bayern Munich ikaba yaranze gukira.
Uyu...
Ikipe y’u Rwanda mu bahungu batarengeje imyaka 18 mu mukino wa Handball yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika nyuma yo gutsinda Maroc ibitego 35-34.
Nyuma yo kubona itike yo kuzitabira...
Ikipe ya APR FC yatomboye US Monastir yo muri Tuniziya, mu ijonjora ry’ibanze ry’amarushanwa nyafurika ahuza amakipe yabaye aya mbere iwayo CAF Champions League.Izakomeza izahura na Al Ahly SC yo...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman al-Zawahiri, mu gitero cy’indege ntoya itarimo umupilote (drone), nkuko byemejwe na Perezida Joe Biden.
Yishwe ku cyumweru mu gitero...
Abimukira bari mu kigo bafungiyemo i Londres bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara nyuma yo kubwirwa ko bazoherezwa mu Rwanda.
17 bari mu kigo cya Brook House hafi y’ikibuga cy’indege cya...
Rutahizamu Mohamed Salah ashobora kwerekeza mu ikipe y’umukeba wa Liverpool kuko bivugwa ko ashaka kuguma muri Premier League nubwo yananiwe kumvikana amasezerano mashya n’iyi kipe ye
Salah...
Mu gihe guhera kuri uyu wa Gatandatu muri Kigali Arena hatangira imikino ya BAL, RBC yatangaje ibisabwa abashaka kujya kureba iyi mikino.
Kuva tariki ya 21 kugeza 28 Gicurasi 2022, muri Kigali...
Umunyamisiri Mohamed Salah uheruka gutorwa n’abanyamakuru bandika mu Bwongereza nk’umukinnyi w’umwaka wa 2022 yavuze ko abakinnyi bake ku isi aribo banganya ubuhanga nawe.
Mohamed Salah yitwaye...