Igikomangoma cya Wales, Charles n’umugore we Camilla bageze i Kigali mu nama ya Commonwealth,mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri.
Prince Charles, Igikomangoma m’Ubwami bw’u Bwongereza,yageze mu Rwanda...
Igikomangoma Philip, umugabo w’Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II bari bamaranye imyaka 73, yitabye Imana ku myaka 99 nkuko ingoro ya Buckingham Palace...
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye itangaje ko yafatiye ibihano abantu batandukanye bo hirya no hino ku Isi, barimo umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy...
Umuvugizi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Major Willy Ngoma, yifatiriye ku gahanga Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), akinnyega agaragaza ko nta bushobozi bwo...
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Maj Willy Ngoma, yagaragaye aragiye Inka mu rwuri, atangaza ko mu duce turi kugenzurwa n’uyu mutwe, amahoro ahinda.
Cyuzuzo Jean d’Arc ukorera Kiss FM yasubizanyije amashagaga uwari wise umu ’Congoman’ umukunzi we uherutse no kumwambika impeta y’agateganyo yo kubana,ndetse binavugwa ko ubukwe bw’aba bombi buri...
Ba Perezida w’u Burundi, Tanzania, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kenya ni bamwe mu bategetsi b’ibihugu by’amahanga bifatanyije n’Ubwongereza nyuma yuko Igikomangoma Philip atabarutse ku myaka...
Kapiteni wa kabiri wa Rayon Sports,Irambona Eric yatangaje ko iminsi 10 bamaze mu mwiherero mu karere ka Ngoma barushijeho kuba ikipe ndetse ngo imyitozo bahakoreye igiye kubabera impamba ikomeye...
Kwegura kw’abayobozi bo mu turere kwakomereje mu Ntara y’Iburasirazuba aho uwari umuyobozi w’Akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Rwiririza Jean Marie Vianney, yanditse ibaruwa...
Abana batatu barimo abahungu babiri n’umukobwa umwe bo mu karere ka Ngoma baburiwe irengero ku wa Mbere tariki 2 Nzeri 2019, basanzwe mu rufunzo rw’uruzi rw’Akagera bitabye...
Umutoza w’abazamu ba Rayon Sports,Nkunzingoma Ramadhan,biravugwa ko yamaze gushyikiriza ubuyobozi bwa Rayon Sports ibaruwa yegura ku mirimo ye kubera ko imaze amezi 3...
Mu murenge wa Ngoma w’ akarere ka Nyaruguru uri uhana imbibi n’ igihugu cy’ u Burundi hari abaturage bavuga ko bamaze imyaka igera ku 8 batarahabwa indangamuntu kandi barujuje ibisabwa...
Ubukwe bw’igikomangoma Harry na Meghan Markle bwatashywe n’abantu barenga ibihumbi ijana
Meghan Markle byatahuwe ko yatandukanye n’umugabo we wa mbere .
Aba bombi ngo bashyingiwe mu mwaka wa 2011...