Kuri uyu wa Gatatu, isiganwa rya Tour du Rwanda ryakomeje ku umunsi waryo wa kane, mu gace kahagurukiye i Kigali [Kimironko] kerekeza mu Karere ka Gicumbi, ku ntera y’ibilometero...
Abaturage batuye mu kagari ka Nyabugogo Mu mudugudu wa Karama,Umurenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, baratabariza umugabo witwa Ngizwenayo Anicet uhozwa Ku nkoni n’umugore we, aho yaraye...
Abapolisi bo mu Ishami rishinzwe kurwanya Ibiyobyabwenge bataye muri yombi abantu batatu bakwirakwizaga urumogi mu Mujyi wa Kigali. Bafatiwe mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya no mu...
Guhera kuri uyu wa Kabiri, abantu bo mu Mujyi wa Kigali bafite imyaka 18 kuzamura bacikanwe na gahunda yo kwikingiza #COVID19 bashyiriweho uburyo bwo guhabwa urukingo.
Ni igikorwa kibera muri...
I Nyamirambo hari umugore wacuruje umwisengeneza we bigera aho asama inda ku myaka 13, nyina w’umwana yitabaza inkiko. Uyu mubyeyi waburanye na muramukazi we avuga ko yabuze umwana we kuko...
Ku munsi w’ejo nibwo hakwirakwiriye amakuru avuga ko Ykee Benda yaje mu Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize aje kureba umukunzi we mushya,Akayesu Sharon uzwi nka...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwanyomoje amwe mu makuru yavuzwe ku rupfu rw’umugabo witwa Twibanire Emmanuel wo mu Kagari ka Munanira II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge,...
Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports barenga 15 biganjemo abazwi nk’aba hooligans barimo Rwarutabura,Nkundamace,Malaika n’abandi, baramukiye ku biro byayo biri ku Kimihurura bashaka guhura na komite...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 09 Mutarama 2021,abantu 3 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 118 mu gihe abanduye bo...
Mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 31 ukwakira ku cyicaro cya polisi yo mu Mujyi wa Kigali i Remera, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru itsinda ry’abantu 7 bakekwaho ubufatanye mu...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye abakorera mu isoko rya Nyarugenge ryasubukuye imirimo kuri uyu wa Kane, kubahiriza ingamba zashyizweho zo kwirinda coronavirus kugirango icyatumye bafungirwa...
Umujyi wa Kigali waraye usohoye itangazo rivuga ko ku wa 31 Kamena 2020,Isoko ry’umujyi wa Kigali “Kigali City Market” ryemerera ryemerewe kongera gufungura imiryango nyuma y’ibyumweru bisaga 2...
Bamwe mu bacuruzi bacururizaga mu masoko 2 aherutse gufungwa arimo iryo kwa Mutangana n’irya Nyarugenge bagiye gukorera ahandi, harimo n’ahazwi nko ku Giti cy’Inyoni baravuga ko hari abashobora...
Umujyi wa Kigali wamaze gutangaza ko igihe cyo gufunga isoko ryo kwa Mutangana n’irya Nyarugenge rizwi nka Kigali City Market cyongereweho indi minsi 7 nyuma yo kuyafunga kuwa 17 Kanama 2020...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17/8/2020, muri Nyarugenge, ku bufatanye bwa command post y’umurenge (Polisi) ya Nyarugenge, n’iy’ Akagari ka Kiyovu, hakozwe ubugenzuzi bugamije kureba ko amabwiriza yo...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston, yahishuye ko kuba benshi mu Banyarwanda baranze kumvira amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 bigiye...
Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 ni yo imaze kuboneka mu byobo byamenyekanye ko byajugunywemo abantu mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Kagari ka...
Minisitiri w’Ubuzima Dr.Daniel Ngamije yatangaje ko ubwandu bwiyongereye cyane mu minsi 2 ishize bwagaragaye mu isoko rikuru rya nyarugenge,kwa mutangana no mu bigo birimo za...
Umukobwa witwa Feza wari tuye mu mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro yatawe muri yombi ashinjwa guta mu ruzi rwa Nyabarongo umwana we kubera ko uwo...
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu...
Impuguke mu bijyanye n’isuku y’uruhu zivuga ko hari amoko arenga 20 y’ibintu abantu bisiga mu bice byo mu maso, bigizwe n’amavuta, amakaramu bandikisha ku ruhu ndetse n’amarangi cyangwa ‘vernis’...
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (Minema) yatangaje ko imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo kuwa 24 rishyira ku wa 25 Mata 2020, yateje ibyago byinshi birimo guhitana abantu...
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (Minema),yatangaje ko imvura yaraye iguye mu ijoro ryakeye yishe abantu 3, barimo 1 wo mu karere ka Nyarugenge na 2 bo muri Nyaruguru,hanangirika inzu 8...
Umwana witwa Mugisha Happy w’imyaka 9 wigaga ku kigo cy’amashuri abanza cy’Intwari giherereye mu murenge wa Rwezamenyo mu karere ka Nyarugenge,yatwawe na ruhurura ubwo yari kumwe na mugenzi we...