Kuri iki Cyumweru amakipe y’u Rwanda ya Sitting volleyball mu bagabo n’abagore yaserutse mu mikino y’umunsi wa mbere mu matsinda yayo y’Igikombe cy’Isi 2023 kiri kubera mu Misiri, aho mu mikino itatu...
Umugabo wo mu Misiri washakanye n’umugore ukubye kabiri imyaka ye yavuze ko batandukanye nyuma yo kumukoresha nk’umucakara mu "gukora imibonano mpuzabitsina".
Icyamamare muri ruhago, Umunya Misiri Mohamed Salah yanduye Coronavirus ari mu ikipe y’igihugu cye yiteguraga gukina imkino yo gushaka itike yo kwerekeza muri AFCON...
Kuri uyu wa Kane nibwo haratangira imikino y’Igikombe cy’isi 2018,aho ikipe y’Uburusiya yakiriye iki gikombe irahura na Saudi Arabia ku kibuga cya Luzhniki giherereye mu mujyi wa...
Ikipe ya Misiri yarokotse by’igitangaza mu itsinda B,nyuma y’aho Ghana irangaye ibitego 2-0 yari yatsinze mu minota 90 ibyishyurwa mu minota 6 y’inyongera.
Mo Salah yasohotse mu kibuga arindiwe umutekano n’abasirikare nyuma y’aho abafana binjiye mu kibuga baje kumureba mu mukino Misiri yatsinzemo Sierra Leone.
Mu mukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League wahuzaga APR FC na Pyramids FC yo mu Misiri kuri Kigali Pele Stadium, warangiye amakipe yombi anganya...
Umugabo w’imyaka 50 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubudage wari uri kuvurwa coronavirus mu Misiri ni we muntu wa mbere yishe utangajwe ku mugabane w’Afurika.
Umugabo uturuka mu Misiri wari mu gihugu cya Saudi Arabia yatawe muri yombi bitewe na Video yasakaye ahantu hose imugaragaza ari gusangira icyayi n’umukobwa.
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
Ku nshuro ya mbere, igihugu cya Misiri kigiye kwifashisha inzira Yesu, Yozefu na Mariya baciyemo bava i Bethelehemu bahungiye mu Misiri mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo, aho hatangijwe...
Bakoresha inka akarasisi banazitatse indabyo. Burya hari inyamaswa zubahwa cyane ku isi zinakorerwa ibirori bihambaye kubera imyemerere no kuzikunda cyane. Sobanukirwa uko zimwe mu nyamaswa...
Sénégal na Misiri kuri iki cyumweru birahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu cy’umupira w’amaguru (CAN/AFCON), aho abakinnyi babiri bakomeye ba Liverpool baba bahatanye.
Mohamed...
Nubwo yavuye mu matsinda idahabwa amahirwe na benshi,ikipe ya Misiri yatunguye Marocco yari ikanganye iyitsinda ibitego 2-1 muri 1/4 cy’Irangiza cy’igikombe cya Afurika mu mupira w’amaguru mu gihe...
Abakinnyi ba Liverpool barimo Umunya-Misiri Mohamed Salah, bagaragaye mu myitozo yo muri Gym bumva indirimbo ‘Fresh’ y’umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie.
Ikipe y’Igihugu y’Amagare (Team Rwanda ) imaze kwegukana imidali 3 ya Feza mu byiciro byose uko ari 3 yashoye muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare yatangiye kubera mu Misiri kuri uyu wa...
Umukecuru w’Umwongereza witwa Iris Jones w’imyaka 81,yatangaje ko ari mu bwigunge kubera ko umugabo we arusha imyaka 45 yaheze mu gihugu cye cy’amavuko cya Misiri kubera kubura...
Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports wari mu igeragezwa mu Misiri, Iranzi Jean Claude yararitsinze akaba yamaze gutizwa muri Sohag Sporting Club mu gihe kingana n’amezi...
Umusore wo mu gihugu cya Misiri yishwe urw’agashinyaguro n’abo mu muryango we azira ko yavuye mu idini ya Islam akayoboka idini rya gikirisitu, hanyuma akabitangaza ku mbuga...
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli,yabwiye impunzi z’Abarundi ko zigomba gutahuka kuko ngo na Yesu yahungiye mu Misiri ariko Herode yamara gupfa agataha akajya kubwiriza ubutumwa...
Mu nama yahuje abaperezida batandukanye bagize umuryango wa Afurika yunze ubumwe yateraniye mu Misiri biga ku bibazo bya politiki biri mu bihugu bya Sudani na Libya, bemeje ko abasirikare...
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe yo muri RDC yarokotse impanuka y’indege ya Boeing 737 yahitanye abantu 157 mu gitond cyo ku munsi w’ejo mu buryo butangaje kuko ariyo yabavanye mu Misiri ibageza muri...