Umunyarwandakazi,Bahati Grace wabaye Miss Rwanda 2009, yabwiye umukunzi we Murekezi Pacifique, bitegura kurushinga wizihije isabukuru y’amavuko, ko afite amatsiko menshi yo kuzitwa umugore we vuba...
Hafi saa tanu n’iminota 35, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 20, ‘abanyamabanga ba Leta 11.
Murekezi Anastase wari Minisitiri w’Intebe , yagizwe...
Murekezi Suedi ukomoka mu Rwanda akaba afite ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za America, wari umaze igihe afunzwe n’u Burusiya, yarekuwe n’iki Gihugu mu mugambi wa Politiki wo guhererekanya...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017 ahagana i saa saba n’iminota micye nibwo Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda yasohoye itangazo riramenyesha ko Perezida wa Republika Paul Kagame ,...
Umugabo witwa Ngerageze Jean Baptiste utuye mu Mudugudu wa Gatebe mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza aravuga ko yahisemo guhunga umugore we kubera ubwumvikane bucye bafitanye, maze aca...
The Chief Ombudsman, Anastase Murekezi chats with Prime Minister Edouard Ngirente
The Ombudsman’s Office has published the names of people who were convicted of corruption, largely dominated by...
U Rwanda n’ igihugu cya Malawi bashyize umukono ku masezerano y’ ubufatanye mu byerekeranye n’ amagereza no guhererekanya imfungwa. Mu isinywa ry’ aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe na...
Leta ya Malawi yatangaje ko yatangiye iperereza ku banyarwanda bashobora kuba bari muri iki gihugu bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Iki gihugu kivuga ko n’ubwo nta byinshi...
Minisitiri w’ intebe Anastase Murekezi yavuze ko Leta y’ u Rwanda igiye gutangira guhana yihanikiriye abantu barangara mu kazi bagatuma Leta ihomba.
Ibi Minisitiri w’ intebe yabitangaje kuri uyu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda Ngirente Edouard avuga ko kuri uyu mugoroba abaminisiti bashya...
Guverinoma y’ u Rwanda n’ iya Malawi bari mu biganiro biganisha ku gusinya amasezerano yo kohererezanya abakekwaho cyangwa abakoze ibyaha.
Ibi biganiro bigirwamo uruhare n’ abayobozi b’ amagereza...
Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 witegura gukora ubukwe, mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021 yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka "Bridal Shower."
Ibi birori...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’Umuryango wa Depite Mukayisenga Françoise witabye Imana ku Cyumweru tariki 11 Kamena azize uburwayi avuga ko u Rwanda rubuze umukozi mwiza.
Kuri uyu...
Dr Leopold Mukanyakazi, uherutse koherezwa na Leta zunze ubumwe z’ Amerika kubera uruhare akekwaho muri ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi, kubya akurikiranyweho hiyongereyeho...
Minisitiri w’Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gushyirwa mu mirimo yo gukorera igihugu cye, yijeje abaturage ubufatanye buhoraho mu...