Minani Emmanuel w’imyaka 30 ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma, kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo mu gihe hagishakishwa abandi bari kumwe igihe bafatanwaga ibiro 140...
Umwuzukuru w’umwamikazi Elisabeth w’Ubwongereza,Princess Eugenie ari kuvugwa mu bitangazamakuru byo ku isi kubera ubukwe bw’akataboneka yakoranye n’umugabo we Jack Brooksbank...
Iyo ni imwe mu nyubako zangijwe n’ imvura idasanzwe yaguye mu karere ka Rubavu(Foto: Magarambe Theodore)
Imvura ivanze n’ umuyaga mwinshiyaguye kuwa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017 yangije...
Umuryango wa MUTUNGIREHE Anastase uherutse kwibaruka impanga 3 z’abakobwa,wagabiwe inka n’umukuru w’Igihugu H.E Paul Kagame binyuze muri gahunda ya Girinka, bayishyikirizwa na Visi Meya Mapambano...
Umwuzukuru mukuru wa Perezida Kagame,Anaya Abe Ndengeyingoma,akaba imfura ya Ange Ingabire Kagame na Betrand Ndengeyingoma, ari mu bana bakorewe ibirori byo gusoza icyiciro mu irerero...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu karere ka Ngoma, ku wa Kabiri tariki ya 15 Ugushyingo, yagaruje amafaranga y’u Rwanda 1,096,000 agize amwe mu yo umukozi wo mu...
Umugore w’imyaka 47 usanzwe ari Umuyobozi w’Umudugudu wa Terimbere uherereye mu Karere ka Ngoma yacaniriye amazi arabira, ayamena ku mugabo we mu rwego rwo kumwihimuraho ngo kuko amaze iminsi...
Umunya-Nigeriya witwa Tukumbo Shakuru Adeite yasanzwe mu rugo rumwe rwo mu Mudugudu wa Rubimba Akagari ka Nyamagana mu Murenge wa Remera wo mu Karere ka Ngoma yapfuye.
Uyu munya Nigeriya ngo ku...
Prof. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ni umwe mu bakatiwe igihano cyo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara.
Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015,ku munsi wo kuwa mbere yatangaje ko yagerageje kwiyahura kubera urukundo agahagarikwa n’abo mu muryango...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Ngoma na Karongi yaganirije ababyeyi b’utu turere ku kibazo cy’abana bata amashuri, ibasaba kurinda abana babo ikintu cyose cyatuma bata ishuri kuko bishobora...
Polisi yatangaje ko yarashe ku wa 19 Mata 2018 Nsengiyumva Francois wari ukurikiranyweho icyaha cyo gupfobya no guhakana Jenoside, uyu mugabo yari aherutse kuvuga ko kwibuka ari umunsi w’ umunsi...
Umutoza mukuru wa Rayon Sports Ivan Minnaert ushaka kwikiza abakoranaga na Karekezi Olivier bose,yamaze kwirukana umutoza w’abanyezamu Nkunzingoma Ramadhan kubera kutumvikana ku mukino wabahuje na...
Meghan Markle uherutse gushyingiranwa n’igikomangoma Harry mu bukwe bw’agatangaza bwabaye ku wa 19 Gicurasi 2018,yateje urunturuntu mu banyamategeko b’Abafaransa kubera amafoto akurura abagabo...
Ikamyo ikora mu muhanda ujya i Kirehe yagonze umumotari n’uwo yari ahetse bahita bitaba Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki 10 Nyakanga ahagana mu ma saa kumi...
Abaturage benshi bakomoka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo batangiye kuzinga utwangushye bahungira mu Rwanda kubera ko batewe ubwoba n’ibizava mu matora ya perezida wa Repubulika...
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ucyuye igihe,Joseph Kabila,yasubije abakongomani benshi bagiye bamwishisha ndetse bakamushinja ko ari umunyarwanda kurusha uko ari...
Umukobwa w’Umwami (Igikomangoma)w’igihugu cya Swede witwa Sofia n’umugabo we witwa Carl Philip biteguye kwakira umwana wa kabiri nyuma y’amezi 11 gusa bibarutse imfura yabo wabo yitwa Alexander Erik...
Mukankurunziza Afisa utuye mu kagari ka Sakara, mu murenge wa wa Murama, akarere ka Ngoma,wasigaye ari incike nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi aravuga ko abo mu idindi ya Islam bari kumubuza...